Latest post

Kuki harashwe imizinga inshuro 21 mu birori by’irahira rya Perezida Kagame? Sobanukirwa

Kurasa imiziga ni igikorwa cyo gutanga icyubahiro gikunze gukorwa n’igisirikare mu gihe cyakira umuntu runaka cyangwa mu birori bikomeye. Ku wa 11 Kanama 2024, ubwo Perezida Paul Kagame yarahiriraga kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere, igisirikare cy’u Rwanda…

Posted on

Ibintu byahinduye isura: Ukraine yafashe umwanzuro wo kwimurira intambara mu Burusiya

Abasirikare ba Ukraine bateye intambwe bagera muri kilometero 30 imbere mu Burusiya, mu gitero cya mbere cyinjiye kure cyane mu Burusiya kandi gikomeye cyane kibayeho kuva Uburusiya bwatangira igitero gisesuye kuri Ukraine muri Gashyantare mu 2022. Minisiteri y’ingabo z’Uburusiya yavuze…

Posted on

Rayon Sports yakiriye rutahizamu wakinnye i Burayi

Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya ukomoka mu gihugu cya Cameroon, Aziz Bassane Koulagna wakinnye mu ikipe y’abatarengeje imyaka 19 ya FC Nante yo mu Bufaransa. Uyu rutahizamu yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe Saa yine z’ijoro zo kuri iki Cyumweru,…

Posted on

Apôtre Dr Paul Gitwaza yari yishwe azira ihabara

Umushumba Mukuru w’Umuryango Authentic Word Ministries / Zion Temple Celebration Center, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yavuze ko hari uwashatse kumuvutsa ubuzima ariko Imana ikinga ukuboko. Ibi Apôtre Dr Paul Gitwaza,yabigarutseho ubwo kuri iki cyumweru tariki ya 11 Kanama 2024, hasozwaga…

Posted on

Uko wanyaza umugore ahagaze ndetse n’ibyo ugomba kwitondera

Igikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye kiri mu ngingo zikomeye yewe umuntu yanavuga ko ari nshingirwaho mu kubaka neza umuryango, ariko iyo iki gikorwa gikozwe nabi cyangwa se abashakanye ntibakivugeho rumwe, nta kabuza nta munezero urubonekamo. Uyu munsi tugarutse ku…

Posted on

Uburyo bworoshye wakoresha urongora umugore ubyibushye akanyurwa

Ni kenshi bikunze kugaragara ko umusore n’umukobwa bakundanda bari ku kigero gito ku bijyanye n’umubyibuho/amagara make; nyamara bamara kugera mu rwabo ugasanga byarahindutse bakabyibuha cyane cyane umugore. Ni byiza rero ko mu gihe mukoranye imibonanompuzabitsina n’umugore wawe ugerageza uburyo bwose…

Posted on

USA: Harris Kamala yatangaje uzamubera Visi Perezida naramuka atsinze amatora

Visi Prezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kamala Harris, yahisemo Guverineri Tim Walz wa Leta ya Minnesota kumubera kandida Visi Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu, nk’uko amasoko yuzuzanya yabyemereye ibitangazamakuru bitandukanye byo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ni amatora…

Posted on

Mwishya wa Donald Trump yavuze ko Abanyamerika badakwiye kongera kumutora – IMPAMVU

Fred C. Trump III umwishywa wa Donald Trump uri mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora USA, yamwibasiye amutangazaho byinshi ndetse anasaba Abanyamerika ko batakongera kumuha icyizere cyo kubayobora kuko atabikwiriye. Mu gihe Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta…

Posted on

Umukunzi wa Eddy Kenzo yakoze ibirori byo gushimira Imana byitabirwa na Perezida Museveni

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, Phiona Nyamutoro yakoze ibirori byo gushima Imana byabereye mu gace avukamo ka Nebbi ku kibuga cya Nebbi Town SS, byitabirwa na Perezida Museveni. Perezida Museveni yavuze ko Nyamutooro yamaze gutanga umwitangirizwa…

Posted on

Atletico Madrid irashaka kugura rutahizamu Julian Alvarez wa Manchester City

Atletco Madrid yamaze kwemera ko izatanga Miliyoni 81.5£ kuri rutahizamu wa Manchester City Julian Alvarez. Nyuma y’uko Atletico Madrid imaze iminsi igaragaza ko yifuza umunya Argentina watakira Manchester City Julian Alvarez, iyi kipe yo mu murwa mukuru wa Esipanye, yamaze…

Posted on