Latest post

Perezida Kagame yafunguye Sitade Amahoro ku mugaragaro abwira ijambo rikomeye abakiri bato

Share this:

Perezida Paul Kagame ari kumwe na Patrice Motsepe wa CAF bafunguye Sitade Amahoro ku mugaragaro nyuma yo kuvugururwa igakurwa ku kwakira abantu 25000 ikagera kuri 45000 ndetse igahabwa ubwiza butangaje. Nyuma yo kuzenguruka iyi sitade ,bahise berekeza mu kibuga ahari…

Share this:
Posted on

Itangazo ryihutirwa rireba Ababyeyi bafite abana barwaye cyagwa bafite ibibazo by’umutima

Share this:

Ababyeyi bafite abana barwaye umutima baramenyeshwa ko ku bitaro bya Kacyiru hazaba hari inzobere mu kuvura umutima zaturutse mu Buhinde kuri uyu wa kabiri talikiya ya 2/07/2024. Kuzana abana ni hagati ya saa 8:00 na 17:00. Iyi serivise izatangwa ku…

Share this:
Posted on

Umubyibuho udasanzwe ni iki? Dore ibibi byawo n’uko wawirinda

Share this:

Umubyibuho udasanzwe uvugwa igihe umuntu igipimo cya BMI kirenze 30.BMI ni iki? Iki ni igipimo cyerekana uko uburebure bw’umuntu bujyana n’ibiro afite. Ushaka kubipima ufata uburemere bwawe muri kilogarama ukagabanya n’uburebure muri metero bwikube kabiri. BMI = mass(kg) /[height(m) x…

Share this:
Posted on

Ibimenyetso 8 bica amarenga ko wanduye SIDA. Ukibibona uzihutire kwipimisha

Share this:

Ubushakashatsi bwemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga Health.com twifashishije, rugaragaza ko mu gihe agakoko gatera SIDA kamaze…

Share this:
Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Philippe ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Share this:

Philippe ni izina rihabwa abana b’abahungu, rifite inkomoko mu Kigereki ku izina Philippos risobanura ‘ukunda ifarasi.’ Ni izina ryandikwa mu buryo bwinshi nubwo risobanura kimwe, bamwe bandika Philip, Philippus, Philippos, Filip n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Phillipe: Ni umuntu udapfa…

Share this:
Posted on

Igisobanuro n’inkomoko y’izina Baptiste n’uko abitwa iri zina bitwara

Share this:

Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, twafashe icyemezo cyo kujya tubagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Baptiste ni izina rihabwa umwana w’umuhungu rikaba rikomoka ku ijambo ry’Ikigereki baptizein, risobanura kwiyandikisha mu…

Share this:
Posted on

Ombolenga Fitina yasinyiye Rayon Sports

Share this:

Ikipe Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije, myugariro Fitina Ombolenga uherutse gutandukana na APR FC, amasezerano y’imyaka ibiri. Ombolenga byigeze bitangazwa ko yasinyiye iyi kipe ariko biza gutangazwa ko batararangizanya. Nyuma yo gusinya yagize Ari:”Si njye uzabona ngeze imbere ya biriya…

Share this:
Posted on

Eddy Kenzo Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we usanzwe ari Minisitiri

Share this:

Edrisah Kenzo Musuuza wamamaye mu muziki nka Eddy Kenzo yasabye anakwa umukunzi we, umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’ingufu n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Uganda, Phiona Nyamutooro. Uyu muhango wabaye ku wa Gatandatu, tariki 29 Kamena 2024 i Buziga aho umuryango…

Share this:
Posted on

Ubwongereza bwatsinze Slovakia bigoranye cyane

Share this:

Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yatsinze bigoranye Slovakia ibitego 2-1,ikatisha itike ya 1/4 cy’irangiza mu mikino y’igikombe cy’u Burayi. Nyuma y’iminota 95 y’umukino,nibwo Ubwongereza bwagaruye ubuzima bwishyura Slovakia ndetse bubona itike mu minota 30 y’inyongera. Mu ikipe umutoza w’Ubwongereza yabanje mu kibuga,Kobbie…

Share this:
Posted on

Imyidagaduro Platini P yavuze kuri gatanya we n’umugore we bagiye guhabwa

Share this:

Umuhanzi Nemeye Platini wamenyekanye nka Platini P cyangwa Baba yanyomoje amakuru avuga ko yitabaje Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata, mu gusaba gatanya n’umugore we, Ingabire Olivia bari barasezeranye mu 2021. Ni amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye…

Share this:
Posted on