Latest post

Birababaje: Umugabo yafashwe arimo kugerageza kwica umwana w’imyaka 8 akoresheje ibitaka

Mu karere ka Kirehe mu murenge wa Gahara, akagari ka Muhamba mu mudugudu wa Kabeza, haravugwa umugabo w’imyaka 40 wafashwe ari kugerageza kwica umwana w’umuhungu w’imyaka 8 ariko umugambi we ukaburizwamo. Ku munsi wejo tariki 12 Kanama 2024, mu masaha…

Posted on

Perezida Tshisekedi yahinduye intekerezo ku kibazo cya M23

Ni kenshi cyane mu mbwiraruhame Perezida Félix Tshisekedi wa Republica Iharanira Demokarasi ya Congo, yagiye yumvikana Kenshi avuga ko atazigera yicara ku meza amwe na M23, ndetse kenshi yumvikanaga ashinja u Rwanda kuba arirwo ruri inyuma y’intambara ziri mu Burasirazuba…

Posted on

Dore ibintu 4 umugabo wese yicuza akuze ubuzima bwe bwose. Niba utarasaza ni cyo gihe ngo ubyirinde

Urugendo rw’umugabo, nirwo rugendo ruba rikomeye, muri iyo nzira ye ahura na byinshi ndetse agakoramo amakosa menshi. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe mukubategurira amakuru yizewe ku bintu umugabo yicuza mu buzima bwe. DORE IBINTU 4 UMUGABO YICUZA MU…

Posted on

Confederation Cup: Police FC yagiye muri Algeria. Gusa ngo kuvuga ibyo kujya mu matsinda byaba ari ukubeshya

Ikipe ya Police FC yerekeje mu gihugu cya Algeria aho igiye gukina na CS Constantine muri CAF Confederation Cup, Kapiteni wayo Nsabimana Eric avuga ko aramutse avuze ibyo kujya mu matsinda nonaha yaba abeshye. Mu ijoro ryo kuri uyu wa…

Posted on

Ibya mbere byayobowe na Meddy! Ibirori bibera mu bwato byagarutse mu isura nshya-AMAFOTO

Dj Innox yatangaje ko agiye gukora ku nshuro ya Gatatu ibirori bisanzwe bibera mu bwato hagamijwe kwidagadura abantu bumva umuziki ucurangwa na ba Dj banyuranye. Ibi birori byiswe ‘Sunset Cruise White Party’ bizaba ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2024, kandi…

Posted on

Mu mvugo ikakaye, KNC yaburiye Munyantwali wa FERWAFA ku mwanzuro w’abanyamahanga

Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ntiyumva ukuntu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA ritarafata umwanzuro ku bakinnyi b’Abanyamahanga bemerewe gukina kandi shampiyona ibura amasaha make igatangira. Kimwe mu bintu bimaze iminsi bigarukwaho cyane mu bakunzi b’umupira w’amaguru…

Posted on

Yolo The Queen yameje ko yabyaye umwana w’umuhungu abajijwe Se aryumaho

Umunyamideli, Kirenga Phiona wamenyekanye nka “Yolo The Queen” ku mbuga nkoranyambaga, yemeje ko yibarutse umwana w’umuhungu ndetse avuga amazina yamwise. Hari hashize iminsi havugwa amakuru avuga ko Umunyamudeli, Kirenga Phiona uzwi nka “Yolo The Queen”, avuga ko yibarutse ariko nyiri…

Posted on

Padiri Yohani Bosiko Ntagungira yagizwe Musenyeri wa Diyoseze ya Butare

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bwemeje ko Padiri Yohani Bosiko Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Regina Pacis i Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali, ari we mwepiskopi mushya wa Diyoseze ya Butare. Ni ibikubiye mu itangazo ryo kuri…

Posted on

Muhanga: Uwari umukozi wa Hoteli yasanzwe mu muferege w’amazi yapfuye

Niyonsaba Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko wakoraga muri Hoteli Saint André mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mu muferege utwara amazi yapfuye, birakekwa ko yishwe. Niyonsaba yari atuye mu mudugudu wa Gihuma, Akagari ka Gahogo Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka…

Posted on

Impanuka ikomeye yahitanye umwana w’imyaka 15

Mu  Mudugudu wa Ruyumba mu Kagari ka Kabashumba, Umurenge wa Nyamiyaga mu karere ka Kamonyi habereye impanuka ikomeye yahitanye umuntu ndetse ikangiriza umuturage. Ahagana i Saa sita zamanywa kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024, nibwo iyi mpanuka yabaye,…

Posted on