Kayesu Shalon wafungishije Kevin Kade na Davis D atumye Kwizera Olivier yirukanwa mu mwiherero w’ikipe y’igihugu Amavubi – AMAFOTO
•
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu, Amavubi, Kwizera Olivier uheruka guhamagarwa n’umutoza Mashami Vincent bigatuma benshi bacika ururondogoro, yagaragaye nijoro ari live kuri Instagram n’umukobwa wavuzwe cyane mu minsi ishize kubera kuvugwaho ko yafungishije abahanzi Davis-D na Kevin Kade byamuviriyemo kwirukanwa. . Kwizera Olivier yirukanwe mu mwiherero w’Amavubi nyuma yo kurara aririmbana na Kayesu Shalon kuri…
Byinshi ku Batalibani bongeye kwigarurira Afghanistan nyuma y’imyaka 20 barwanda n’ingabo za Amerika ari nayo yabatoje
•
Ubusanzwe, ijambo “talibani” risobanuye ngo “umunyeshuri”, cyangwa se umuntu ushakisha ubumenyi. Abatalibani bategetse Afuganisitani kuva muw’1996 kugeza muw’2001 aho bashyizeho ubutegetsi bugendera ku mahame akarishye y’idini ya kiyisilamu azwi nka shariya. . Abatariban baremwe na Leta zunze ubumwe za Amerika . Inkomoko y’Abatalibani bongeye gufata ubutegetsi muri Afghanistan . Aho Abatalibani bahuriye na…
Aba-taliban batangiye guhiga bukware umuntu wese wagize aho ahuririra n’ingabo z’amahanga zari ziyobowe na USA – Rappor ya UN
•
Inyandiko y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yaburiye ko aba Taliban bakajije ibikorwa byo gushakisha abakoreye ingabo z’umuryango w’ubwirinzi bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) cyangwa abakoreye leta ya Afghanistan yari iriho mbere. . Abakoranye n’ingabo za Amerika n’incuti zazo bakomeje guhungishwa . Abatalibani batangiye guhiga abahoze basemurira ingabo z’amahanga . Abanya-Afghanistan bakomeje imyigaragambyo bamagana abatalibani Iyo nyandiko…
Ibimenyetso byakwereka ko amazi unywa buri munsi adahagije ibintu bishobora kugukururira ibyago bikomeye
•
Mu bigize umuntu, amazi yihariye 60%. Twavuga ko ariyo ya mbere mu bifitiye umuntu akamaro. Umubiri utakaza amazi buri munsi binyuze mu byuya no kunyara, akaba ariyo mpamvu ugomba guhora usimbuza amazi watakaje, kugira ngo wirinde umwuma. . Ibintu byakwereka ko amazi unywa ku munsi adahagije . Nubona ibi uzamenye ko ukwiye kongera…
Nubwo abasore benshi baba bifuza ko bakundana, uyu mukobwa w’uburanga ahamya ko nta myanya y’ibanga agira ndetse ngo ntashobora kubyara – AMAFOTO
•
Abahanga bati ‘burya umuntu wese agira inenge kuri we’, yaba igaragarira buri wese cyangwa se iyo utamenya usibye nyirayo gusa. Umukobwa mwiza w’uburanga Julian Peter wo muri Kenya abasore benshi baramurwanira nyamara we azi neza ko nta myanya y’ibanga agira yewe nta na nyababyeyi agira. Julian Peter, yavukanye ikibazo gikomeye nk’uko yabitanzemo ubuhamya.…
Umugore yahishuye uko yashakanye n’umuzimu wa Michael Jackson umaze imyaka 12 atabarutse
•
Umugore witwa Kathleen Roberts yahishuye uko yashakanye n’umuzimu wa nyakwigendera Michael Jackson umaze imyaka 12 atabarutse akaba atazibagirana nk’umwami w’injyana ya Pop kuri uyu mubumbe dutuye. . Yashimangiye ko yashakanye n’umuzimu wa Michael Jackson. Iyi nkuru yagarutsweho na Daily Star, iravuga ko uyu mugore Roberts yatangaje ko we n’umuzimu wa Michael Jackson…