Latest post

Dore ahantu 9 utagomba gushyira cyangwa kubika telefoni yawe ngendanwa kuko byagukururira ibyago bikomeye

Telefoni ngendanwa zamaze kuba kimwe mu bigize ubuzima bw’abantu ku buryo bamwe batabaho batazifite. Mu gihe cy’umunsi ukora kuri telefoni yawe inshuro zitabarika. Gusa iyo uri kuyikoresha uba usabwa kuyikoresha neza cyane. Muri iyi nkuru uramenya ahantu 9 utari ukwiriye…

Posted on

Ubufaransa bwageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Nations League nyuma yo gutsinda Ububirigi ku munota wa nyuma

Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa ‘Les Bleus’, yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Nations League nyuma yo gukora ibitangaza igasezerera u Bubiligi ku bitego 3-2. Ni ibitego iyi kipe y’umutoza Didier Deschamps yatsinze iturutse inyuma, dore ko igice cya mbere…

Posted on

Uyu mukobwa aragukunda n’ubwo wowe utabibona. Dore ibimenyetso 9 simusiga byaguhamiriza ko umukobwa agukunda akaba yarananiwe kubikubwira

Ese ni iki kikwereka ko umukobwa akwiyumvamo cg agukunda akaba yarabuze uko abikubwira, ategereje ko ugira ijambo utobora?   . Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa akwiyumvamo . Umukobwa ugukunda akabura uko abikubwira . Icyakwereka ko umukobwa agukunda n’ubwo ataba yarabikubwiye  …

Posted on

Igiti cyagwiriye abantu 4 barapfa nyuma kiza kongera kirahaguruka

Igiti giherutse guhirikwa n’umuyaga watewe n’imvura nyinshi, kikica abantu bane kibagwiriye mu Mujyi wa Oyo muri Leta ya Oyo muri Nigeria biravugwa ko abaturage basanze cyongeye guhaguruka, kigahagarara. Iki giti kimeze nk’umuvumu ubusanzwe cyari gikuze, cyari cyahiritswe n’umuyaga kuwa Mbere…

Posted on
Uncategorized

Ibimenyetso 8 byakwereka ko ugiye kurwara diabete. ihutire kwa muganga niba ubonye kimwe muri byo

Diyabete ni indwara ihangayikishije isi kandi ni mu gihe kuko uwamaze kuyirwara biba bigoye kuyikira burundu. Ahubwo agirwa inama z’ibyo yakora, ibyo yakirinda ndetse akanahabwa imiti imufasha gukomeza kubaho atarembejwe n’iyi ndwara. . Ibimenyetso byakwereka ko ugiye kurwara diabete ….

Posted on

Nta yindi nteguza. Urukundo rwanyu ruri mu marembera niba utangiye kubona ibi bimenyetso

Niba uri murukundo cyangwa se ufite umukunzi ariko ukabona bitagenda neza, bitewe n’uburyo mwari mubanye mukimenyana. Hari ibintu bimwe na bimwe byagufasha kumenya ko umukunzi wawe atacyikwiyumvamo cyangwa se ubushuti bwanyu bugana ku musozo(break).   . Ibimenyetso byakwereka ko ugiye…

Posted on
Uncategorized

Meet Sgt Raymond Kwaku the strongest soldier in Africa – PHOTOS

Social media users have seen photos of a brave, fearless soldier wearing military uniforms. Raymond Kwaku is a Sergeant in the Ghanaian Army.   Raymond Kwaku is a Ghanaian Army veteran who loves to work out, lifting heavy weights and…

Posted on
Uncategorized

Icyo wamenya kuri Sgt Raymond umusirikare w’ibigango kurusha abandi bose muri Afurika – AMAFOTO

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bagiye babona amafoto y’umusirikare w’ibigango, utinyitse wambara imyenda ya gisirikare ikamwuzura. Uyu musirikare yitwa Raymond Kwaku akaba Serija (Sergeant) mu gisirikare cya Ghana.   Raymond Kwaku ni umusirikare ukorana n’ingabo za Ghana ukunda gukora cyane Siporo ngororamubiri,…

Posted on
Uncategorized

Ibiribwa by’ingenzi byafasha ibihaha byawe gukora neza

Rumwe mu ngingo zifite akamaro kanini mu mubiri wacu kandi rukora byinshi ni ibihaha. Niyo mpamvu kubibungabunga no kubirinda ari ingenzi mu buzima bwa buri munsi.   Mu gihe hari ingingo wabura ubuzima bwawe ntibuhungabane cyane (nko gucika urutoki, ino)…

Posted on

Rusesabagina’s family says he has not yet received a copy of the court’s verdict,15 days after the verdict was read

Paul Rusesabagina’s family says he has not yet received a copy of the court’s verdict, 15 days after the verdict was read.   Mr. Rusesabagina, 67, was sentenced to 25 years in prison on September 20 for terrorism offenses, in…

Posted on