Umuhanzi Platini n’umugore we bibarutse imfura nyuma y’amezi 4 gusa barushinze
•
Umuhanzi Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platin P mu itsinda ryamamaye rya Dream Boys, yabarutse imfura ye na Ingabire Olivia nyuma y’amezi Ane gusa bamaze barushinze . Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Nyakanga umuhanzi Platin P nibwo yashimye Imana ko ibahaye umwana muzima abinyujije kuri Status…
Musanze: Mu ijoro ryakeye humvikanye urusaku rw’amasasu mu mugi wa Musanze
•
Ibi byabaye mu ijoro ryo kwa 21 rishyira kuwa 22 Nyakanga 2021 mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Muhoza gusa ntiharamenyekana icyateye ukuraswa kw’aya masasu. Nk’uko Bwiza dukesha iyi nkuru ibitangaza, umuturage watanze ubuhamya avuga ko yumvise amasasu arenga 20 amwe aba yarasiwe mu gace kabarizwamo gereza andi akarasirwa ku musozi wa Nyamagumba. Uyu…
Uwahoze ari umunetsi muri FBI ufatwa nk’uwayikoreye ari muto kurusha abandi yareze uru rwego arusaba miliyoni 100 z’amadorari
•
Ibikorwa bye byakinwemo filimi muri Hollywood, none ubu inkuru y’uwari maneko wa FBI ariko akiri umwana yafashe indi ntera. Richard Wershe Jr yatanze ikirego gisaba miliyoni $100 abakozi n’abashinjacyaha ba FBI, abarega guhohotera umwana bijyanye n’igihe yakoreye FBI ayiha amakuru. Wershe, ubu ufite imyaka 52, yamaze imyaka irenga 30 afunze nyuma yo…
Umunyezamu Kwizera Olivier yasezeye kuri ruhago ku myaka 27
•
Umunyezamu Kwizera Olivier wakiniye amakipe nka Rayon Sports,APR FC n’ikipe y’igihugu “Amavubi”yamaze gutangaza ko yasezeye ku mupira w’amaguru ku myaka 27 nyuma y’ibihe bibi yanyuzemo birimo no gutabwa muri yombi azira gukoresha ibiyobyabwenge. Kwizera uherutse guhamwa n’icyaha cyo kunywa ibiyobyabwenge bwo mu bwoko bw’urumogi agakatira igifungo cy’umwaka gisubitse,yabwiye Radio Flash ko yafashe umwanzuro…
Harmonize yasabye imbabazi umuzungukazi bahoze bakundana
•
Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uri mu bakunzwe mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yifashishije indirimbo ‘Uno’ aheruka gusohora asaba imbabazi Sarah Michelotti, Umutaliyanikazi bahoze bakundana. Sarah na Harmonize bakundanye imyaka ine, mbere yo gushyira iherezo ku rukundo rwabo mu Ugushyingo 2020 bijyanye no kuba uriya mugore yarashinjaga uriya muhanzi kuba umubeshyi ndetse no kumuca…
Ibiribwa ukwiye kwibandaho mu mafunguro yawe muri iyi minsi Covid-19 yugarije isi kuko byongerera ubudahangarwa umubiri wawe
•
Iyo tuvuze abasirikare b’umubiri cyangwa ubudahangarwa tuba tuvuze insoro zera (globules blancs/white blood cells). Izi nsoro zera nizo zifasha umubiri wacu guhangana n’indwara zinyuranye cyane cyane iziterwa na mikorobi. Ubucye bwazo rero nibwo bushobora gutera umubiri wacu kwibasirwa n’indwara kuko ingufu zo guhangana ziba zagabanutse. Hano rero twabahitiyemo ibyo kurya 10 bya…