Mike Karangwa yamaze kurega Murindahabi Irene ashinja kumwandagaza agamije inyungu ze bwite yitwaje ikibazo yagiranye n’abahanzi Vestine & Dorcas
•
Umunyamakuru Mike Karangwa yashyize hanze ukuri kwe ku kibazo cye na mugenzi we Murindahabi Irene wamushinje kuba mu mugambi wo gushaka kumutandukanya n’itsinda ry’abahanzi, Vestine & Dorcas, binyuze ku babyeyi babo. . Mike Karangwa yareze Murindahabi Irene . Ikibazo cya Mike Karangwa na M. Murindahabi kiri mu butabera Byose yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri…
Ntibisanzwe: Yasoje icyiciro cya 2 cya Kaminuza ku myaka 11 gusa aba uwa 2 uciye aka gahigo. Byinshi kuri Lauren Simons ufite intego yo gutsinda urupfu
•
Lauren Simons ku myaka 11 yaciye agahigo ahita ajya ku mwanya wa 2 mu basoje icyiciro cya kabiri cya Kaminuza ari bato cyane, akaba yasoje mu ishami ry’ubugenge. Icyifuzo cye ni ukuzavumbura icyatuma umuntu abaho iteka. . Yaciye agahigo ko kuba uwa 2 urangije ikiciro cya 2 cya Kaminuza ari muto cyane . Lauren…
Gianluigi Donnarumma yahishuye impamvu itangaje atishimiye gukuramo penaliti ya Saka yahesheje intsinzi Ubutariyani
•
Umunyezamu Gianluigi Donnarumma wabaye umukinnyi w’irushanwa rya EURO 2020 yavuze ko nyuma yo gukuramo penaliti ya Bukayo Saka atigeze yishima kubera ko atari azi ko batsinze. Gianluigi Donnarumma yavuze ko ubwo yari akuyemo iyi penaliti y’intsinzi,yari aziko bakomeza gutera izindi,gusa atungurwa no kubona bagenzi be bamusanga baza kwishimira intsinzi. Gianluigi Donnarumma yari yashimwe na…
Tiffah umukobwa wa Diamond yari agiye kumena ibanga ry’urukundo rwa Diamond na Zari muri iki gihe
•
Zari Hassan ntabwo yaretse umukobwa we yabyaranye na Diamond, Tiffah arangiza kuvuga iby’urukundo rwe na Diamond, aho yahise amuca mu ijambo avuga ko ari akabeshyi k’akana. Uyu mugore wibera muri Afurika y’Epfo, yashyize kuri Instagram y’uyu mwana amashusho atandukanye ye arimo amubwira ngo agire icyo abwira abamukurikira. Mu gace kamwe, mu magambo ye uyu…
Dore akayabo Manishimwe Djabel yahawe na APR FC kugirango yongere amasezerano
•
Umukinnyi Djabel Manishimwe ukina inyuma y’aba rutahizamu, yasinye amasezerano y’imyaka 4 muri APR FC ariko ahabwa akayabo k’amafaranga adahabwa buri wese mu Rwanda. . Manishimwe Djabel yongereye amasezerano muri APR FC . Djabel yahawe amafaranga atahabwa umukinnyi uwo ari we wese mu Rwanda Amakuru atugeraho avuga ko Djabel Manishimwe wari umaze imyaka 2…
Minisitiri W’Ingabo Muri Afurika Y’Epfo Yatangaje Ko Ari Ikibazo Kuba Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Iza SADC Muri Mozambique
•
Minisitiri w’Ingabo wa Afurika y’Epfo, Nosiviwe Mapisa-Nqakula ko ari ikibazo kuba ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique mbere y’iz’umuryango w’ibihugu biri mu majyepfo ya Afurika, SADC. Minisitiri Mapisa-Nqakula yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri SABC News tariki ya 10 Nyakanga 2021, hashize amasaha make u Rwanda rutangiye kohereza abasirikare n’abapolisi mu butumwa bw’amahoro mu ntara…