Byatangiye ari intambara! Rayvanny na Paula mu munyenga w’urukundo mu maso ya nyina Kajala wanahawe akayabo n’uyu muhanzi
•
Isi babayemo ntabwo ari aya hano hafi! Frida Kajala nyuma yo kuvumira ku gahera Rayvanny amushinja kumusindishiriza umwana akaboneraho kumusoma n’ibindi, asa n’uwamumweguriye kuko noneho bamuteretanira mu maso. Ibi byagaragariye mu isabukuru y’uyu mubyeyi wananyanyagijweho akayabo n’uyu muhanzi. Ntawe utibuka inkundura yabaye ubwo hasakaraga amashusho agaragaza Rayvanny ari gusomana na Paula Kajala umukobwa…
Meddy akoze amateka atarakorwa n’undi muhanzi nyarwanda
•
Umuhanzi Meddy yashimiye byimazeyo abakunzi be n’abakunzi b’umuziki nyarwanda muri rusange nyuma yo guca agahigo katarakorwa n’undi muhanzi uwo ari we wese mu Rwanda Indirimbo My Vow iri mu mitwe y’abakunzi b’umuziki kuva ikimara gusohoka mu ijoro ryo kuwa 22 Gicurasi 2021 aho yahise isamirwa hejuru n’abari bayitegerezanyije amatsiko nyuma y’uko nyir’ubwite yari…
Guma mu rugo yashyizweho mu mugi wa Kigali no mu turere 8 yongerewe igihe
•
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kubera ubwiyongere bwa Covid-19 mu Rwanda,Guma mu rugo yashyizwe mu mujyi wa Kigali n’utundi turere 8 yongereweho iminsi 5. Ingamba ziheruka zari zafashwe kuwa 17 Nyakanga zigomba kumara iminsi icumi mu mujyi wa Kigali no mu Turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro. …
Apotre Gitwaza yahanuye ibintu bikomeye bigiye kuba ku mugabane wa Afurika
•
Apôtre Dr Paul Gitwaza uyoboye Zion Temple Celebration Center ubwo yari mu giterane cya Afurika Haguruka tariki ya 18 Nyakanga 2021, yahanuye ko umugabane wa Afurika uzaba igihugu kimwe kizitwa Leta Zunze Ubumwe za Afurika, ndetse ikazajya igikoresha ururimi rumwe; Igiswahili. Ubu ni bumwe mu buhanuzi burindwi (bwumvikana muri videwo dukesha Ibyamamare) Apôtre Gitwaza…
Umugabo yatawe muri yombi ashubije umukozi we wo mu rugo iwabo kuko yanduye Covid-19
•
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa 24 Nyakanga 2021 yafatiye mu Karere ka Nyanza umugabo wari utwaye umukozi wo mu rugo mu modoka, amusubije iwabo kuko ngo yanduye icyorezo cya Covid-19. Uyu mugabo wari wipfutse mu isura no ku mubiri hose kugira ngo atandura iki cyorezo, ubwo yerekwaga itangazamakuru yasobanuye ko impamvu yabikoze ari…
RDF yifashe ku bijyanye n’imibare y’abaguye mu irasana ryayihuje n’inyeshyamba muri Mozambique
•
Igisirikare cy’ u Rwanda, Rwanda Defence Forces (RDF), cyemeje ko koko cyahanganye n’inyeshyamba muri Mozambique gusa cyirinze kuvuga ku mibare y’abaguye muri iyo mirwano. Kuwa 9 na 10 Nyakanga u Rwanda rwohereje abasirikare bagera ku gihumbi kugira ngo bahashye inyeshyamba zazonze Intara ya Cabo Delgado. Bimwe mu binyamakuru byavuze ko abasirikare ba RDF…