Visi Perezida wa Kenya William Ruto yannyeze Perezida Kenyatta na Raila Odinga nyuma yo guterwa utwatsi n’urukiko rw’ubujurire
•
Visi-Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, yakinnye ku mubyimba abarimo Perezida Uhuru Kenyatta na Raila Odinga ukuriye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, nyuma y’uko Urukiko rw’Ubujurire rutesheje agaciro umushinga wabo wa BBI. . Umushinga wa BBI uhuriweho na Perezida Kenyatta na Raila Odinga wotewe utwatsi n’urukiko rw’ubujurire . William Ruto yakinnye ku mubyimba Perezida Kenyatta…
Perezidansi cyangwa ingoro z’abakuru b’ibihugu 10 nziza kurusha izindi muri Afurika n’agaciro kazo – AMAFOTO
•
Inyubako ikorwamo umukuru w’igihugu ni ikintu kba cyubashywe mu gihugu icyo ari cyose. Ni inyubako yubakanwa ubuhanga ndetse igahabwa ubwiza n’ibindi bikenerwa byose kugirango akazi k’umukuru w’igihugu kagende neza ari yo mpamvu zitwara agatubutse mu iyubakwa no mu kwitabwaho kwazo. Dore urutonde rw’ingoro 10 z’abakuru b’ibihugu zifite ubwiza ntagereranywa kurusha izindi muri…
Dore inyubako 5 ku isi zifite ishusho itangaje cyane ku buryo utakwizera ko ari inzu – AMAFOTO
•
Ku isi hariho byinshi bitangaje bimwe karemano ibindi byakozwe n’amaboko y’abantu. Muri iyi nkuru iwacunews.com yabakusanyirije inyubako 5 zifite ishusho itangaje cyane ku buryo bigoye kwizera ko ari inzu. . Inzu zifite ishusho itangaje cyane . Inyubako zitangaje ku isi 1. Basket Building, USA Iyi nyubako ikoze mu ishusho ry’agatebo…
Ijambo rya nyuma Joseph Habineza yavuze mbere yo gupfa
•
Ambasaderi Joseph Habineza wabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo kuva mu 2004 kugeza mu 2011 yapfuye gusa hari inama yasize atanze kuri Twitter mu butumwa bwe bwa nyuma kuwa 17 Kanama 2021. . Amb. Joseph Habineza yatabarutse . Joseph Habineza yishwe n’uburwayi . Ijambo rya nyuma rya Joseph Habineza wamamaye nka Mr Joe …
Umupadiri yasomeye abakobwa batatu kuri alitari umwe ahita ahahamuka avuga ko atakaje ubusugi
•
Umupadiri wo mu gihugu cya Ghana, Balthazar Obeng Labri, ari mu mazi abira nyuma yo gusoma abakobwa batatu biga ku ishuri ryitwa St. Monica College of Education, ari kuri alitari, umwe muri bo agahita ahahamuka. Ibi bikimara kuba byateje impaka ku mbuga nkoranyabaga, bamwe bakavuga ko uko gusomana kwa Padiri Labri ari ugutagatifu…
Amb. Joseph Habineza wabaye Minisitiri w’umuco na Sport yapfuye azize uburwayi
•
Amb. Joseph Habineza wabaye Minisitiri wa siporo n’urubyiruko mu Rwanda akanarubera Ambasaderi muri Nigeria yitabye Imana azize uburwayi mu bitaro byo muri Kenya. . Amb. Habineza Joseph yitabye Imana . Amb. Habineza Joseph yishwe n’uburwayi aguye muri Kenya . Amb. Joe Habineza yapfuye . Urupfu rwa Amb. Joseph Habineza rwatunguranye Yabanje kujya…