Bihinduye isura: AFC/M23 ifashe akandi gace kuzuyemo amabuye y’agaciro
Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kwagura ibikorwa byaryo bya gisirikare mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Kabiri ryigaruriye agace ka Luciga, gaherereye muri Chefferie ya Luhwinja, Teritwari ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iyi…
Umugore ubyara abazwe ni incuro zingahe atagomba kurenza? Ese iyo azirengeje bigenda gute? Sobanukirwa
Ni inshuro zingahe umugore ashobora kubagwa abyara? Iki ni ikibazo gikunze kubazwa n’ababyeyi benshi, cyane cyane iyo muganga avuze ko hakenewe kubyara biciye mu buryo bwo kubagwa buzwi nka “césarienne”, cyane ku bagore bifuza kubyara abandi bana mu gihe kizaza….
RIP Murihano David: Abantu batatu bo mu muryango umwe bishwe barashwe bizamura umujinya wa benshi
Mu mpera z’icyumweru gishize, abantu batatu bo mu muryango umwe batuye mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishwe barashwe n’abantu bataramenyekana, mu gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi. Nk’uko byemezwa n’amakuru atandukanye,…
Amerika igiye kubyaza umusaruro amahirwe yiteshejwe n’Ubwongereza ku Rwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni ingingo yagarutseho kuri iki Cyumweru mu kiganiro Inkuru mu Makuru cya RBA. Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko…
Mu mafoto irebere uburanga bwa Umutoni Nadia wigaruriye umutima wa Niyomugabo Claude Kapiteni wa APR FC
Ni inshuro nyinshi tubona abakinnyi b’umupira wa maguru cyane cyane abo ku mugabane w’iburayi bazana abakunzi babo ku bibuga ndetse baba batsinze bagafatanya kwishimira intsinzi ari nako babatera ingabo mu bitugu iyo bitagenze neza. Kuri ubu no mu Rwanda uyu…
Kenya: Perizida Ruto yatewe urukweto n’umwe mu baturage yagezagaho ijambo
Polisi ya Kenya iri guhata ibibazo abantu batatu nyuma y’ibyabaye aho umugabo yateye urukweto Perezida William Ruto mu Kuria y’Uburengerazuba, mu Ntara ya Migori. Ibi byabaye ubwo Ruto yagezaga ijambo ku baturage bo mu gace ka Kehancha kuri iki Cyumweru…
Umusore yahaye itike umukobwa yateye inda ngo aze bahangane mbere y’uko arongora undi mukobwa ibyamubayeho biratangaje
Ubukwe bwagombaga kuba intangiriro y’urugendo rushya rw’urukundo ku munsi wo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi 2025 mu Karere ka Rubavu, bwabaye intandaro y’impaka ndende no gushyamirana hagati y’uwari ugiye kurushinga n’umugore bahoze babana. Nyirabahizi Esther, umugore ukomoka mu Karere…
Umurinzi wa Perezida Captain Ibrahim Traoré wa Burkina Faso yahishuwe akayabo k’amadorari n’ibindi yahawe ngo amurase
Umwe mu basirikare barinda Perezida Captain Ibrahim Traoré, wa Burkina Faso, yemeje ko yigeze gushakishwa n’abantu bakomoka mu bihugu bikomeye, bamwemerera miliyoni 5 z’amadolari n’ubwenegihugu bwabo mu rwego rwo kumushishikariza kurasa Perezida amuturutse inyuma, cyane cyane mu gihe asenga. …
Ntajya ataka: Ibimenyetso 7 bigaragaza ko umugabo atitwara neza mu rukundo rwo mu buriri bikabuza abagore kugera ku byishimo bye bya nyuma
Abagabo benshi bibwira ko bazi gushimisha abagore babo mu rukundo rwo mu buriri. Ariko nyuma yo gusoma iyi nkuru, ushobora gusanga ibyo wibwiraga atari ko biri. Kutitwara neza mu rukundo rwo mu buriri si ikibazo gikomeye. Ikibazo ni ukwanga kwemera…
Amabuye y’agaciro ya RDC yaba agiye kujya atunganyirizwa mu Rwanda
Mu mezi abiri ku munsi u Rwanda na RDC bizaba bisinya amasezerano y’amahoro, byombi bizanasinyana na Amerika andi y’ubukungu. Ni amasezerano Amerika ivuga ko azakurikirwa n’ishoramari “rya miliyari nyinshi z’amadolari” rikozwe n’ibigo by’ubucuruzi byayo n’iby’ibihugu by’inshuti. Iyubakwa ry’urugomero rwa Ruzizi…