Latest post

Lt. Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni yavuze ko nta munsi byamutwara ngo abe yashyize ku murongo abasirikare bamenze nk’aba Guinea

Umuhungu wa Perezida wa Uganda usanzwe ari Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yavuze ko babasha gushyira ku murongo abasirikare bameze nk’abo muri Guinée Conakry baherutse guhirika Alpha Condé ku butegetsi.   Gen. Kainerugaba mu butumwa yatambukije…

Amafoto ya Shaddyboo asomana n’inkumi mugenzi we yateye benshi kumwibazaho – AMAFOTO

Umunyamideli Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo mu myidagaduro yo mu Rwanda, yavuze ku mafoto amugaragaza ari gusomana n’indi nkumi yibajijweho na benshi, bagakeka ko Shaddyboo nawe yaba ari umutinganyi.   . Hagiye hanze amafoto ya Shaddyboo asomana n’inkumi . Shaddyboo…

Champions League: FC Barcelone yakubitiwe mu rugo na Bayern Munich

Mu mukino wa mbere wo mu itsinda E mu irushanwa rya UEFA Champions League 2021/22, wari uhishe byinshi warangiye Bayern Munich yo mu Budage yongeye gukura amanota atatu kuri FC Barcelona ku kibuga cya Camp Nou iyitsinze ibitego 3-0.  …

Volleyball: Tunisia yongeye gusuzugura Cameroon iyitwara igikombe ku ncuro ya 3 yikurikiranya

Ni umwaka udasanzwe ku gihugu cya Tunisia cyisubije igikombe cya Afurika cya Volleyball gitsinze Cameroun ku mukino wa nyuma amaseti 3-1, buzuza inshuro ya Gatatu begukanye iki gikombe bikurikiranya batera ikirenge mu cya Misiri, nayo yegukanye umwanya wa gatatu mu…

Champions League: Manchester United ya Cristiano Ronaldo yatangiye itsindwa – AMAFOTO

Manchester United itangiye urugendo rwa Champion League itsindwa na Young Boys ibitego bibiri kuri kimwe ndetse inahabwa ikarita itukura.   Urugendo rwa Champions League Manchester United yarutangiriye mu Busuwisi aho yari yasuye Young Boys ariko itaha uko yaje nyuma yo…

Umusore yanyweye Viagra ngo yemeze umukunzi we ijoro ryose apfa bakigera ku buriri

Hajya humvikana uburyo hari abasore cyangwa abagabo bapfa kubera kunywa ibinini bya Viagara bituma igitsina gihorana umurego nk’umusore wo muri Nigeria wapfuye kubera kubinywa yiteguye umukunzi we ngo amwemeze ijoro ryose bikarangira bimuhitanye.   Amakuru ya Naijaonpoint avuga ko uyu…

Kigali: Umugabo washukaga abakobwa akabambura nyuma yo kubasambanya yahishuye uko yabigenzaga

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 14 Nzeri 2021,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rweretse itangazamakuru umugabo ukekwaho ibyaha birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, kwanduza undi indwara ku bushake n’ ubwambuzi bushukana.   . RIB yerekanye umugabo wamburaga abakobwa yarangiza akabasambanya…

Mozambique: Security Minister Warns Rwandan Armed Forces

He made the remarks on Monday while in the Nampula area.   Minister Miquidade issued the warning while reports from Mozambique said that the terrorists had lost control of all parts of Cabo Delgado province, following attacks by the Rwandan…

Mozambique: Minisitiri w’umutekano araburira abarimo ingabo z’u Rwanda

Minisitiri w’Umutekano w’imbere muri Mozambique, Amade Miquidade, yavuze ko hari ubwoba bw’uko iterabwoba rishobora kwiyongera muri kiriya gihugu, asaba inzego za gisirikare, izishinzwe umutekano ndetse n’abaturage kuryamira amajanja.   . Hari impungenge ko iterabwoba rishobora gukwira igihugu cyose . Minisitiri…

Uncategorized

Yamaze imyaka 40 yose mu mashyamba aho asubirijwe mu buzima busanzwe yamaze imyaka 8 gusa ahita yitaba Imana – AMAFOTO

Umugabo wari uzwi ku izina rya “Tarzan wa nyawe” nyuma yo gutura mu mashyamba ya Vietnam imyaka 40 n’umuryango we, yapfuye azize kanseri y’umwijima ku myaka 52.   Ho Van Lang yapfuye azize kanseri y’umwijima nyuma yimyaka 8 asubijwe mu…