RDF yavuze impamvu yatumye Maj Gen Nzaramba na bagenzi be birukanwa mu gisirikare
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yirukanye abasirikare bakuru barimo Gen. Maj. Martin Nzaramba, Col. Dr. Etienne Uwimana n’abandi ba Ofisiye 19 bakuru n’abato. Inkuru ducyesha IGIHE ivuga ko Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Brig. Gen Ronald Rwivanga yatangaje…
Ntibisanzwe: Umukobwa yasanzwe mu idirishya ryo kwa Mudugudu yapfuye nyuma y’uko umuhungu wa Mudugudu yanze ko baryamana
Ku wa 28 kanama 2024, mu karere ka Bugesera, mu Murenge wa Mwogo, Kagari ka Rugenge, mu mudugudu umwe wo muri aka kagari, habonetse umurambo w’umukobwa wari umanitse mu idirishya ryo kwa Mudugudu, bicyekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi. BTN…
Tshisekedi yirukanye Tshibangu wari intumwa ye yihariye mu bibazo afitanye n’u Rwanda
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye yirukanye ku mirimo Serge Kabeya Tshibangu wari intumwa ye yihariye ishinzwe gukurikirana ibiganiro bya Nairobi na Luanda. Umuvugizi wa Tshisekedi, Tina Salaam ni we watangaje ko Tshibangu yirukanwe, asimburwa…
Gen Kazura n’abandi basirikare barenga 1,000 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare barenga 1,000 barimo Gen Jean Bosco Kazura wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda. Gen Kazura yabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda hagati y’Ugushyingo 2019…
Rwanda: BNR yahinduye inoti ya 5000FRW n’iya 2000FRW
Mu minsi mike mu Rwanda, haratangira kugaragara inoti nshya za 5000frw na 2000Frw zizaba zifite ibirango bitari ibyari bisanzwe kuri izo note. Bimwe mu bizaba biranga inoti nshya ya 5000Frw harimo inyubako ya Kigali Convention Center, mu gihe mu bizaba…
Hagaragayemo amarozi – Ibitaravuzwe ku mukino APR FC yasezereyemo Azam FC
Inkuru y’intsinzi APR FC yakuye ku ikipe ya AZAM FC yo muri Tanzania ni imwe mu zikomeje kugarukwaho n’abakurikira siporo by’umwihariko abakunzi b’iyi kipe. Uretse imigendekere nyirizina, Ikindi benshi bakomeje kugarukaho ni imyitwarire yaranze iyi kipe ya AZAM FC, bamwe…
Zari yahishuye ikintu gitangaje agiye gukorera umugabo we Shakib wamwise umukecuru
Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha neza imbuga nkoranyambaga Zari Hassan uzwi nka Zari The Boss Lady, yabwiye umugabo we baheruka kugirana ibibazo Shakib Cham ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Bibaye nyuma y’iminsi ibiri bombi bashyize ahagaragara iby’isenyuka…
Sandrine Isheja wari umunyamakuru kuri Kiss FM yagizwe umuyobozi ukomeye
Sandrine Isheja Butera wari usanzwe ari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yandikanye ashimwe ashimira Perezida Paul Kagame wamugiriye icyizere akamugira Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA. Inama y’Abaminisitiri yateranye bwa mbere nyuma y’Uko hashyizweho Guverinoma nshya, yafashe ibyemezo binyuranye…
Riderman na Bull Dogg banditse amateka
Abaraperi Riderman na Bull Dogg bongeye guhesha ikuzo umuziki wa Hip Hop bakora igitaramo kizasigara mu mitwe ya benshi bitiriye album yabahuje bise “Icyumba cy’Amategeko”, cyabaye mu ijoro rya tariki 24 Kanama 2024 muri Camp Kigali. Iki gitaramo cyari kiyobowe…
CAF Champions League: APR FC yasezerereye Azam FC mu Mahoro. Uko umukino wagenze
APR FC yatsinze Azam FC yo muri Tanzania ibitego 2-0 mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze ihita ikomeza mu ijonjora rikurikiyeho Uko umukino wagenze umunota ku munota; Umukino urangiye APR FC itsinze Azam FC ibitego 2-0,biba 2-1 muri rusange ihita…