Imirwano ikomeye yadutse hagati y’ingabo za FARDC n’iza MONUSCO
Ku rubuga nkoranyambaga rwa X (rwahoze ari Twitter), hakomeje gusakazwa amashusho agaragaza abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bashyamiranye n’abasirikare b’umuryango w’abibumbye ushinzwe kubungabunga amahoro, MONUSCO. Aya mashusho yakwirakwiye vuba, atuma abantu batandukanye batanga ibitekerezo bitandukanye, bamwe…
Hamenyekanye ibyo AFC/M23 iri gukorera abasirikare 3000 ba FARDC yari yaragoteye i Goma
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, imodoka zari zitwaye abasirikare n’abapolisi bo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye gusohoka mu mujyi wa Goma zijya mu murwa mukuru Kinshasa. Aba ni abasirikare…
Yabanje kumwereka aho bayishyira! Umugabo wubatse w’imyaka 53 wasambanyije umwana w’imyaka 16 akamutera inda amushukishije 5000 Frw yahuye n’uruva gusenya
Mu karere ka Nyamasheke, haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo w’imyaka 53 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 16, amutera inda, aho imaze kugira amezi atandatu, amushukishije amafaranga 5000 Frw. Uyu mugabo, usanzwe ari umugabo wubatse ufite umugore n’abana, yafatiwe mu…
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya FARDC na Wazalendo basanzwe bafatanya kurwanya AFC/M23
Imirwano ikomeye yongeye kuvugwa mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Kane, ahitwa Kasenga, aho Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zihanganye n’umutwe wa Wazalendo, nk’uko byemezwa n’abaturage batandukanye batuye muri…
Tshisekedi yikomanze ku Gituza nyuma y’uko RDC isinyanye amasezerano n’u Rwanda
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yabwiye Abanye-Congo ko agiye kubasubiza amahoro arambye nyuma y’aho igihugu cye kigiranye n’u Rwanda amasezerano. Aya masezerano agena amahame aganisha ku mahoro arambye mu karere yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi…
Nyaruguru: Umusore w’imyaka 20 yarashwe mu cyico na Polisi ahita yitaba Imana
Mu masaha ya saa munani z’amanywa yo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Ngoma, Akagari ka Fugi, Umudugudu wa Gasha, habaye inkuru itashimishije. Umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Pascal Ndayisenga yarashwe n’inzego z’umutekano ubwo yageragezaga…
Abasore: Numubonana ibi bimenyetso mutabare utazuyaje aba ashaka ko muryamana gusa yagutinye
Ntuzigere na rimwe wibeshya ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira mo imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza gusa bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe mwese mwumva mubishaka…
Ububirigi bwasabye Uganda kubwunga n’u Rwanda rwacanye umubano na bwo
Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza n’u Rwanda rwacanye umubano n’u Bubiligi ku wa 17 Werurwe 2025. Maxime Prévot, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, yabikomojeho ubwo yahuraga…
AFC/M23 yatangiye gukora igikorwa gishimangira ko itazava muri Kivu zombi
Mu gihe hatarashira n’icyumweru Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na AFC/M23 bemeranyije guhagarika imirwano, iri huriro ryongeye gushimangira ko udafite gahunda yo kuva muri Kivu zombi. Ni nyuma y’uko ritangaje ko ryatangiye gukora igikorwa cy’ingenzi cyo kubaka umuhanda mushya…
Bitunguranye intambara hagati ya FARDC na AFC/M23 irahagaze
Mu gihe byari bikomeje kuvugwa ko ibiganiro bihuza impande zombi bikomeje kubera i Doha muri Qatar nta musaruro birimo gutanga, Leta ya Congo ndetse n’ihuriro AFC/M23 zashyize hanze amatangazo yo guhagarika imirwano ndetse zisaba abaturage gushyikira uyu mugambi. Ibi byabaye…