Latest post

Abasore: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda gukora ugamije gushimisha umukobwa ukunda

Burya mu rukundo habamo kwigomwa no kwitangira uwo ukunda ariko hari ibyo umuntu aba adakwiye gukora agamije kunezeza uwo bakundana gusa kuko nyuma birangira ari we bigizeho ingaruka zikomeye. Dore rero bimwe mu byo umusore adakwiriye gukora agamije gushimisha umukobwa…

Amakosa 5 yangiza urukundo abantu bakora batabizi

Mu rukundo hari amakosa umuntu akora atabizi ndetse bikaba byagira uruhare runini mu mibanire mibi n’umukunzi we cyangwa se bigasenya urukundo rwabo. Dore amakosa 5 abantu bakora mu rukundo batabizi ko arwangiza ntirurambe: 1. Umwikururaho Kwikurura ku mukunzi wawe cyane…

CIP Verdique Mutsinzi uyobora ikigo cy’inzererezi cya Gikondo yakatiwe

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwakatiye igifungo cy’iminsi 24 n’ihazabu y’ibihumbi ijana (100000 Frw) CIP Verdique Mutsinzi ukuriye Tranzit Center ya Gikondo. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha byo gufunga abitwa Twagirayezu Joel na NSHIMIYIMNA Aloys mu buryo bunyuranije n’amategeko. Mu rubanza…

Posted on

Cuba ishaka kwinjira mu muryango BRICS uyobowe na Vladimir Putin

Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Cuba, Carlos Pereira, yatangaje ko igihugu cyabo cyamaze gusaba kuba umunyamuryango wa BRICS. BRICS yashinzwe n’ibihugu bitanu bifite iterambere riri kwihuta mu 2006. Ibyo ni Brazil, u Burusiya, u Buhinde n’u…

Posted on

WHO irategenya guha u Rwanda miliyari 9 Frw zo guhangana na Marburg

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) ryatangaje ko ririmo gushaka miliyari zisaga 9 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 7.7 z’amadolari y’Amerika), guhera mu kwezi k’Ukwakira kugera mu Kuboza 2024, yo gufasha Guverinoma y’u Rwanda mu guhangana n’icyorezo cya Marburg. Iyo…

Posted on

Umusifuzikazi yahagaritswe burundu nyuma yo kuryamana n’umuyobozi we

Umusifuzikazi witwa Elif Karaarslan w’imyaka 24, yahagaritswe burundu nyuma y’aho hagaragaye amashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’umuyobozi we umukubye hafi inshuro eshatu mu myaka. Elif Karaarslan yatangiye gusifura imikino muri Turikiya nyuma y’uko imvune zatumye asezera gukina umupira w’amaguru. Kuri…

Posted on

Benjamin Netanyahu yasabye abaturage ba Liban ikintu gikomeye kugirango birinde ko igihugu cyabo gisenyuka nka Gaza

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko abaturage ba Liban bagomba kwitandukanya na Hezbollah kugira ngo birinde ko igihugu cyabo cyasenywa na Israel, nk’uko yabigenje mu gace ka Gaza. Kugeza ubu abantu barenga 1.400 bamaze kugwa mu bitero karundura…

Posted on

U Rwanda rwagenewe miliyoni 11$ yo kurwanya icyorezo cya Marburg

Umuvugizi w’ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden wa Amerika yatangaje ko iki gihugu cyatanze hafi miliyoni 11 z’amadorari agenewe gufasha u Rwanda n’ibihugu birukikije kurwanya icyorezo cya Marburg kugeza ubu cyabonetse mu Rwanda. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa mbere nijoro, Karine…

Posted on

Umuhango wo ‘kwita izina’ wasubitswe

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi wari uteganyijwe ku wa 18 Ukwakira 2024, wasubitswe. Ni icyemezo gikubiye mu itangazo RDB yashyize hanze mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Ukwakira 2024….

Posted on

Uwari wagizwe umuyobozi mushya wa Hezbollah nawe yishwe

Ministiri w’intebe wa Isiraheri Benjamin Netanyahu kuri uyu wa kabiri yatangaje ko igisirikali cya Isiraheli cyishe uwari umuyobozi mushya w’umutwe wa Hezbollah Hashem Safieddine wasimbuye Hassan Nasrallah, na we wishwe mu mpera z’ukwezi kwa Cyenda. Safieddine wari mubyara wa Nasrallah,…

Posted on