Latest post

Kuba abarangije amashuri yisumbuye bakwigishwa igisirikare byabamarira iki? Dr. Biruta arabisobanura

Share this:

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, Dr Vincent Biruta, yasobanuye ko bifuza ko nibura urubyiruko rw’u Rwanda rusoza amashuri yisumbuye rwajya rukora igisirikare umwaka umwe kugira ngo rukomeze kwigishwa indangagaciro no gukorera igihugu. Dr Vincent Biruta yagaragaje ko kwigisha…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yahishuye uko yigeze kwirukankanwa n’umujandarume i Kigali kugirango ategera inzu nyuma akisanga ayituyemo

Share this:

Kandida-Perezida, Paul Kagame yumvikanishije ko ntawe umenya aho bwira ageze, kuko aho Umujandarume yigeze kumwirukana ariho yatuye nyuma yo gutangira ishingano nk’Umukuru w’Igihugu. Ni inkuru yabaze mu kumvikanisha ko Politike ya FPR ishyira mu ngiro ‘uko amateka akwiye kuba yandikwa’….

Share this:
Posted on

Ingaruka mbi za WiFi ku buzima bw’umuntu abantu batajya babwirwa harimo n’izitera urupfu

Share this:

Wi-Fi ni ubwoko bwa konegisiyo (Connection) ya internet bugezweho kandi bukoreshwa n’abatari bake. Iri huzanzira ridufatiye runini bitewe n’aho Isi igeze ariko rikanagira ingaruka mbi ku buzima bwacu zitagaragarira amaso kandi ziteye inkeke. Muri iyi nkuru ntabwo turi bugaruke ku…

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Liza ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Share this:

Liza ni izina ry’akabyiniriro ryakuwe ku izina Elisabeth rifite inkomoko mu Giheburayi aho risobanura ngo Imana ni indahiro yanjye cyangwa Imana ni isezerano ryanjye. Bamwe bandika Liza abandi Lisa n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Liza: Liza ni umuntu ugira umutima…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibintu 5 utagomba gukora ugamije gushimisha umukobwa mukundana

Share this:

Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse…

Share this:
Posted on

Joe Biden yitiranije Zelensky wa Ukraine na Putin w’Uburusiya

Share this:

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yitiranyije Volodymyr Zelensky wa Ukraine na Vladimir Putin w’u Burusiya ubwo bahuriraga mu nama y’umuryango NATO yaberaga i Washington D.C. Zelensky yitabiriye iyi nama nk’umutumirwa kugira ngo ageze ku bakuru b’ibihugu…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye undi mwihariko imodoka Perezida Kagame ari gukoresha mu kwiyamamaza ifite – AMAFOTO

Share this:

Nyakubahwa Perezida Kagame ari kujya kwiyamamaza hirya no hino yitwaye mu modoka nziza cyane kandi yihariye yitwa Armored Urban Land ROVER DEFENDER 110 – ya 2023/2024. Iyi modoka aguze vuba, iri mu zikunzwe n’abakomeye kubera ubushobozi ifite bwo kurira imisozi…

Share this:
Posted on

Ubutaka bivugwa ko bwahawe u Rwanda bwateje impagarara muri Congo Brazzavile

Share this:

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko nta butaka Repubulika ya Congo yeguriye u Rwanda ngo rubukorereho ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 10 Nyakanga 2024 ubwo yari amaze kuganira na Perezida wa Congo, Denis Sassou…

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Gildas ndetse n’uko ba Gildas bitwara

Share this:

Gildas ni izina rihabwa umwana w’umuhungu, rikomoka mu rurimi rwa ‘Welsh’ rukoreshwa mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Bwongereza, risobanura “Ukorera Imana.” Bimwe mu biranga ba Gildas: Akunze kurangwa no kuba nyamwigendaho, rimwe na rimwe akaba umuntu ushyira mu gaciro. Biragoye kuba…

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Sabin cyangwa Sabine ndetse n’uko abitwa iri zina bitwara

Share this:

Sabine ni izina rifite inkomoko mu rurimi rw’ikigereki gusa rikunze gukoreshwa n’abakoresha ururimi rw’ikigereki. Iri zina risobanura ngo “Umugore ukomoka mu bwoko bw’abasabine”. Amateka avuga ko ubwoko bw’aba Sabine bari Abataliyani bagiye bagirwa abagore n’Abaromani bakabigarurira bagamije kwagura abaturage babo….

Share this:
Posted on