Riderman yahishuye amazina yise abana b’impanga aherutse kubyara n’ibisobanuro byayo
•
Umuraperi Gatsinzi Emery [Riderman] uri mu bakomeye mu Rwanda, yatangaje ko abana b’impanga b’abakobwa aherutse kwibaruka yabise amazina; umukuru yamwise Kamba naho umuto yamwise Randa. Riderman yifashishije konti ye ya Instagram mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki 23 Kamena 2021, yatangaje ko hashize ukwezi yibarutse impanga n’umugore we. Uyu muraperi yatangiye…
Dore indwara zirimo n’izikomeye ndetse n’ibyago 10 waba wirinze uramutse unyweye umucyayicyayi mu buryo bukwiye
•
Umucyayicyayi tuwuzi nk’ikirungo cy’icyayi aho ukoreshwa wonyine cyangwa ukavangwa n’andi majyane anyuranye mu rwego rwo kurunga icyayi. Gusa Umucyayicyayi ni n’umuti w’indwara nyinshi harimo iz’umutima ziterwa n’ibinure byinshi, kuribwa mu nda, gusukura umubiri n’ibindi. Umucyayicyayi ufite byinshi by’ingenzi umarira ubuzima bwacu nkuko tugiye kubibona. Ibi biterwa n’uko tuwusangamo byinshi nka citral, , phenols,…
Reba umuhanzikazi Lizzo ufite ubunini budasanzwe ukomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga barimo 50 Cent na P Diddy
•
Umuhanzikazi Lizzo uri mu bagezweho akomeje kuvugisha abantu benshi barimo P Diddy na 50 Cent. Uyu mukobwa akaba atangaza benshi kubera icyizere yigirira akerekana amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga yerekana imiterere ye y’ubunini budasanzwe mu gihe hamenyerewe ko ababikora ari ab’urubavu ruto. Melissa Viviane Jefferson wamamaye ku izina rya Lizzo ni umuhanzikazi ugezweho…
Reba ifoto ya Messi ikoze amateka kuri Instagram igakuraho agahigo k’iya Cristiano Ronaldo
•
Nyuma yo kwegukana igikombe cya Copa America, ifoto ya Lionel Messi yakoze amateka yo gukundwa n’abantu benshi kuri Instagram mu mafoto yo muri Siporo. Kuri uyu wa 6 hari hashize icyumweru Argentina na Messi begukanye igikombe cya Copa America. Nyuma yo kwegukana iki gikombe, Messi yashyize ku rukuta rwa Instagram ifoto ari wenyine…
Abakuru B’ibihugu 5 Bakize Kurusha Abandi Ku Mugabane Wa Afurika Muri 2021 – AMAFOTO
•
Muri iyi nkuru, turarebera hamwe umukuru w’igihugu muri Afurika ukize kurusha abandi hagendewe ku mutungo wabo nk’uko byakusanyijwe na Forbes. 1. Umwami Mohammed VI (Maroc) – Miliyari 5.8 $ Umwami Mohammed VI yavutse ku ya 21 Kanama 1963 i Rabat, muri Maroc. Ubu ni umuyobozi wa Maroc, umwanya yafashe nyuma y’urupfu rwa se mu…
Menya umubiri wawe: Ibara ry’imihango ubona rifite byinshi risobanuye harimo n’ibyo ugomba kwitondera cyane
•
Ibara ry’imihango yawe rifite byinshi rivuze, byerekeye ubuzima akaba ariyo mpamvu ugomba kuryitondera, mu gihe waba ubona rihinduka ukaba wagana kwa muganga ukamenya impamvu byifashe gutyo. Abakobwa bose bageze mu gihe cy’ubugimbi, baba bagomba kujya mu mihango ngaruka kwezi. Kuri bose siko ibara ry’imihango risa; hari abo iba itukura cyane, abandi ikaba ijya…