Latest post

Abasore: Ntuzahirahire ngo uterete umukobwa ufite bene iyi mico

Share this:

Mu gihe benshi bashakisha urukundo rw’ukuri, hari iby’ingenzi buri musore akwiye kwitaho mbere yo gufata umwanzuro wo gukundana n’umukobwa. Nubwo kubona umukunzi w’ukuri ushobora kugorana, hari imyitwarire igaragaza ko umukobwa ashobora kutaba uwo kubana nawe neza. Hari ibyiciro by’abakobwa abasore…

Share this:
Posted on

Nubona ibi bintu 7 uzamenye ko umuntu atagukunda nubwo atabivuga

Share this:

Hari igihe umuntu aba atagukunda ariko ntabivuge mu magambo. Gusa imyitwarire ye ya buri munsi ishobora kukwereka ukuri. Dore bimwe mu bimenyetso 7 byagaragaza ko uwo muntu atagufitiye urukundo cyangwa inyungu mu mubano mufitanye: 1. Ntareba mu maso yawe: Iyo…

Share this:
Posted on

Amashusho y’umwana wa The Ben na Pamella bamusize Makeup (maquillage) akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga – Amafoto

Share this:

Nyuma y’igihe gito havuzwe amakuru y’uko umuhanzi The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, noneho igaragaza uwo mwana iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko kubera ko yayigaragaje asize maquillage (makeup), ibintu byatumye abantu benshi batangara ndetse bamwe batangira…

Share this:
Posted on

Igisubizo cya Gen Muhoozi ku wari umusabye kugira Miss Jolly Mutesi umugore wa kabiri cyatitije imbuga nkoranyambaga

Share this:

Umugaba w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusubiza umuntu wamugiriye inama yo gushaka Miss Jolly Mutesi akamugira umugore wa kabiri.   Mu gusubiza, Gen Muhoozi yavuze ko umugore we, Charlotte, yamwica aramutse…

Share this:
Posted on

Imirwano ikomeye yadutse hagati y’ingabo za FARDC n’iza MONUSCO

Share this:

Ku rubuga nkoranyambaga rwa X (rwahoze ari Twitter), hakomeje gusakazwa amashusho agaragaza abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bashyamiranye n’abasirikare b’umuryango w’abibumbye ushinzwe kubungabunga amahoro, MONUSCO.   Aya mashusho yakwirakwiye vuba, atuma abantu batandukanye batanga ibitekerezo bitandukanye, bamwe…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye ibyo AFC/M23 iri gukorera abasirikare 3000 ba FARDC yari yaragoteye i Goma

Share this:

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, imodoka zari zitwaye abasirikare n’abapolisi bo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye gusohoka mu mujyi wa Goma zijya mu murwa mukuru Kinshasa.  Aba ni abasirikare…

Share this:
Posted on

Yabanje kumwereka aho bayishyira! Umugabo wubatse w’imyaka 53 wasambanyije umwana w’imyaka 16 akamutera inda amushukishije 5000 Frw yahuye n’uruva gusenya

Share this:

Mu karere ka Nyamasheke, haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo w’imyaka 53 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 16, amutera inda, aho imaze kugira amezi atandatu, amushukishije amafaranga 5000 Frw.   Uyu mugabo, usanzwe ari umugabo wubatse ufite umugore n’abana, yafatiwe mu…

Share this:
Posted on

Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya FARDC na Wazalendo basanzwe bafatanya kurwanya AFC/M23

Share this:

Imirwano ikomeye yongeye kuvugwa mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Kane, ahitwa Kasenga, aho Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zihanganye n’umutwe wa Wazalendo, nk’uko byemezwa n’abaturage batandukanye batuye muri…

Share this:
Posted on

Tshisekedi yikomanze ku Gituza nyuma y’uko RDC isinyanye amasezerano n’u Rwanda

Share this:

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yabwiye Abanye-Congo ko agiye kubasubiza amahoro arambye nyuma y’aho igihugu cye kigiranye n’u Rwanda amasezerano. Aya masezerano agena amahame aganisha ku mahoro arambye mu karere yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi…

Share this:
Posted on

Nyaruguru: Umusore w’imyaka 20 yarashwe mu cyico na Polisi ahita yitaba Imana

Share this:

Mu masaha ya saa munani z’amanywa yo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Ngoma, Akagari ka Fugi, Umudugudu wa Gasha, habaye inkuru itashimishije.   Umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Pascal Ndayisenga yarashwe n’inzego z’umutekano ubwo yageragezaga…

Share this:
Posted on