Burundi: Umuyobozi w’ishyaka UPRONA avuga ko Perezida ndayishimiye yatukishije igihugu ubwo yahaga ingoma mugenzi we wa Tanzania Samia Suhulu
•
Umuyobozi w’ishyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, Charles Nditije avuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye yatukishije igihugu ubwo yahaga ingoma mugenzi we wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan. Perezida Ndayishimiye yatanze iyi mpano tariki ya 17 Nyakanga 2021 ubwo yari yasuwe na Perezida Samia mu ruzinduko bombi basinyiyemo amasezerano atandukanye y’ubufatanye bw’ibihugu byombi. Charles Nditije…
PSG irashaka kugurisha abakinnyi 9 bose kubera Kylian Mbappe
•
Ikipe ya PSG imaze kwiyubaka kurusha izindi zose ku mugabane w’I Burayi, iritegura kugurisha abakinnyi 9 kugira ngo ibone amafaranga yo kwishyura Kylian Mbappe usigaje umwaka umwe w’amasezerano kugira ngo ayongere. PSG yaguze abarimo Wijnardum,Ramos,Hakimi na Donnaruma,yamaze gufata umwanzuro wo kugurisha aba bakinnyi kugira ngo yikureho umushahara wabo iwongere Kylian Mbappe ndetse amafaranga…
Mozambike: Ingabo z’u Rwanda zatangiye imirwano n’inyeshyamba zigometse ku butegetsi
•
Amakuru aturuka mu Gihugu cya Mozambique aremeza ko Ingabo z’u Rwanda zatangiye urugamba rwo guhashya inyeshyamba ziteza umutekano muke mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihe n’Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC) zikomeje kugera muri icyo Gihugu. Biravugwa ko mu mirwano yabaye ku wa Kabiri, Ingabo z’u Rwanda zahase umuriro…
Akayabo abakoresha Pegasus(programu ikoreshwa mu butasi irimo guca ibintu ku isi) bishyura Abayisiraheri bayikoze
•
Ubutasi kuri telephone ngendanwa bwongeye kuvugwa muri iyi minsi ko bukorwa na za leta zimwe na zimwe, igiciro cyabwo gishobora kugera kuri miliyoni 1$ kugira ngo ikoreshwe muri telephone 10 gusa, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru New York Times. Amnesty International iherutse gutangaza amakuru mashya y’abantu batandukanye Pegasus yinjijwe muri telephone zabo, cyangwa yagerageje kwinjizwamo…
Perezida Samia Suhulu yannyeze mugenzi we, Perezida Ndayishimiye w’u Burundi nyuma yo kuvuga icyongereza nabi
•
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, aherutse gusaba mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kujya yikoreshereza Igiswahili mu mbwirirwaruhamwe ze aho kuba Icyongereza, nyuma yo kugerageza kuvuga uru ririmi akaruvuga nabi. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi yavuze mu cyongereza mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo yabwiraga itangazamakuru ibyo we na Perezida Samia Suluhu Hassan wa…
Amateka ya Capt. Valentine Strasser wafashe ubutegetsi ku myaka 25 gusa akaba perezida muto kurusha abandi ku mugabane wa Afurika
•
Kapiteni Strasser Valentine yagiye ku butegetsi mu mwaka w’1992 nyuma yo guhirika perezida Joseph Saidu Momoh ubwo Sierra Leone yari yugarijwe n’intambara y’inyeshyamba za RUF ya Coporal Fodey Sankoh. Muri icyo gihe Capt. Strasser yari yaroherejwe kurwanya inyeshyamba zari zarigometse ku butegetsi bwa Momoh zari ziyobowe na Coporal Foday Sankoh aho we yari yaroherejwe…