Abanyamategeko batanze ikirego kibuza Lionel Messi kwerekeza Muri PSG
•
Abanyamategeko b’ikipe ya FC Barcelona mu izina ry’abafana bayo, batanze ikirego mu Rukiko rw’Ubujurire rw’u Burayi basaba ko rwakumira ikipe ya Paris Saint-Germain gusinyisha Lionel Messi. . Abanyamategeko b’ikipe ya FC Barcelona barasaba ko Messi atasinyishwa na PSG . Icyatumye FC Barcelone idasinyisha Messi na PSG kirayireba . Impamvu Abanyamategeko b’ikipe ya FC Barcelone…
Umuntu uyoborera hanze aba ari Ambasaderi ntabwo aba ari umwami – Juno Kizigenza avuga ku butumwa bwe bwatumye yibasirwa ashinjwa kwishyira hejuru no kugirira ishyari Meddy
•
Umuhanzi ukizamuka mu muziki Nyarwanda, Juno Kizigenza, yaciye bugufi agaragaza ko atari ku rwego rumwe na Meddy, nyuma y’iminsi mike ashinjwe kumwigereranyaho nyamara batari ku rwego rumwe. . Juno Kizigenza yongeye gushimangira ko nta waba umwami mu gihutu atabamo . Juno Kizigenza yavuze ko yubaha Meddy ndetse ko atari ku rwego rwe .…
Gen Muhizi yavuze icyafashije RDF gukubita incuro inyeshyamba zo muri Mozambique zari zimaze igihe zarigaruriye ibice bitandukanye
•
Brig Gen Muhizi Pascal uyoboye ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique, yavuze ko ikinyabupfura no kwihanganira ibihe bigoye byamye biranga ingabo za RDF ari byo byazifashije gutsinsura ibyihebe, mbere yo kwigarurira Mocímboa da Praia. . RDF n’ingabo za Mozambique birukanye inyeshamba ku cyambu cya Mocímboa da Praia . Ibanga…
RDF yavuze icyo izakora muri Mozambique nyuma yo guhashya inyeshyamba
•
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Col. Ronald Rwivanga yatangaje ko nyuma yo guhashya intagondwa z’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Islamic State zimaze imyaka irenga itatu zihungabanya umutekano w’intara ya Cabo Delgado muri Mozambique, hazakurikiraho kubaka inzego z’umutekano z’iki gihugu. Col. Rwivanga yabitangarije Taarifa nyuma y’aho kuri uyu wa 8 Kanama 2021 izi ngabo hamwe n’iza Mozambique…
Ntibisanzwe: Yavutse angana n’urubuto rwa pome bituma afatwa nk’umwana wavutse ari muto kurusha abandi ku isi
•
Umwana byibazwa ko ari we wa mbere wavutse ari muto cyane ku isi, yasezerewe mu bitaro byo muri Singapour (Singapore) nyuma y’amezi 13 yari ahamaze yitwabwaho. Kwek Yu Xuan yavutse apima amagarama (g) 212 – uburemere nk’ubw’urubuto rwa pomme/apple – ndetse uyu mwana w’umukobwa yari anafite uburebure bwa santimetero (cm) 24. Yavutse…
Gisozi: Umugore yahangereye umugabo we asinziriye amukata imyanya y’ibanga
•
Umugore yatawe muri yombi n’ urwego rw’ igihugu rw’ ubugenzacyaha (RIB) akekwaho guhengera umugabo we asinziriye, akamukata igitsina cye amuziza kumuca inyuma. Nk’ uko BTN TV dukesha aya makuru kibivuga, aya mahano yabereye mu Kagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi wo mu Karere ka Gasabo , biba mu ijoro ryo ku wa…