Latest post

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Micheline ndetse n’uko ba Micheline bitwara

Share this:

Micheline ni izina rihabwa abana b’abakobwa rifite inkomoko mu giheburayo ku izina Mīkhāʼēl rika ari ikibazo kibaza ngo “Ni nde umeze nk’Imana”. Hari amazina menshi asobanura kimwe na Micheline, twavugamo Michele, Michela Michelline, Michelina n’ayandi. Iyo ari umuhungu bamwita Michel,…

Share this:
Posted on

Inkuru ya Killaman yakoze benshi ku mutima: Kuva mu nzu y’ibyondo kugeza ku nzu y’asaga miliyoni 150RWF ntibyabasha kumvwa na buri wese

Share this:

Umukinnyi wa filime Niyonshuti Yannick Morgan wamenye nka Killaman, yagaragaje ko kwihangana ku mugore we Umuhoza baherutse kurushinga, ariko kwagejeje ku kuba barabashije kwiyubakira inzura y’arenga Miliyoni 150 Frw ushingiye ku mibare itangwa n’abahanga mu kubaka inzu zigezweho muri iki…

Share this:
Posted on

CECAFA Kagame Cup: APR FC yatsinze ikipe ya kabiri biyongerera amahirwe yo kugera muri 1/4

Share this:

Ikipe ya APR FC yatsinze umukino wayo wa Kabiri mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup ya 2024 riri kubera muri Tanzania ikomeza kuyobora itsinda C irimo. Ni mu mukino wabaye kuri uyu Wa Gatanu Saa Mbili z’ijoro kuri Azam Complex…

Share this:
Posted on

Kuba abarangije amashuri yisumbuye bakwigishwa igisirikare byabamarira iki? Dr. Biruta arabisobanura

Share this:

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, Dr Vincent Biruta, yasobanuye ko bifuza ko nibura urubyiruko rw’u Rwanda rusoza amashuri yisumbuye rwajya rukora igisirikare umwaka umwe kugira ngo rukomeze kwigishwa indangagaciro no gukorera igihugu. Dr Vincent Biruta yagaragaje ko kwigisha…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yahishuye uko yigeze kwirukankanwa n’umujandarume i Kigali kugirango ategera inzu nyuma akisanga ayituyemo

Share this:

Kandida-Perezida, Paul Kagame yumvikanishije ko ntawe umenya aho bwira ageze, kuko aho Umujandarume yigeze kumwirukana ariho yatuye nyuma yo gutangira ishingano nk’Umukuru w’Igihugu. Ni inkuru yabaze mu kumvikanisha ko Politike ya FPR ishyira mu ngiro ‘uko amateka akwiye kuba yandikwa’….

Share this:
Posted on

Ingaruka mbi za WiFi ku buzima bw’umuntu abantu batajya babwirwa harimo n’izitera urupfu

Share this:

Wi-Fi ni ubwoko bwa konegisiyo (Connection) ya internet bugezweho kandi bukoreshwa n’abatari bake. Iri huzanzira ridufatiye runini bitewe n’aho Isi igeze ariko rikanagira ingaruka mbi ku buzima bwacu zitagaragarira amaso kandi ziteye inkeke. Muri iyi nkuru ntabwo turi bugaruke ku…

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Liza ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Share this:

Liza ni izina ry’akabyiniriro ryakuwe ku izina Elisabeth rifite inkomoko mu Giheburayi aho risobanura ngo Imana ni indahiro yanjye cyangwa Imana ni isezerano ryanjye. Bamwe bandika Liza abandi Lisa n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Liza: Liza ni umuntu ugira umutima…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibintu 5 utagomba gukora ugamije gushimisha umukobwa mukundana

Share this:

Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse…

Share this:
Posted on

Joe Biden yitiranije Zelensky wa Ukraine na Putin w’Uburusiya

Share this:

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yitiranyije Volodymyr Zelensky wa Ukraine na Vladimir Putin w’u Burusiya ubwo bahuriraga mu nama y’umuryango NATO yaberaga i Washington D.C. Zelensky yitabiriye iyi nama nk’umutumirwa kugira ngo ageze ku bakuru b’ibihugu…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye undi mwihariko imodoka Perezida Kagame ari gukoresha mu kwiyamamaza ifite – AMAFOTO

Share this:

Nyakubahwa Perezida Kagame ari kujya kwiyamamaza hirya no hino yitwaye mu modoka nziza cyane kandi yihariye yitwa Armored Urban Land ROVER DEFENDER 110 – ya 2023/2024. Iyi modoka aguze vuba, iri mu zikunzwe n’abakomeye kubera ubushobozi ifite bwo kurira imisozi…

Share this:
Posted on