Kamichi yatunguwe no kubwirwa ko indirimbo aherutse gushyira hanze “Summer vibes” atari iye ndetse igakurwa ku rubuga rwa Youtube
•
Umuhanzi Kamichi yatunguwe no gusanga urubuga rwa Youtube rwamwandikiye rumubwira ko rwafashe umwanzuro wo gukuraho amashusho y’indirimbo ye yise ‘Summer Vibes’ aherutse gusohora. Uwitwa Shema Christian yandikiye Youtube avuga ko indirimbo ‘Summer Vibes’ ari iye, bituma uru rubuga rufata umwanzuro wo gukura iyi ndirimbo kuri shene ya Youtube ya Kamichi. Kamichi yavuze…
Umusirikare yarasiye umukunzi we ku karubanda amuhora kwanga kuvuga YEGO ubwo yamutereraga ivi
•
Ni kenshi humvikana abantu babengewe ku karubanda, ibintu bishobora gutuma umwe atekereza nabi cyane iyo hari amafaranga yagutanzeho nk’uko umusirikare wo muri Nigeria yaruhiye umukobwa yakundaga akamuha amafaranga menshi azi ko bazabana bikarangira amurashe. Mu nkuru zibabaje ziri kuvugwa hirya no hino muri Nigeria, ni uburyo umusirikare yishe umukunzi we amurashe. Ni nyuma…
Rwanda: 3.8% by’abapimwe Covid-19 mu minsi 2 ishize basanganwe Covid-19. Uko imibare ihagaze muri buri Karere
•
Mu Rwanda mu minsi ibiri ishize hafashwe ibipimo byinshi bya Covid-19 cyane cyane mu mujyi wa Kigali, ubu birerekana ko hafi 4% by’abapimwe banduye iki cyorezo. Umurwa mukuru Kigali n’utundi turere umunani uyu munsi batangiye umunsi wa gatatu mu minsi 10 bagomba kumara mu ngo zabo. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko ishaka gupima…
Umuyobozi wa Rayon Sports yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga n’ubufatanye
•
Uwayezu Jean Fidele yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga no gutsura ubufatanye n’ikipe ya Casablanca. Kuri iki gicamunsi tariki 18 Nyakanga 2021 ni bwo umuyobozi wa Rayon Sport yafashe indege yerekeje mu guhugu cya Maroc mu ruzindiko rw’iminsi itandatu aho biteganyijwe ko azasinya amasezerano y’ubufatanye hagati y’ikipe ayobora na Raja Athletic Casablanca.…
Leta yatangiye guha ibiribwa imwe mu miryango itabona ibyokurya kubera Guma mu rugo
•
Kuri iki Cyumweru, Guverinoma yatangiye gutanga ibiribwa ku miryango ibona icyo kurya ari uko yakoze mu rwego rwo kuyunganira muri iki gihe Umujyi wa Kigali n’uturere 8 biri gahunda ya Guma mu Rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney arizeza abaturage ko ntawe uzabura ibiribwa…
Wari uzi ko imbuto z’ikinyomoro ari urukingo rukomeye ku ndwara nyinshi zirimo iz’umutima, diabete…? Sobanukirwa
•
Ibinyomoro (tree tomato cg tamarillo) ni urubuto rw’ingirakamaro kandi rwiza, ruryohera rukagira na aside, kandi rushobora kwera ahantu hato, nko mu busitani. Kubera intungamubiri zarwo ruzwiho kurinda zimwe mu ndwara z’umutima ndetse na Diyabete. Ibinyomoro byatangiye guhingirwa muri amerika y’amajyepfo. Siho byera gusa cyane kuko no mu Rwanda, afurika y’epfo, Australiya na New…