Mwishya wa Donald Trump yavuze ko Abanyamerika badakwiye kongera kumutora – IMPAMVU
Fred C. Trump III umwishywa wa Donald Trump uri mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora USA, yamwibasiye amutangazaho byinshi ndetse anasaba Abanyamerika ko batakongera kumuha icyizere cyo kubayobora kuko atabikwiriye. Mu gihe Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta…
Umukunzi wa Eddy Kenzo yakoze ibirori byo gushimira Imana byitabirwa na Perezida Museveni
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, Phiona Nyamutoro yakoze ibirori byo gushima Imana byabereye mu gace avukamo ka Nebbi ku kibuga cya Nebbi Town SS, byitabirwa na Perezida Museveni. Perezida Museveni yavuze ko Nyamutooro yamaze gutanga umwitangirizwa…
Atletico Madrid irashaka kugura rutahizamu Julian Alvarez wa Manchester City
Atletco Madrid yamaze kwemera ko izatanga Miliyoni 81.5£ kuri rutahizamu wa Manchester City Julian Alvarez. Nyuma y’uko Atletico Madrid imaze iminsi igaragaza ko yifuza umunya Argentina watakira Manchester City Julian Alvarez, iyi kipe yo mu murwa mukuru wa Esipanye, yamaze…
Reba ubusobanuro bw’inzozi 14 abantu bakunze guhuriraho harimo no kurota uvuza induru ukabura umwuka
Ubushakashatsi bwagaragajeko abantu bose barota, impamvu harimo abavuga ko batajya barota ni uko baba babyibagiwe naho ubundi umuntu wese ufite ubwonko ararota. Bamwe bavuga ko umuntu arota ibyo yiriwemo nka ya mvugo ngo:”Umutindi arota arya.” Nyamara siko biri kuko ushobora…
Umwana w’imyaka 13 yatawe muri yombi akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 3
Ku mugoroba wo ku wa 03 Kanama 2024, ni bwo umwana w’imyaka 13 wo mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gusambanya mugenzi we w’imyaka itatu. Amakuru avuga ko ibi byabereye mu murenge wa Musasa…
Umugabo yishwe n’umugore we yari agiye gucyura nyuma yo kwahukanira ku muturanyi
Amakuru avuga ko ibi byabaye ku wa 30 Nyakanga 2024, bibera mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Mukingo mu kagari ka Cyerezo mu Mudugudu Kamabuye. Nyakwigendera yitwa Ndagijimana Jacques yari afite imyaka 25 y’amavuko, abakekwa kugira uruhare mu rupfu…
Ibyerekana ko umukobwa arimo gusaba umusore ko bakora imibona1no
Hafi ku isi yose bazi ko umukobwa cyangwa umugore adapfa gutinyuka gusaba umusore ko bakora imibonano ibi bigatuma hari na bamwe bahohoterwa kuko abagabo benshi bishyiramo ko niyo umukobwa yaba yahakanye ku munwa muri we aba yemeye. Nyamara hari ibimenyetso…
Ibintu 8 bitera bamwe mu bakobwa kumera ubwoya bwinshi
Hari igihe ubona abakobwa bafite ubwoya ku mubiri cyane cyane mu maso, ku nda no ku maguru. Ibi hari impamvu zitandukanye zishobora kubitera cyane cyane impamvu ya mbere ikaba ari imisemburo iba itari ku murongo nk’uko byagakwiye, ariko hari n’izindi…
Ni iyihe mpamvu ituma umugore agira ubwoya kunda?
Ahari hari abo wigeze ubona urikanga cyangwa bigutera ubwoba, ariko muri iyi nkuru turagufasha gusobanukirwa n’impamvu nyamukuru itera abagore bamwe kugira ubwoya ku mukondo n’ahandi. Akenshi iyo umugore atwite, akunda kugira ubwoya ku mubiri we ariko bukaza ahantu atari abufite…
Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye – Imitoma 12 watera umukunzi wawe
Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane…