FARDC yasabye abaturage imbabazi nyuma yo kwamburwa ibice byinshi na M23
•
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyasabye abaturage kucyihanganira nyuma yo kwamburwa ibice byinshi n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Mu ruzinduko Umugaba Mukuru Wungirije w’Ingabo za RDC ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi, Gen Maj Jacques Ychaligonza Nduru, yagiriye muri teritwari ya Beni kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024,…
Umugore yatumye umujinya wa benshi uzamuka ubwo yavugaga impamvu yatumye aca umugabo we igits1na
•
Umugore witwa Susan Namuganza w’imyaka 34 wo muri Uganda, yatawe muri yombi akurikiranweho icyaha cyo gukata imyanya y’ibanga y’umugabo we Pasiteri Moses Kawubanya w’imyaka 45 akanamwiba amafaranga akayatorokana. Ibinyamakuru byandikira muri Uganda birimo Daily Monitor, kuwa 03 Nyakanga byatangaje ko uwo mugore yamaze gutabwa muri yombi na Polisi ya Uganda, nyuma yo kumusanga ari…
Hasohokeye rimwe indirimbo 4 zo kubyina intsinzi ya Paul Kagame – Video
•
Nyuma y’amatora y’umukuru w’Igihugu yahujwe n’ay’Abadepite yabaye kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024, abahanzi bashyigikiye Paul Kagame wa FPR Inkotanyi barabyina intsinzi. Abahanzi batandukanye bashyize hanze indirimbo zo kubyina intsinzi. Ku ikubitiro Dore izamaze kugera hanze: 1. Intsinzi ya Kagame ya Noopja Umuhanzi Nduwimana Jean Paul wamenyekanye nka Noopja yashyize hanze indirimbo ‘Intsinzi ya…
Rutahizamu APR FC yazanye yatumye benshi mu ba Rayon bikanga
•
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na Chidiebere Johnson Nwobodo wakiniraga Enugu Rangers yo muri Nigeria, ngo azayikinire. Uyu musore yasanze bagenzi be muri Tanzania, aho iyi kipe iri gukinira imikino ya CECAFA Kagame Cup, aho bivugwa ko nyuma yo kumvikana ibya nyuma n’ikipe ari bushyire umukono ku masezerano y’imyaka itatu. Chidiebere Johnson…
Mbappe arerekanirwa kuri Santiago Bernabéu aho byitezwe ko ari bukureho agahigo kari karashyizweho na Cristiano Ronaldo
•
Biteganyijwe ko mu masha make ari imbere, rutahizamu w’Umufaransa Kylian Mbappé yerekanwa ku mugaragaro nk’umukinnyi mushya wa Real Madrid, akaba yitezweho kwakirwa n’abarenga ibihumbi 85. Uyu rutahizamu uza guhabwa nomero 9, arerekanirwa kuri Santiago Bernabéu yamaze gutegurwa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Nyakanga 2024. Abafana ba Real Madrid ndetse n’abakunzi ba ruhago…
Nyuma ya Kazungu Denis habonetse undi mwicanyi ruharwa umaze kwica abakobwa n’abagore 42 mu myaka 2 gusa
•
Jomaisi Khalisia yiyemereye ko ari we wishe abagore 42 harimo abasanzwe mu kimoteri cya Kware mu murwa mukuru Nairobi. Uyu mugabo w’imyaka 33 yavuze ko aba bagore n’abakobwa yagiye abica mu bihe butandukanye, ahereye ku mugore we. Amin Mohamed uyobora ibiro bya Kenya bishinzwe iperereza yavuze ko uyu mugabo yishe aba bagore kuva mu…