Latest post

Impanuka ikomeye cyane yahitanye 6 abandi barakomereka

Impanuka idasanzwe y’ikamyo yari itwaye ifu hamwe na bisi yerekezaga i Kampala yahitanye abagera kuri batandatu ubwo imodoka zagonganiraga mu muhanda. Iyi mpanuka yabereye ahitwa Kyazanga ni mu karere ka Lwengo. Biravugwa ko bisi yerekezaga mu mujyi wa Kampala ivuye…

Posted on

Perezida Ndayishimiye yahuye n’umwe mu baherwe b’abanyarwanda bitera benshi ikikango

Ifoto ya Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ari kumwe n’umunyemari, Majyambere Silas, ikomeje kwibazwaho cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga. Ku wa Mbere tariki ya 19 Kanama ni bwo iyi foto yatangiye gucicikana ku mbuga nkoranyambaga. Majyambere Silas yari umunyemari mbere ya…

Posted on

Zari Hassan yahaye gasopo umugabo we Shakib ukomeje gufuhira Diamond Platinumz

Umuherwekazi Zari Hassan yongeye kurikoroza nyuma yo guha gasopo umugabo Shakib, amwibutsa ko akwiye kwigirira ikizere no kwirinda kumuhoza ku nkeke bitaba ibyo akazamuta agashaka undi utamuhoza ku nkeke. bibaye nyuma yuko Shakib umugabo we agaragaje uburakari bukabije yatewe nuko…

Posted on

RIP Ikoricyiza Eric: Umusore yitabye Imana agerageza kwemeza umukobwa w’imyaka 17 uvuga ko yabuze umugabo wamwemeza

Mu gihugu cy’u Burundi inkuru y’akababaro ikomeje gukwirakwira hose nyuma yuko umusore witwa Ikoricyiza Eric apfuye ari gutera akabariro. Uyu Ikoricyiza Eric wari ufite imyaka 23 yapfuye ari kugerageza kwemeza umukobwa w’imyaka 17 witwa Grace uhora avuga ko yabuze umugabo…

Posted on

Umugabo yishe umuturanyi we wahoraga amubaza impamvu atari yashaka umugore ku myaka 45 yose

Umugabo wo muri Indonesia witwa Parlindungan yishe umuturanyi we w’imyaka 60 , wamuhozaga ku nkeke amubaza impamvu atari yashaka umugore ku myaka 45 nk’uko yireguye. Ku myaka 60 , nyakwigendera yahoraga abaza umuturanyi we Parlindungan impamvu agejeje ku myaka 45…

Posted on

Shakib Cham yavuze impamvu adashobora kubyarana na Zari Hassan

Shakib Cham Luutaya yavuze ko umugore we Zarinah Hassan yamaze kugera mu myaka yo gucura bityo ko batazigera babyarana ngo bagure umuryango wabo. Intonganya za Zari Hassan n’umugabo we Shakib Cham zirakomeje aho kugeza ubu umugabo yavuze ko umugore we…

Posted on

Hari ibihugu 2 bya Afurika byahejwe mu muhango w’irahira rya Perezida Kagame

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe, yemeje ko ibihugu 52 muri 54 bigize umugabane wa Afurika byatumiwe mu muhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame. Ku Cyumweru tariki ya 11 Kanama ni bwo Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda…

Posted on

Umugore n’abana be bane bapfiriye mu mpanuka ikomeye

Abagize umuryango w’abantu batanu bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye mu gace ka Mbaruk hafi y’umuhanda wa Nakuru-Nairobi. Aba uko ari batanu bari barimo umugore n’abana be bose babahungu. Iyi mpanuka yabaye saa moya za mugitondo kuri uyu wa Kabiri tariki…

Posted on

Ibyo wamenya kuri Dr. Ngirente Edouard wongeye kugirwa Minisitiri w’intebe w’u Rwanda

Mu myaka irindwi amaze muri izi nshingano ashimirwa kuba muri Guverinoma icyuye igihe hashyizwe imbere kubazwa inshingano bidasanzwe ku bagize Guverinoma, ndetse abitwaye nabi bagahita bakurwa mu myanya kandi bikamenyeshwa abaturage. Dr. Ngirente Edouard yavukiye i Mbirima na Mutovu mu…

Posted on

Dr. Edouard Ngirente yashimiye Perezida Kagame wongeye kumugirira icyizere

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yashimiye Perezida Paul Kagame wongeye kumugirira icyizere cyo gukomeza kuba umukuru wa Guverinoma y’u Rwanda, amwizeza gukomeza gukorana umurava mu rwego rwo guteza imbere u Rwanda. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 13…

Posted on