Dr. Pierre Damien Habumuremyi wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Rwanda yasabiwe guhanirwa icyaha yari yagizweho umwere
•
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge guhamya icyaha cy’ubuhemu Dr. Habumuremyi Pierre Damien wabaye Minisitiri w’Intebe, wakigizweho umwere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge. Saa 10h25 nibwo urubanza rwa Dr Pierre Damien Habumuremyi rwasubukuwe mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. Ni urubanza rw’ubujurire, Dr Pierre Damien Habumuremyi yajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwamuhamije icyaha…
Umukobwa wavuganye na Jay Polly bwa nyuma yamusezeyeho ntiyabimenya. Dore amagambo ya nyuma bavuganye
•
Umwe mu bakobwa bakunze kugaragara mu ndirimbo za Tuyishime Joshua (Jay Polly) witwa Aline yavuze ko ubwo yari aheruka kuvugana na we kuwa Mbere, yari yamubwiye ko agiye gutaha, ko abona ibintu bigiye gutungana. . Jay Polly yabwiye Aline ko agiye gutaha gusa ntiyari azi ko agiye gupfa . Aline uri mu bavuganye…
Abasore: Dore ibintu 5 byoroshye cyane wakora bigatuma umukobwa akwegurira umutima we mu kanya gato
•
Urukundo ruragorana rimwe na rimwe ndetse kenshi abasore baba bibaza icyo bakora kugirango urukundo rwabo n’uwo bihebeye rushinge imizi. Niba urimo gusoma iyi nkuru ni uko nawe ukeneye kumenya ibi bintu byoroshye byagufasha kugera ku ntsinzi ari na byo iwacumarket.xyz igiye kukugezaho uyu munsi. Mbere yo gushaka gukundwa n’umukobwa banza umenye ko uyu mukobwa…
Prezida wa Zambia Hichilema yashyikirijwe “ikigega kirimo ubusa”
•
Umukuru w’igihugu mushyashya wa Zambia yabwiye BBC ko yashyikirijwe ikigega kiri ”gusa”, mu gihe hari amafaranga ” ateye ubwoba” yibwe. Prezida Hakainde Hichilema yavuze ati: “Abantu baracyagerageza kwimura amafaranga ku munota wa nyuma, amafaranga badafitiye uruhushya, amafaranga atari ayabo”. Hichilema yatsinze uwari ku butegetsi Edgar Lungu mu matora y’umukuru w’igihugu mu kwezi…
Lionel Messi yarokotse by’amahirwe ikintu cyari kigiye gutuma ahagarika umupira burundu – VIDEO
•
Ku mugoroba w’ejo ni bwo Ikipe y’igihugu ya Argentine yakinaga na Venezuela mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizakinirwa muri Quatar mu mwaka wa 2022. Ni umukino Argentine yatsinzemo Venezuela ibitego 3-1. Mu gice cya mbere Lionel Messi yakiniwe nabi cyane n’umukinnyi wa Venezuela wamuteye tackle benshi bemeza ko iyo imufata neza byari…
Abakuru b’ibihugu bya Afurika 10 bagenda mu ndege zihariye(Private jets) zihenze kurusha abandi
•
IwacuMarket igiye kubagezaho urutonde rw’abakuru b’ibihugu 10 muri Afurika bafite indege zihariye zibatwara nziza cyane kandi zihenze kurusha abandi kuri uyu mugabane ruriho umuperezida umwe wo mu Karere ka Afurika y’iburasirazuba. . Abakuru b’ibihugu bagenda mu ndege zihenze kurusha abandi muri Afurika . Uhuru Kenyatta ku rutonde rw’abakuru b’ibihugu 10 bafite indege zihariye zihenze…