Umuhanzi Gabiro Guitar, Dj Theo na Producer Niz beats bakoze impanuka
•
Umuhanzi Gabiro Guitar yakoze impanuka y’imodoka,ari kumwe na Producer Niz Beats na DJ Theo barokotse impanuka ikomeye y’imodoka barimo,ubwo berekezaga i Gikondo. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 26 Nyakanga 2021 i Nyamirambo kuri 40, ku muhanda umanuka Rwampala, aho imodoka yabo yarenze umuhanda igashaka kwinjira mu rugo…
Ntibisanzwe: Umwana w’imyaka 10 yakoreye se ibyo yari amaze gukorera nyina amuhohotera bimuviramo gupfa
•
Polisi mu Karere ka Rukungiri muri Uganda iri mu iperereza ku rufu rw’umugabo w’imyaka 33 bivugwa ko yishwe n’umuhungu we w’imyaka 10 nyuma y’amakimbirane yabanje kubera mu rugo hagati y’umugabo n’umugore we. Umugabo wishwe ni uwitwa Pius Tugumisirize, wari utuye mu Mudugudu wa Rwesero, ubarizwa muri Paruwasi ya Kikarara, mu Murenge wa Bwambara, ho…
Mozambique: Perezida Nyusi yashimiye ingabo za RDF zamufashije gukubita incuro inyeshyamba
•
Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, yashimye ingabo z’u Rwanda kubera akazi kadanzwe zikomeje gukora mu ntara ya Cabo Delgado, ashimangira ko nta kiguzi gishobora kugira akazi ziri gukora. Perezida Nyusi yabigarutseho ejo ku Cyumweru, mu ijambo yagejeje ku banya-Mozambique risobanura aho Leta igeze ikemura ikibazo cy’umutekano muke cyugarije amajyaruguru y’igihugu. Perezida Nyusi yavuze ko…
Rwanda: Habonetse ubwoko bwa Covid-19 butazwi
•
Mu bipimo 242 byo gushaka amoko ya Covid19 ari mu Rwanda habonetsemo ubwoko butazwi bw’iyi virus buri ku kigero cya 5.4%, nk’uko Imibare iva muri Minisiteri y’Ubuzima ibyerekana. Ubwoko bwiganje cyane ni Delta, bwabonetse bwa mbere mu Buhinde, iri ku gipimo cya 56.6%, nk’uko Minisitiri Dr Daniel Ngamije yabivuze mu kiganiro kuri televiziyo…
Muhanga: Gitifu wavuzweho gutuma Mudugudu kwaka ruswa yabaye umwere Mudugudu akatirwa gufungwa
•
Umumararungu Yvonne, wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Agateganyo mu kagali ka Musongati, Umurenge wa Nyarusange, yagizwe umwere ku cyaha cy’ubushukanyi yari akurikiranyweho, mu gihe Nshimiyimana Pierre, Umukuru w’Umudugudu wa Kagarama yahamijwe icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya agahabwa igihano cyo gufungwa imyaka 2 n’amezi 6 no gutanga ihazabu ya Miliyoni 3 z’amafaranga yu Rwanda.…
Platini yasubije abamunenze nyuma yo kwibaruka hashize amezi 4 gusa arushinze anahishura icyo yabwiye umugore we nyuma yo kubyara
•
Nyuma y’uko amafoto y’ubukwe bwa Platini agiye hanze, bamwe bavuze ko umugore we Ingabire Olivia atwite inda nkuru abandi barabihakana gusa biza kuba impamo ubwo kuwa Kane w’icyumweru gishize bibarukaga nyuma y’amezi 4 gusa barushinze. Kuri ubu Platini yagize icyo abivugaho. Mu kiganiro Platini yahaye Radio Isango Star binyuze muri ’Sunday Night’ cyo…