Latest post

Dore ibyiza byo kurongora umugore mugufi abasore benshi batazi

Share this:

Umugore mwiza ni isoko y’ibyishimo n’amahoro ku mugabo we. Iyo umugabo rubanda rumubona nk’igitangaza ariko umugore we akaba amusuzugura uwo mugabo yumva kuba rubanda rumwubaha ariko akaba atubashywe n’umugore we ntacyo bimaze. Mu rwego rwo kwirinda aka gasuzuguro kimwe mu…

Share this:

Akayabo k’amafaranga Perezida wa FERWAFA agiye kujya ahembwa katumye benshi bacika ururondogoro

Share this:

Munyentwari Alphonse uyobora Ferwafa agiye kujya ahabwa asaga Miliyoni 65 Frw buri mwaka, nyuma yaho Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yemeje ko amafaranga yagenerwaga abayobozi ba za Federasiyo kuri uyu mugabane yazamuweho 150% akagera ku bihumbi 50$. Byemejwe na…

Share this:

Yago yatorotse ubutabera bumukurikiranyeho ibyaha biremereye – Dr. Murangira

Share this:

Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, kuri uyu wa 3 Nzeri 2024, yavuze ko Nyarwaya Innocent, uzwi ku izina rya Yago yahunze bitewe n’ibyaha akurikiranweho, yongera kuvuga ko ukuboko k’ubutabera ntaho kutagera ko abantu nka Yago bakorera ibyaha hanze…

Share this:

Uganda: Bobi Wine yarashwe n’abapolisi

Share this:

Umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi ’Bobi Wine’ utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, kuri uyu wa Kabiri yarashwe na Polisi ya Uganda. Ubutumwa bwanyujijwe ku rubuga rwa X rw’uyu munyapolitiki ukuriye ishyaka NUP buvuga ko yarasiwe akaguru ahitwa Bulindo. Buragira buti: “Perezida…

Share this:

Umukobwa wa Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo agiye kuba umugore wa 16 wa Mswati

Share this:

Nomcebo Zuma, umukobwa wa Jacob Zuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, yerekanywe nk’ugiye kuba umugore mushya w’Umwami Mswati III wa Eswatini. Mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki ya 2 Nzeri ni bwo Nomcebo yerekanwe, ubwo muri Eswatini hasozwaga…

Share this:

Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zaguye mu gico cy’ibyihebe

Share this:

Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ibyihebe byiyitira Isilamu byateze igico abapolisi/ingabo zo mu Rwanda zari mu irondo, mu karere ka Mocimboa da Praia, mu majyaruguru ya Mozambike mu ntara ya Cabo Delgado. Umuyobozi w’akarere ka Mocimboa da Praia, Sergio…

Share this:

Hari gutangwa ishimwe ry’asaga miliyari 8.5RWF ku ngaragu ziyemeje gushaka no kubyara

Share this:

Ubuyobozi bw’umujyi wa Busan muri Koreya y’Epfo bwatangije gahunda yo gutanga ishimwe rihwanye n’agera ku $ 64,000, ku ngaragu ziyemeje kubaka ingo ndetse no kubyara, hagamijwe guhangana n’ikibazo cy’igabanyuka rikabije ry’abaturage. Uyu mujyi ukora ibirori bigamije ibiganiro byo guhuza abadafite…

Share this:

RDC: Ukuri ku cyihishe inyuma y’imirambo 129 yagaragaye mu mashusho ateye ubwoba muri gereza ya Makala

Share this:

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hagaragaye amashusho ateye ubwoba agaragaza imirambo myinshi irimo n’iyambaye ubusa, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ku wa mbere leta yari yavuze ko abantu babiri bapfuye mu gikorwa cyo kugerageza gucika gereza ya Makala y’i Kinshasa…

Share this:

Nyanza: Umugabo yashetewe ibihumbi 10 bituma ahasiga ubuzima

Share this:

Umugabo witwa Ntasangirwa Jean Claude w’imyaka 44 y’amavuko, yapfiriye mu musarane uri mu rugo ruherereye mu Mudugudu wa Nyakabuye mu Kagari ka Mpanga mu Murenge wa Mukingo ho mu Karere ka Nyanza, ubwo yari yahawe ikiraka cyo gukuramo telefone. Amakuru…

Share this:

Birababaje: Umusore na mushiki we bishe mukuru wabo w’imyaka 34 bamuhoye igikoma

Share this:

Mudugudu wa Nyacyonga, Akagari ka Kebero, Umurenge wa Ntongwe mu Karere ka Ruhango, haravugwa inkuru y’umusore wakubiswe na Murumuna we ndetse na mushiki we akaza kwitaba Imana azizwa igikoma. Uyu musore wishwe yitwa Maniragaba Alfred w’Imyaka 34 yari asanzwe abana…

Share this: