Gisozi: Ikamyo yagwiriye inzu abantu 2 bahasiga ubuzima
•
Mu gicuku cyo kuri uyu wa 31 Kanama 2021, saa munani z’ijoro, ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, hepfo gato y’Ibiro by’Umurenge wa Gisozi, habereye impanuka y’ikamyo yari itwaye ibiti, yagwiriye inzu z’umucuruzi witwa Yvonne Mukeshimana iramuhitana. Inzu z’uwo mucuruzi zari ahitwa kuri Beretware mu ikorosi riri hepfo y’Umurenge wa Gisozi, zasenyutse burundu.…
Habonetse ubundi bwoko bushya bwa Covid-19 bwandura vuba cyane muri Afurika y’Epfo
•
Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo bari gukurikiranira hafi ubundi bwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa C.1.2 bugenda buhindagurika kenshi. Ubu bushakashatsi ntiburemeza niba koko ari ubundi bwoko (variant) buteye ubwoba. Ubu bwoko bumaze kuboneka mu ntara zose za Afurika y’Epfo ndetse bwabonetse no mu bihugu birindwi byo mu yindi migabane ya Asia, Ubulaya na…
Burundi: Uhagarariye u Rwanda yagaragaye atunguranye mu munsi mukuru w’imbonerakure, Perezida Ndayishimiye amuha ubutumwa bukomeye
•
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yijeje Abarundi ko iby’umubano w’igihugu cye n’u Rwanda bikomeje gushakirwa umuti anagira ubutumwa aha Abanyarwanda yanyujije ku muntu wari uhagarariye u Rwanda wari witabiriye imihango yo kwizihiza Umunsi w’Imbonerakure wabaye kuwa gatandatu ushize, itariki 28 Kanama 2021. Ibirori byo kwizihiza umunsi wahariwe urubyiruko rw’ishyaka CNDD-FDD (Imbonerakure Day) riri ku…
Amagambo y’incyuro ubwo Uganda yakiraga umurambo w’umucuruzi wiciwe mu Rwanda arashwe
•
Kuri uyu wa 29 Kanama 2021, Leta ya Uganda ihagarariwe na Nelson Nshangabasheija yakiriye umurambo wa Justus Kabagambe warasiwe n’abashinzwe umutekano b’u Rwanda mu Murenge wa Kivuye mu Karere ka Burera, ku wa 18. Nshangabasheija usanzwe ari umwe mu bayobozi bakuru b’Akarere ka Kabale kegereye u Rwanda, nyuma yo kwakira uyu murambo, yahavugiye amagambo…
Umuhungu wa Joe Habineza yahishuye ikintu yakundaga gukora cyatumye bagira impungenge zikomeye ubwo yagirwaga Minisitiri ku ncuro ya mbere bibaza uko bizagenda nabikora ari kumwe na Perezida Kagame
•
Umwe mu bahungu ba nyakwigendera Amb. Joseph Habineza (Joe) witwa Jean Michel Habineza, avuga ko se yari wishimaga cyane ku buryo yakoraga ku wo bicaranye cyangwa akazamura amaguru mu kirere, ku buryo byabateye kwibaza ikizaba ubwo yari amaze kugirwa Minisitiri wa Siporo, nk’igihe yaba yicaranye na Perezida Kagame. Aya ni amwe mu magambo…
Umugore yatunguranye ahishura ukuntu yabyaranye abana 3 bose n’uwo bahoze bakundana kandi afite umugabo – Reba impamvu itangaje yabimuteye
•
Umugore wubatse wo muri Ghana yahishuye ko abana batatu bose afitanye n’umugabo we, atari we wababyaye, ko ahubwo babyaranye n’uwo bahoze bakundana kuko umugabo we ari mubi ku isura bikabije. Uyu mugore w’imyaka 34 avuga ku bubi bw’umugabo we babana muri iyi minsi, yavuze ko ” Ari mubi ku isura bikabije ku buryo atari…