Latest post

Ubutaka bivugwa ko bwahawe u Rwanda bwateje impagarara muri Congo Brazzavile

Share this:

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko nta butaka Repubulika ya Congo yeguriye u Rwanda ngo rubukorereho ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 10 Nyakanga 2024 ubwo yari amaze kuganira na Perezida wa Congo, Denis Sassou…

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Gildas ndetse n’uko ba Gildas bitwara

Share this:

Gildas ni izina rihabwa umwana w’umuhungu, rikomoka mu rurimi rwa ‘Welsh’ rukoreshwa mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Bwongereza, risobanura “Ukorera Imana.” Bimwe mu biranga ba Gildas: Akunze kurangwa no kuba nyamwigendaho, rimwe na rimwe akaba umuntu ushyira mu gaciro. Biragoye kuba…

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Sabin cyangwa Sabine ndetse n’uko abitwa iri zina bitwara

Share this:

Sabine ni izina rifite inkomoko mu rurimi rw’ikigereki gusa rikunze gukoreshwa n’abakoresha ururimi rw’ikigereki. Iri zina risobanura ngo “Umugore ukomoka mu bwoko bw’abasabine”. Amateka avuga ko ubwoko bw’aba Sabine bari Abataliyani bagiye bagirwa abagore n’Abaromani bakabigarurira bagamije kwagura abaturage babo….

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Joshua ndetse n’uko ba Joshua bitwara

Share this:

Joshua ni izina rihabwa umwana w’umuhungu, rifite inkomoko mu giheburayo aho risobanura ngo Imana ni agakiza. Bamwe bamwita Josuee, Joshuah, Yosuwa n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Joshua: Ni umuntu udapfa kwihangana kandi ni gake ushobora kumubona aseka, bityo bigatuma hari…

Share this:
Posted on

Dore ibintu bitanu bituma abagore bakunze kuryamana n’abakozi babo bo mu rugo

Share this:

Kuryamana n’abakozi bo mu rugo ni ikibazo kibangamira umubano w’abashakanye kandi gikunze kubaho mu ngo nyinshi. Dore bimwe mu bintu bitanu bikunze gutera abagore kuryamana n’abakozi bo mu rugo. Kwitabwaho bidakwiye n’umugabo: Iyo umugabo adaha umugore we urukundo n’ubwuzu bikwiriye,…

Share this:
Posted on

Rayon Sports yakiriye rutahizamu w’igikurankota

Share this:

Rayon Sports yakiriye Prinsse Junior Elenga Kanga, rutahizamu ukomoka muri Congo Brazzaville wakiniraga AS Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyuma yo kuziba ibyuho yari ifite, birimo mu izamu, ubwugarizi no hagati mu kibuga, kuri ubu Murera…

Share this:
Posted on

Ibitaravuzwe ku gitero cya FARDC na FDLR ku Rwanda cyahagarikiwe mu Birunga

Share this:

Mbere gato y’uko u Rwanda rwakira Inama y’Abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma z’ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza (CHOGM), Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije n’umutwe wa FDLR bashatse gutera u Rwanda ngo badobye iyi nama gusa uwo mugambi uza…

Share this:
Posted on

Dore uburyo 5 bwiza wagabanyamo ibicece ku nda

Share this:

Uburwayi bwo kugira umubyibuho ukabije ndetse ukaba wagira ibicece ku nda ni ikibazo gihangayikishije abantu benshi. N’ubwo bishobora kugorana kubyirinda, hari ibintu bitanu wakora bikagufasha kugabanya umubyibuho ukabije kandi ugahorana ubuzima buzira umuze: Guhindura Imirire yawe: – Kugabanya ibinyasukari n’ibinyamavuta…

Share this:
Posted on

Hari amakipe atazakandagira kuri Sitade Amahoro muri Shampiyona ya 2024/2025. Dore imikino izahabera

Share this:

Nyuma y’uko sitade Amahoro ivuguruwe ikagira ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza, mu mwaka w’imikino wa 2024-25 izakira imikino ibiri gusa ya shampiyona izahuza Rayon Sports na APR FC. Nubwo uko amakipe azahura muri shampiyona y’umwaka w’imikino wa…

Share this:
Posted on

Ikigo cya Premier Betting cyahagaritswe gukorera mu Rwanda

Share this:

Ikigo gikora ibijyanye no gutega n’imikino y’amahirwe cya Premier Betting cyari kiri mu biri imbere mu Rwanda, cyahagaritswe, nyuma yuko icyemezo cyacyo cyo gukorera mu Rwanda cyarangiye. Mu ibaruwa yandikiwe Umuyobozi w’iki kigo, igaragaza ko icyemezo cyacyo cyo gukorera mu…

Share this:
Posted on