Latest post

Umuhungu wa Cristiano Ronaldo yavuze icyamutunguye ahura na Lionel Messi bwa mbere

Umuhungu wa Cristiano Ronaldo mukuru,Cristiano Jr, yatekereje ko Lionel Messi ’ari mugufi cyane’ bituma ahakana ko ariwe ubwo bahuraga mu birori byo gutanga kuri Ballon d’or ya 2017.   Uyu mukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United, ufite imyaka 36, ​​umaze…

Ibintu 9 bitangaje byakubaho uramutse uriye umuneke 1 nibura buri munsi

Imineke ni isoko ntagereranywa y’intungamubiri z’amoko atandukanye ndetse n’imyunyungugu nka potasiyumu. imineke ni bumwe mu bwoko bukunzwe ku isoko ry’imbuto kandi abantu bariye imineke bahamya ko iryoha ku buryo butangaje.   Ni muri urwo rwego tugiye kurebera hamwe umumaro wo…

Ibanga ryo kongera ubushake bwo gutera akabariro no kuryoherwa n’iki gikorwa mu buryo busesuye

Ubushake bwo ‘gutera akabariro ku bashakanye, nibwo buryo bwa mbere buhuza kandi bugatuma basabana, bityo bagakomeza kunga ubumwe no kuryoherwa n’ubuzima.   Mu byerekeye ‘gutera akabariro, iyo umwe ataryohewe bitera umwiryane ndetse n’ubwumvikane bucye mu rugo. Kuri bamwe cyane cyane…

Min Gatabazi yavuze ibizitabwaho kugirango akabari kemererwe gukora

Minisitiri Gatabazi yatangaje ko hizwe uburyo bwinshi buzatuma abagiye mu tubari birinda,mu kiganirano yagiranye na RBA, kuri uyu mugoroba taliki ya 22 Nzeri 2021 .   . Ibizagengerwaho kugirango akabari gafungurwe   Minisitiri Gatabazi yavuze ko kugira ngo utubari dufungurwe,…

Dore ibintu 6 abagore baba bashaka ku bagabo babo mbere na nyuma yuko babana

N’ubwo buri muntu muri rusange aba ateye ukwe noneho by’umwihariko abagore n’abakobwa nabo bakaba baba batandukanye mu mico, imyitwarire, mu byo bakunda n’ibindi nk’ibyo, byanze bikunze hari bimwe mu byo abagore bose bifuza ku bagabo babo mbere na nyuma y’uko…

Imbuto 7 zagufasha kugabanya cyangwa kuringaniza ibiro byawe

Imbuto nubwo rimwe na rimwe kubera isukari ibonekamo ishobora kubangamira urugendo rwawe mu gihe wifuza kugabanya ibiro, gusa hari zimwe na zimwe zibonekamo intungamubiri nziza ku buzima bwawe ndetse na calories nke; zigufasha kumva uhaze igihe kirekire, bityo bikakurinda kurya…

Cristiano Ronaldo yongeye gukubita incuro Lionel Messi ayobora urutonde rw’abakinnyi bahembwa agatubutse ku isi

Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo nyuma yo kwerekeza muri Manchester United atanzweho akayabo, yahise yigaranzura Lionel Messi ku rutonde rw’abakinnyi bahembwa amafaranga menshi ku Isi. Ikinyamakuru Forbes Magazine cyatangaje ko mu mwaka w’imikino wa 2021/22 byitezwe ko Cristiano Ronaldo azinjiza akayabo ka…

Jose Chameleone yahawe imodoka ihenze na Perezida Museveni anahabwa gasopo ndetse abwirwa ikizamwica naramuka asubiranye na Bobi Wine

Nyuma y’uko Dr Jose Chameleone ashyikirijwe imodoka nshya yahawe na Perezida Museveni, kuri ubu amakuru mashya ni uko uyu muhanzi yabwiwe n’umuhungu wa Museveni ko niyongera kuva mu ishyaka riri ku butegetsi akajya mu rya Bobi Wine [NUP] azahita umugonga…

Uncategorized

Aime Uwisize wasibishije igishushanyo cya Jay Polly yavuze impamvu yabimuteye

Umuyobozi w’umudugudu w’Umushumbamwiza aho iyo foto yari iherereye mu kiganiro yagiranye n’Inyarwanda dukesha iyi nkuru yasobanuye impamvu yatumye gisibwa. . Igishushanyo cya Jay Polly cyasibwe ku itegeko rya mudugudu . Abantu bamaganye isibwa ry’igishushanyo cya Jay Polly cyari cyaratumye umuhanda…

Uncategorized

Icyamamare Grand P yajyanwe mu bitaro nyuma y’impanuka yatejwe n’ubunini bw’amabuno cy’umukunzi we

Umuhanzi wo muri Gineya akaba n’umuherwe ubana n’ubumuga bw’ubugufi, Grand P, yajyanwe mu bitaro kubera umukunzi we ubyibushye cyane yamwicayeho kubibero bigatuma amatako ye acyebana, maze ntabashe kugenda .   Grand P, yamamaye muri Afurika nyuma y’aho avuzwe mu rukundo…