Sergio Ramos yatangaje umukinnyi watumye yerekeza muri Paris Saint-Germain
•
Myugariro Sergio Ramos wari umaze imyaka 16 muri Real Madrid ariko akaba yerekeje muri Paris Saint-Germain,yavuze ko Neymar Jr ariwe wagize uruhare runini rwo kwerekeza muri iyi kipe yo mu Bufaransa. Ramos yavuze ko gushidikanya kose yari afite kuri iyi kipe yo mu Bufaransa kwavanweho na Neymar Jr. Ramos w’imyaka 35,yifuzwaga n’amakipe…
Diamond yaguze Imodoka iri mu zihenze Za mbere ku Isi[AMAFOTO]
•
Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania,yaguze imwe my modoka zihenze cyane ku Isi yo mubwoko bwa Rolls-Royce Cullinan”yahoraga yifuza kuva mu bwana bwe ku kayabo ka 330.000$ni ukuvuga asaga miliyoni 330 Frw. Uyu muhanzi usanzwe akunda imodoka zihenze, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yeretse abakunzi be imodoka yo mu bwoko…
Uganda yaciye amarenga ko imipaka yayo n’u Rwanda ishobora gufungurwa vuba
•
Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ububanyi n’amahanga, Henry Okello Oryem yatanze icyizere ko imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda ifungurwa mu gihe cya vuba. Minisitiri Okello yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Xinhua News, ku murongo wa telefone, ubwo yabazwaga intambwe ibihugu byombi bimaze gutera mu kugerageza kuzahura umubano umaze imyaka hafi itatu utifashe…
60% by’abandura COVID19 mu Rwanda baba bafite virus nshya ya Delta ibica amarenga ko ibihe bibi bishobora kuba biri imbere kurusha ibyatambutse- Dr Mpunga
•
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Lt Col Dr. Tharcisse Mpunga avuga ko ibipimo bifatwa bigaragaraza ko 60% baba baranduye ubwoko bushya bwa Coronavirus bwiswe Delta. Mu makuru ya Radiyo Rwanda, muganga Mpunga yavuze ko ” ibipimo bifitwa bigaragaza ko 60% by’abandura COVID19 baba bafite ubwoko bushya bwa Delta.” Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel…
Eddy Kenzo ’yateye inda’ umukobwa w’umuherwe ukorera mu Rwanda
•
Hari amakuru ko umuhanzi Eddy Kenzo yamaze gutera inda umukobwa wa nyiri Azam witwa Bellinda Myra Bhakresa bakundanye muri iki gihe. Amakuru ava mu nshuti za hafi za Myra, uyu atwite inda y’amezi atanu, akaba yiteguye kubyarira Eddy Kenzo. Ikinyamakuru CelebPatrol cyo cyemeza ko ayo makuru ari impamo 100%. Impande zombi nta n’umwe…
Jali: Umugabo Yasanzwe Amanitse Mu Giti Yapfuye
•
Umugabo witwa Mpamira Marcel mu rukerera rwo kuri uyu wa 14 Nyakanga yasanzwe mu giti yapfiriye mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo. Aya makuru akaba yamenyekanye ubwo abakorana na nyakwigendera bakomeje kumushaka ku murongo wa telefoni ngendanwa bakamubura, bizakurangira asanzwe mu giti amanitsemo yapfuye. Mpamira yari yubatse afite umugore n’abana 6, yari…