Argentine yegukanye Copa America ya 16 Iba iya mbere ibikoze Di Maria asezera neza
•
Argentine yabaye ikipe ya mbere yegukanye irushanwa rya Copa América inshuro nyinshi (16) nyuma yo gutsinda bigoranye Colombia igitego 1-0 cya Lautaro Martínez, mu mukino wa nyuma wabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024. Uyu mukino watinze gutangira kubera imvururu zatewe na bamwe mu bafana amagana ba Colombia…
Trump Yari abaye uwa kabiri wishwe kuwa Gatandatu. Ihuriro ry’iri raswa n’iry’abandi baperezida 4 bose ba USA bishwe barashwe
•
Mu baperezida 45 bategetse Leta zunze ubumwe za Amerika bane (4) barishwe kandi bicirwa muri Amerika barashwe, batatu muri bo bishwe ari kuwa gatanu, undi umwe ari kuwa gatandatu. Ku wa Gatandatu taliki ya 13 Nyakanga ni bwo Donald Trump yarasiwe aho yari yagiye kwiyamamariza nyuma n’ amsegonda make atangiye imbwirwaruhame ye araswa n’umusore…
Mudahusha w’imyaka 20 gusa niwe wari wivuganye Donald Trump
•
Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe iperereza (FBI) rwashyize ahabona imyirondoro y’umusore w’imyaka 20 y’amavuko, wagerageje kwica Donald Trump uhatanira kongera kuyobora iki gihugu. Trump yarashwe ku gutwi ubwo yari amaze umwanya muto ageze ijambo ku bamushyigikiye muri Leta ya Pennsylvania, kuri uyu wa 13 Nyakanga 2024. Abashinzwe umutekano we bahise barasa…
Indirimbo “Azabatsinda Kagame” yanditswe muri 2017 ntirenge umutaru yaciye ibintu mu kwiyamamaza 2024. Byinshi kuri yo
•
Ibihe byo kwiyamamaza byari biteganijwe hagati ya 22 Kamena 2024 bikaba byashyizweho akadomo ku ¹wa 13 Nyakanga 2024 byaranzwe n’udushya twinshi ariko indirimbo ‘Byari Byabananiye’ ikaba yaranditse amateka avuguruye. Biragoye kuba wasanga umunyarwanda utazi aka gace k’indirimbo ngo ‘Ni intumwa y’Imana asa n’uwavuye mu ijuru, yatumwe ku banyarwanda ngo yuhagire uru Rwanda.’ Iyi ikaba…
Zari yavuze ku buzima bwe bw’ahahise yibutsa abantu ikintu bibeshya kuri Diamond babyaranye
•
Zarinah Hassan ari mu bari n’abategarugori nyafurika bahiriwe n’imyidagaduro akayisaruramo agatubutse nubwo urugendo rutari rworoshye. Izina Zari hari abaryumva bakumva rikomejwe no kuba yarakundanye na Diamond Platnumz gusa siko kuri ahubwo hari abemeza ko amafaranga y’uyu mugore yafashishije uyu muhanzi mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Ni umugore uba mu myigaduro kuva mu myaka itari…
Donald Trump yarasiwe aho yarimo kwiyamamaza agiye kuvuga ijambo
•
Umuherwe w’umunyapolitiki, Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yarasiwe mu bikorwa byo kwiyamamaza muri Leta ya Pennsylvania,abashinzwe umutekano bahita batabara bamukura aho nyuma yo kuvirirana amaraso ku matwi . Mbere yo guhungishwa, Trump yasabye abashinzwe umutekano we guhagarara gato, maze azamura ukuboko kw’iburyo asa nk’uwerekana intsinzi ku bari bamukurikiye. Inzego z’umutekano…