Latest post

How to add email to your Facebook Account in 2024?

Share this:

Sometimes you will need to change your facebook email or add another one or even delete the existing one. How to add a new email to your facebook Account? Here are steps to follow: 1. Login to your account 2….

Share this:
Posted on

Ibiribwa ukwiye kwirinda n’ibyo kwitondera mu gihe ujye urwara ikirungurira cyangwa kugaruka kwa Aside

Share this:

Ikirungurira no kugaruka kw’aside iba mu gifu, bikunda kwibasira abantu bamwe na bamwe bikaba byabateza ikibazo cyo kutamererwa neza. Kugarura aside ni ikibazo kibasira agace gashinzwe kwifunga gatandukanya umuhogo n’igifu (Lower Esophageal Sphincter (LES)) kabuza ibyamaze guca mu muhogo kugaruka….

Share this:
Posted on

Uwahoze ari umugore w’umuhanzi Platini agiye gushaka undi mugabo nyuma ya gatanya yahawemo miliyoni 35 n’imodoka

Share this:

Nyuma yuko ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amakuru avuga ko Platin P yamaze guhana gatanya n’umugore we Oliva, kuri ubu haravugwa andi makuru ko Oliva yaba agiye gushaka undi mugabo usimbura Platin P. Mu mpera z’ukwezi kwa 6 nibwo Platin P…

Share this:
Posted on

Abakozi ba APR fC bari bafunzwe kubera amarozi bafunguwe

Share this:

Abakozi batatu ba APR FC baregwaga n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikare gucura umugambi wo guha abakinnyi ba Kiyovu Sports ibintu bibaca intege, barekuwe nyuma y’umwaka n’amezi abiri bafunzwe. Muri Gicurasi 2023 nibwo haje amakuru y’uko abakozi batatu ba APR FC, Mupenzi Eto’o…

Share this:
Posted on

Ruboneka Bosco, Manishimwe Djabel bari mu gahinda gakomeye

Share this:

Umutoza Ntirenganya Jean de Dieu wazamuye abakinnyi nka Manishimwe Djabel, Ruboneka Bosco n’abandi yitabye Imana azize uburwayi. Ntirenganya yari amaze igihe arwaye aho yarwariye mu bitaro bya Kiziguro, avayo ajyanwa i Rwinkwavu, yitabye Imana ku mugoroba w’ejo hashize ku wa…

Share this:
Posted on

Impamvu 10 zishobora gutera ikibazo cyo guhagarara k’umutima n’uko wabyirinda

Share this:

Guhagarara k’umutima (heart attack cg se myocardial infarction), bibaho mu gihe amaraso yajyaga mu mutima yifunze. Ni ha handi ubona umuntu wajyendaga neza, cg se utari uziho uburwayi budasanzwe umutima uhagaze ukumva yapfuye. Guhagarara k’umutima biterwa akenshi nuko cholesterol iba…

Share this:
Posted on

Euro2024: Ubufaransa bwasezereye Ububirigi bigoranye cyane

Share this:

Ikipe y’Ubufaransa yasezereye bigoranye Ububiligi ibutsinze igitego 1-0 mu mukino wa 1/16 cy’irangiza mu gikombe cya Euro 2024. Mu mukino utaryoheye ijisho, aya makipe yombi yabonye amahirwe menshi ariko kuboneza mu nshundura biba ikibazo. Ubufaransa bwabonye igitego nyuma yo kugerageza…

Share this:
Posted on

APR FC yazanye umukinnyi ukomoka muri Brazil ukiri muto

Share this:

Ikipe ya APR FC yazanye umukinnyi ukomoka muri Brazil witwa Juan Baptista ukina afasha ba rutahizamu kugira ngo azayikinire mu mwaka w’imikino utaha. Uyu mukinnyi wamaze kugera mu Rwanda, yagaragaye muri Stade Amahoro areba umukino APR FC yatsinzemo Police FC…

Share this:
Posted on

Cristiano Ronaldo yavuze kuri Penaliti yahushije mu minota y’inyendera Portugal ikina na Slovenia

Share this:

Kizigenza Cristiano Ronaldo yahushije penaliti y’ingenzi mu mukino wa 1/8 Portugal yakinnye na Slovenia, bimutera agahinda amarira arisuka cyane. Ubwo umukino wa Portugal na Slovenia wari ugeze ku munota wa 104, myugariro wa Slovenia ategera Diogo Jota mu rubuga rw’amahina,…

Share this:
Posted on

Perezida Ndayishimiye yavuze imyato ingabo ze kubera ibyo zakoreye M23

Share this:

Mu birori byo kwishimira Ubwigenge bw’u Burundi byabaye ku ya 1 Nyakanga kuri Stade Ingoma i Gitega, Perezida Evariste Ndayishimiya yavuze ko ingabo z’Abarundi mu burasirazuba bwa RDC zihagaze neza ndetse ko igihugu kiri gutera imbere. Imbere y’abaturage,Ndayishimiye yavuze ko…

Share this:
Posted on