DÉJÀ VU waba uzi ikiyitera ibintu bisa nk’ibitangaje biba kuri benshi?
•
Ese waba warigeze kujya ahantu cg kumva umuntu avuga ibintu ukumva si ubwa mbere ibyo byose biri kuba? Niba byarakubayeho uri umwe muri 70% by’abatuye isi bavuga ko ibi byababayeho cg se bibabaho. Abantu batandukanye bagerageza kuvuga kuri deja vu icyari cyo ndetse n’ikiyitera. Gusa kugeza ubu hari theory zirenga 40 zigerageza kubisobanura…
Sobanukirwa guhurwa no gutwariza ikintu runaka biba ku bagore batwite
•
Guhurwa mu gihe utwite cg gutwarira biba hafi ku bagore bose batwite, bagira ibyo kurya cyangwa kunywa baba bifuza kurenza ibindi aribyo bita gutwarira. Hari abatwarira ikintu ngo batajyaga banarya, hari abatwarira umuhumuro runaka, ngo hari n’abatwarira guhekenya ibitaka. . Guhurwa ku bagore batwite . Kurarikira ibintu bitandukanye biba ku mugore utwite …
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zigaruriye icyambu cya Mocimboa da Praia
•
Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique, zimaze kwigarurira icyambu cya Mocímboa da Praia, ari na ho hari icyicaro gikuru cy’imitwe y’iterabwoba kuva mu myaka ibiri ishize. . Uyu Mujyi kandi niwo uherereremo icyicaro gikuru cy’aka karere n’ikibuga cy’indege. . Ingabo za RDF n’iza Mozambique bigaruriye icyambu cya Mocímboa da Praia . Ibirindiro bikuru by’inyeshyamba…
Mu marira n’ikiniga byinshi, Lionel Messi yasezeye Barcelone anavuga ku makuru amwerekeza muri PSG – AMAFOTO
•
Kuri iki gicamunsi nibwo Lionel Messi yagize ikiganiro n’itangazamakuru agaruka ku isezera ndetse n’uko yatandukanye na Barcelona yari amazemo imyaka 21 ariko bigeraho biranga amarira amubunga mu maso kubera ikiniga kinshi. . Lionel Messi yasezey kuri FC Barcelone . Lionel Messi yaranzwe n’amarira mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo yasezeraga ku bakunzi ba FC Barcelone…
Miss Bahati Grace yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka Bridal shower [AMAFOTO]
•
Miss Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2009 witegura gukora ubukwe, mu ijoro ryo kuri uyu wa 7 Kanama 2021 yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi bizwi nka “Bridal Shower.” . Miss Bahati Grace yasezeweho n’urungango . Miss Bahati Grace agiye gushyingirwa . Ubukwe bwa Miss Bahati Grace buregereje Ibi birori…
James Rodriguez yasabye ikintu gikomeye Lionel Messi anavuga bitangaje byaba kuri PSG iramutse yegukanye Messi
•
Umunya Colombia ukinira Everton,James Rodriguez,yavuze ko yifuza kubona Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bakinana mu ikipe imwe cyane ko bose bari kwerekeza ku mpera z’umwuga wayo. . PSG yakwegukana ibikombe byose byo mu Bufaransa iramutse iguze Messi . Champions League byaba bikomeye Lionel Messi aramutse yerekeje muri PSG agasanga Neymar, Mbappe na Ramos…