Latest post

Amerika igiye kubyaza umusaruro amahirwe yiteshejwe n’Ubwongereza ku Rwanda

Share this:

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni ingingo yagarutseho kuri iki Cyumweru mu kiganiro Inkuru mu Makuru cya RBA. Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko…

Share this:
Posted on

Mu mafoto irebere uburanga bwa Umutoni Nadia wigaruriye umutima wa Niyomugabo Claude Kapiteni wa APR FC

Share this:

Ni inshuro nyinshi tubona abakinnyi b’umupira wa maguru cyane cyane abo ku mugabane w’iburayi bazana abakunzi babo ku bibuga ndetse baba batsinze bagafatanya kwishimira intsinzi ari nako babatera ingabo mu bitugu iyo bitagenze neza. Kuri ubu no mu Rwanda uyu…

Share this:
Posted on

Kenya: Perizida Ruto yatewe urukweto n’umwe mu baturage yagezagaho ijambo

Share this:

Polisi ya Kenya iri guhata ibibazo abantu batatu nyuma y’ibyabaye aho umugabo yateye urukweto Perezida William Ruto mu Kuria y’Uburengerazuba, mu Ntara ya Migori. Ibi byabaye ubwo Ruto yagezaga ijambo ku baturage bo mu gace ka Kehancha kuri iki Cyumweru…

Share this:
Posted on

Umusore yahaye itike umukobwa yateye inda ngo aze bahangane mbere y’uko arongora undi mukobwa ibyamubayeho biratangaje

Share this:

Ubukwe bwagombaga kuba intangiriro y’urugendo rushya rw’urukundo ku munsi wo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi 2025 mu Karere ka Rubavu, bwabaye intandaro y’impaka ndende no gushyamirana hagati y’uwari ugiye kurushinga n’umugore bahoze babana. Nyirabahizi Esther, umugore ukomoka mu Karere…

Share this:
Posted on

Umurinzi wa Perezida Captain Ibrahim Traoré wa Burkina Faso yahishuwe akayabo k’amadorari n’ibindi yahawe ngo amurase

Share this:

Umwe mu basirikare barinda Perezida Captain Ibrahim Traoré, wa Burkina Faso, yemeje ko yigeze gushakishwa n’abantu bakomoka mu bihugu bikomeye, bamwemerera miliyoni 5 z’amadolari n’ubwenegihugu bwabo mu rwego rwo kumushishikariza kurasa Perezida amuturutse inyuma, cyane cyane mu gihe asenga.  …

Share this:
Posted on

Ntajya ataka: Ibimenyetso 7 bigaragaza ko umugabo atitwara neza mu rukundo rwo mu buriri bikabuza abagore kugera ku byishimo bye bya nyuma

Share this:

Abagabo benshi bibwira ko bazi gushimisha abagore babo mu rukundo rwo mu buriri. Ariko nyuma yo gusoma iyi nkuru, ushobora gusanga ibyo wibwiraga atari ko biri. Kutitwara neza mu rukundo rwo mu buriri si ikibazo gikomeye. Ikibazo ni ukwanga kwemera…

Share this:
Posted on

Amabuye y’agaciro ya RDC yaba agiye kujya atunganyirizwa mu Rwanda

Share this:

Mu mezi abiri ku munsi u Rwanda na RDC bizaba bisinya amasezerano y’amahoro, byombi bizanasinyana na Amerika andi y’ubukungu. Ni amasezerano Amerika ivuga ko azakurikirwa n’ishoramari “rya miliyari nyinshi z’amadolari” rikozwe n’ibigo by’ubucuruzi byayo n’iby’ibihugu by’inshuti.   Iyubakwa ry’urugomero rwa Ruzizi…

Share this:
Posted on

Abasore: Ntuzahirahire ngo uterete umukobwa ufite bene iyi mico

Share this:

Mu gihe benshi bashakisha urukundo rw’ukuri, hari iby’ingenzi buri musore akwiye kwitaho mbere yo gufata umwanzuro wo gukundana n’umukobwa. Nubwo kubona umukunzi w’ukuri ushobora kugorana, hari imyitwarire igaragaza ko umukobwa ashobora kutaba uwo kubana nawe neza. Hari ibyiciro by’abakobwa abasore…

Share this:
Posted on

Nubona ibi bintu 7 uzamenye ko umuntu atagukunda nubwo atabivuga

Share this:

Hari igihe umuntu aba atagukunda ariko ntabivuge mu magambo. Gusa imyitwarire ye ya buri munsi ishobora kukwereka ukuri. Dore bimwe mu bimenyetso 7 byagaragaza ko uwo muntu atagufitiye urukundo cyangwa inyungu mu mubano mufitanye: 1. Ntareba mu maso yawe: Iyo…

Share this:
Posted on

Amashusho y’umwana wa The Ben na Pamella bamusize Makeup (maquillage) akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga – Amafoto

Share this:

Nyuma y’igihe gito havuzwe amakuru y’uko umuhanzi The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, noneho igaragaza uwo mwana iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko kubera ko yayigaragaje asize maquillage (makeup), ibintu byatumye abantu benshi batangara ndetse bamwe batangira…

Share this:
Posted on