-
Ububirigi bwasabye Uganda kubwunga n’u Rwanda rwacanye umubano na bwo
•
Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza n’u Rwanda rwacanye umubano n’u Bubiligi ku wa 17 Werurwe 2025. Maxime Prévot, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, yabikomojeho ubwo yahuraga na Perezida Museveni ku wa Gatanu tariki ya 25 Mata. Yavuze ko u Bubiligi…
-
AFC/M23 yatangiye gukora igikorwa gishimangira ko itazava muri Kivu zombi
•
Mu gihe hatarashira n’icyumweru Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na AFC/M23 bemeranyije guhagarika imirwano, iri huriro ryongeye gushimangira ko udafite gahunda yo kuva muri Kivu zombi. Ni nyuma y’uko ritangaje ko ryatangiye gukora igikorwa cy’ingenzi cyo kubaka umuhanda mushya uhuza santere ya Masisi n’umujyi wa Sake, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Uyu muhanda,…
-
Bitunguranye intambara hagati ya FARDC na AFC/M23 irahagaze
•
Mu gihe byari bikomeje kuvugwa ko ibiganiro bihuza impande zombi bikomeje kubera i Doha muri Qatar nta musaruro birimo gutanga, Leta ya Congo ndetse n’ihuriro AFC/M23 zashyize hanze amatangazo yo guhagarika imirwano ndetse zisaba abaturage gushyikira uyu mugambi. Ibi byabaye ku mu nsi w’ejo kuwa Gatatu taliki ya 23 Mata 2025 aho AFC/M23 ari…
-
Barishwe: Abasirikare 13 b’Uburundi baheruka gupfira mu kiyaga cya Tanganyika baba baragambaniwe. Hahishuwe mugenzi wabo wabagambaniye
•
Kugeza magingo aya, turacyakurikirana amakuru y’impanuka y’ubwato bwa gisirikare bwabereye mu kiyaga cya Tanganyika ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18 Mata 2025, ikaba yaratwaye ubuzima bw’abasirikare benshi b’u Burundi. Ubu bwato bwari buvuye mu gace ka Ubwari butwaye abasirikare bakomerekeye ku rugamba. Imiryango y’aba basirikare yatangiye kumenya ababo baguye muri iryo…
-
Murankurikirana cyane kandi ntimuri isoko nshaka kugurishaho ibicuruzwa byanjye – Isimbi noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bamuca intege
•
Umukinnyikazi wa filime z’abakuze Isimbi Noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bakomeje kumujujubya ku mbuga nkoranyambaga ze aho bamwibasira bamwe bamutuka abandi bakamubwirako ibyo akora yataye umuco nyarwanda nta munyarwandakazi ukwiye gukina filime za porornogarafi. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Isimbi Noelline kuri ubu ukoresha amazina ya Lexi Luv mu mwuga we ,…
-
Urupfu rw’Umusirikare w’u Burundi usize abana babiri bakiri bato rwateye benshi agahinda.
•
Mu gihe igihugu cy’u Burundi cyose gikomeje kugerwaho n’amakuru y’incamugongo, umuryango wa 1ère Classe Emery Kwizera uri mu gahinda kadasanzwe nyuma y’itangazwa ry’amakuru avuga ko uyu musirikare yaba yarapfiriye mu mpanuka y’ubwato yabaye ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18 Mata 2025, mu mazi y’ikiyaga Tanganyika. Uyu musirikare w’Umurundi yari azwi nk’umusore w’intwari, w’ubwitonzi…