Inkindi Aisha yasabye imbabazi nyuma yo gutuka bagabo batari muri CTU ko ari amagweja n’ibimonyo
Umukinnyi wa filime, Inkindi Aisha, yasabye imbabazi abagabo ‘yatutse’ nyuma y’iminsi agarukwaho kuri X, ibi bikaba bituruka ku magambo yavuze agaragaza ko umuntu watoranyije abasore bari mu Ishami rishinzwe kurwanya Iterabwoba mu Rwanda rizwi nka Counter-Terrorist Unit (CTU) yasigaje abandi…
Bagabanye imitungo! Platini yahanye ‘Divorce’ na Ingabire Olivia wari umugore we
Umuhanzi Nemeye Platini wamamaye nka Platini P yatandukanye byemewe n’amategeko na Ingabire Olivia wari umugore we. Bari bamaranye imyaka itatu n’amezi ane. Byashimangiwe n’Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata, mu rubanza rwashyizweho akadomo ku wa 27 Kamena 2024. Kandi rwahise rugirwa itegeko….
Musanze: Umusore yishwe n’icupa rimwe ry’urwagwa yanyweye ariguriwe n’umuturanyi we
Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2024, umusore witwa Nahimana Eric yapfuye nyuma yo kumara icupa ry’inzoga y’urwagwa mugenzi we yari yamutegeye, ubwo bari mu kabari gaherereye mu i Santere ya Gakingo mu Mudugudu wa Kadahenda mu Murenge wa Shingiro mu…
Ikipe Mutsinzi Ange akinamo yasezerewe muri Europa Leauge hitabajwe za Penaliti
Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan ikinamo myugariro Mutsinzi Ange yatsinzwe na FC Sheriff yo muri Moldova penaliti 5-4, nyuma kunganya ibitego 2-2 mu mikino yombi yo mu ijonjora rya mbere mu yo gushaka itike y’amatsinda ya…
Kigali: Umu-Dasso witwa Kalisa arashinjwa gusenyera umuturage nyuma y’uko amwatse fanta(ruswa) akayibura
Mu murenge wa Gatsata ho mu karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umuturage wasenyewe inzu azizwa ko yasimbuje amabati yashaje, akanga gutanga Fanta. Uyu muturage avuga ko inzu ye imaze igihe kinini yubatswe, ndetse ko amabati yasimbuje ari amabati kabiri yari…
Abaturage bariye Karungu kubera urupfu rw’umukobwa w’imyaka 20 bivugwa ko yagaburiwe inyama z’injangwe
Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2024, ni bwo umukobwa witwa Musengamana wari mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Kagari ka Kirebe mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare yashyinguwe, ni nyuma yo kwitaba Imana ku wa Mbere, aho…
Ese umugore ashobora kwikuramo intangangabo zamaze kumugeramo nyuma yo kuryamana n’umugabo? Sobanukirwa
Iki ni kimwe mu bibazo byibazwa n’abantu benshi cyane. Bamwe bati:”Ese niba umugabo aryamanye n’umugore , umugabo akarangiza atakoresheje agakingirizo , byashoboka ko izo ntanga zamaze kugenda zagarurwa nyuma?”. Ni ikibazo ariko muri iyi nkuru urabona igisubizo. Iki kibazo kigoye…
“Kuki yatwaye abagabo bacu bose agasiga amagweja n’ibimonyo ?” Amagambo Inkindi Aisha yakoresheshe atuka abagabo batari muri CTU, yananiwe kwihanganirwa na benshi
Ku mbuga nkoranyambaga abantu ntibari kuvuga kimwe ku magambo yakoreshejwe n’umukinnyi wa filime Inkindi Aisha, asa nkunenga abagabo badakora muri CTU ndetse ashima abasore bakora muri department ishinzwe umutekano ya CTU. Mu kiganiro aheruka kugirana na MIE ikorera ku murongo…
Ubuzima bw’umuhanzi Dorimbogo buri mu kaga – yatangiye gusaba imbabazi abo yahamagaye
Umugore umaze kwamamara kumbuga nkoranyambaga, bitewe n’udutendo twinshi akora, Vava uzwi nka Dore Imbogo, arwariye mu bitaro. Uyu Mugore wamamaye kubera indirimbo ye yiswe Bore imbongo , dore impara, arwariye mu bitaro bikuru bya Kibogora mu karere ka Nyamasheke iwabo …
Polisi yamukoreye ibya mfura mbi: Amakuru mashya kuri wamugabo ushinjwa kwica abagore n’abakobwa 42
Umugabo watangajwe na polisi ya Kenya ko ari “umwicanyi ruharwa” yakorewe iyicarubozo kugira ngo yemere icyaha, nkuko umunyamategeko umwunganira yabibwiye urukiko ku wa kabiri mu murwa mukuru Nairobi. Polisi yavuze ko nyuma yuko imutaye muri yombi ku wa mbere, Collins…