Bugesera: Abagabo 2 batawe muri yombi bakurikiranweho gukubita Meya
•
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abantu babiri barimo umusore w’imyaka 23 y’mavuko n’umukuru w’umudugudu w’Ikoni uri mu yigize akarere ka Bugesera, bakekwaho gukubita Meya wako, Mutabazi Richard. Aba bombi bafashwe mu bihe bitandukanye, ku wa 29 Kanama no ku wa 1 Nzeri 2021. Umusore watawe muri yombi akurikiranweho ibyaha birimo gukubita cyangwa kugirira urugomo…
Ngoma: Arababaye – Amaze imyaka 8 agendana amara ye mu gitenge kubera abaganga bamubaze ntibayasubizemo – AMAFOTO
•
Umugore witwa Mukakibibi Didacienne ukomoka mu karere ka Ngoma amaze imyaka 8 agendana amara ye hanze nyuma yo kubagwa ibibyimba byari mu nda,abaganga ntibayasubizemo. Mukakibibi yabwiye BTN TV dukesha iyi nkuru ko ubuzima bwe buri mu kaga mu gihe yaba atavuwe kuko amaze igihe ibitaro bya kaminuza bya Kigali CHUK bigenda byigiza inyuma…
Mukuru wa Jay Polly yahishuye uko bashwanye bapfa indirimbo
•
Umuvandimwe wa Jay Polly, Uwera Jean Maurice uzwi nka “UncleMorris”yatangaje ko uyu muraperi babanje kutumvikana ubwo yari atangiye umuziki bitewe n’imyandikire ye. Uyu mugabo usanzwe akora kuri RBA, yavuze ko uyu muvandimwe we uherutse gutabaruka bigeze gushwana bapfa indirimbo yakoze avuga ko ari imfubyi itagira se na nyina n’abavandimwe kandi bahari. Abinyujije…
Umupasiteri yategetswe gushyingiranwa n’umurambo w’umugore yatumye apfa
•
Umupasiteri wo mu gihugu cya Nigeria yategetswe gushyiranwa ku ngufu n’umurambo w’umugore bari inshuti yashatse gukuriramo inda yataye ubwenge. . Umupasiteri yateye inda umukobwa bakundana arangije asahaka kuyimukuriramo . Pasiteri yasabwe gushyingiranwa n’umurambo w’uwari umukunzi we Dr. Sucess Emeka Sunday, wari nyiri itorero ryitwa Life Transformation Praying Ministry,ryari riherereye ahitwa Akwakuma muri…
Abanyeshuri 3 baziritswe ku giti bazira gukererwa ku ishuri bakomeje kuvugisha abatari bake
•
Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiriye amafoto y’abanyeshyuri 3 bahawe igihano kidakwiye , babazirika ku giti bahambiranije kubera ko bakererewe mu ishuri, ibyatumye inzego zitandukanye zo muri kenya ahabereye ibi batabivugaho rumwe. Itsinda ry’ibigo byinshi ryategetse ibiro by’umuyobozi ushinzwe iperereza ku byaha (DCI) gutangiza iperereza ku kibazo cy’abarimu babiri bakuru b’ishuri rya Laikipia West muri…
Cristiano Ronaldo yaciye agahigo katumye yandikwa mu gitabo cy’abanyabigwi – Guiness world record – AMAFOTO
•
“Ubwo namumenyaga mu 2003, yari umwana muto utanga icyizere mu mupira w’amaguru ndetse nabonaga atangaje cyane ugereranyije n’abo nabonye, bidatinze yabaye umunya-Portugal wa mbere usinyiye Manchester United, none ubu niwe uyoboye abandi ku Isi mu guitsinda ibitego byinshi” Sir Alex Ferguson wazanye bwa mbere Cristiano i Old Traford. . Cristiano Ronaldo yanditswe mu…