NEC yateguje abanyarwanda igihe amajwi ya mbere y’agateganyo atangarizwa
•
Abanyarwanda ingeri zitandukanye baramukiye mu matora y’umukuru w’Igihugu yabaye kuri uyu wa Mbere taliki 15 Nyakanga 2024, aho biteganyijwe ibyayavuyemo by’agateganyo biri butangazwe saa yine z’ijoro. Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ’NEC’ yitezweho gutangaza ibyavuye mu matora by’agateganyo bitarenze saa yine z’ijoro uyu munsi. NEC ivuga ko abatoye Bose barabarurirwa mu cyumba cy’itora maze bakusanyirizwe kuri…
Ibisobanuro 8 byo kurota uhanuka, mu giti, ku nzu, ingazi kugwa mu mwobo…
•
Twifashishije inyandiko zitandukanye, muri iyi nkuru twabateguriye ibisobanuro by’inzozi zo kurota uhanuka ! Akenshi izi ni inzozi ziza umuntu agitangira gusinzira ndetse nko muninota 10 yambere y’ibitotsi aho uhita ushigukira hejuru usa nusimbuka ndetse unafite ubwoba bwinshi. 1. Nkuko bivugwa n’abahanga muby’imitekerereze ya muntu, izi nzozi zerekana ibitekerezo by’ubwoba no kutizera umutekano biri muri…
Abagabo: Wari uzi ko kugeza kure igits1na cyawe igihe ukora imibona1no bishobora kwangiza umugore wawe mu buryo bukomeye? Sobanukirwa
•
Benshi mu bagabo batekereza ko kugeza kure igits1na aribyo bigaragaza ko bazi gutera akabariro, nyamara ni ukwibeshya cyane. Ibi byangiza umugore wawe cyane ku rwego utari uzi ko byageraho. Muri iyi nkuru uragirwa inama yo kutageza kure igitsi1na cyawe, mu gihe uri gutera akabariro hamwe n’uwo mwashakanye. Hagati ya nyababyeyi n’igitsi1na gore harimo inzira…
Bamwe babikora bagirango bemeze abandi bakabiterwa no kutamenya. Dore ibice 5 umugabo adakwiye gukoraho ku mugore mu gihe cy’akabariro
•
Abahanga mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere bemeza ko mu gihe abantu bari mu gikorwa cy’Imibon1no Mpuzabits1na, bashobora gutwarwa kugeza ubwo bumva nta rutangira igihari haba mu magambo bavuga cyangwa ahantu bashobora gukoranaho. Ku rundi ruhande abari muri icyo gikorwa bagirwa inama yo kwitonda kuko hari aho umwe ashobora gukora undi bikarogoya ibyo byishimo. Hari ibice…
Ukraine yemerewe kurasa imbere mu Burusiya ikoresheje intwaro za Amerika aho ivuga ko byatangiye gutanga umusaruro
•
Nyuma y’imyaka irenga ibiri y’urugamba, kera kabaye Ukraine yemerewe na Amerika n’abambari bayo gukoresha intwaro yayihaye n’izindi yahawe n’abo mu Burengerazuba bw’Isi igaba ibitero imbere mu Burusiya. Ni icyemezo cyantangiye no gushyirwa mu bikorwa, aho uruhande rwa Ukraine rutangaza ko cyatangiye no gutanga umusaruro mu guhangana n’ingabo z’u Burusiya. Umwe mu bayobozi b’urwego rushinzwe…
Euro2024: Espagne yatsinze Ubwongereza yegukana iki gikombe ku ncuro ya kane
•
Ikipe y’Igihugu ya Espagne yegukanye Igikombe cya Euro 2024 ku nshuro ya kane nyuma yo gutsinda ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma wakinwe kuri iki Cyumweru, tariki ya 14 Nyakanga 2024. Umukino watangiranye imbaraga ariko amakipe yombi akinira mu kibuga hagati ariko kugera imbere y’izamu ku mpande zombi bigakomeza kugorana kubera ubwugarizi bwari buhagaze…