Latest post

Uncategorized

Umugabo wo muri Irlande ari mu gahinda ko kwamburwa n’Umugandekazi bakundanaga ubutaka bufite agaciro k’amamiliyari

Umugabo ukomoka muri Irlande witwa David Michael O’Connel ari mu gahinda kenshi nyuma y’uko urukiko rw’ibanze rwa Mpigi muri Uganda rwamutegetse kuva mu nzu, amasambu 10 n’umurima ufite agaciro ka miliyari nyinshi z’amashilingi bigahabwa uwo bakundana.   Amakuru avuga ko…

Uncategorized

Umubyeyi Yemeye gucibwa akaguru kugira ngo arokore umwana yari atwite [AMAFOTO]

Kathleen Osborne yavuze inkuru ishimishije y’ukuntu yagombaga gucibwa ukuguru kugirango ahe umwana we amahirwe yo kubaho.   Ku nshuro ya gatatu, Kathleen w’imyaka 28 bamusanganye kanseri, ariko nanone yari atwite amezi ane, nubwo atari abizi.   Nyuma yo gukorerwa MRI,…

Amafoto 10 agaragaza uburanga bwa Alliah Cool uherutse kumurika Filime yise Alliah

Ku cyumweru taliki ya 12 Nzeri 2021 ni bwo Alliah Cool yamurikaga filime ye ya mbere yise Alliah igaruka ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore. Uyu muhango ukoba waritabiriwe n’ibyamamare binyuranye mu Rwanda ndetse n’abajyanama be bakomoka muri Nigeria….

Uncategorized

Alliah Cool yasubije abamunenze ko yari yambaye ubusa mu kumurika filime ye ya mbere – ALLIAH THE MOVIE

Umukobwa ugezweho muri Cinema mu Rwanda Isimbi Alliance uzwi ku izina rya Alliah Cooll ,yasubije abamwibasiye kubera ikanzu ye yambaye ku munsi yamuritse ho firime ye ya mbere.   Tariki ya 13 Nzeri 2021 nibwo umuhango wo kumurika iyi firime…

Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond Platinumz yahishuye ko yajyaga amukubita. Gusa ngo yarabyishimiraga cyane – IMPAMVU

Wema Sepetu wahoze ari umukunzi wa Diamond Platnumz, avuga ko yishimiraga gukubitwa na Diamond kuko nyuma yo kumukubita yamuhozaga akumva ari byiza.   Muri Nyakanga 2020, nibwo uyu mukobwa wabaye nyampinga wa Tanzania 2006 nibwo yavuze bwa mbere ko uyu…

Birababaje ariko birigisha! Umwana w’imyaka 15 yatewe inda n’umugabo ubyaye 4 nyuma yo kubeshya iwabo ko agiye gusenga

Umukobwa ufite imyaka imyaka 21 utuye mu Karere ka Rwamagana, Umurenge wa Kigabiro yavuze uko yasuye umugabo nyuma yo kwitwaza Bibiliya akabeshya abamureraga ko agiye mu rusengero, aza kumutera inda.   . Yabeshye iwabo ko agiye gusenga ahita ajya kwisurira…

Rwamagana: 15-year-old was made pregnant by a daddy of four, after lying to her family that she was going to pray

A 21-year-old girl from Rwamagana District, Kigabiro Sector, described how she visited a man after carrying a Bible and lying to her caregivers that she was going to church, and got pregnant.   In the testimony of this girl we…

Champions League: Manchester United vs Young Boys. Cristiano Ronaldo aritabazwa, Cavani ntawuhari. Ibivugwa mbere y’umukino

Kuri uyu wakabiri ni bwo Manchester United yerekeje mu Busuwisi gucakirana na Young Boys mu mikino yo guhatanira igikombe cya Champions League, umukino uri bwitabirwe na Kabuhariwe Cristiano Ronaldo.   . Cristiano Ronaldo agiye gukina umukino we wa mbere wa…

Urashaka gukundwa by’iteka ryose! Dore imitoma 5 iryohera amatwi ubwira umukunzi akumva nta wundi wamukurutira

Burya kwemererwa urukundo ntibihagije ngo ugende witurize ahubwo ujye wibuka ko mu rukundo haba hakenewe amagambo meza aryoheye amatwi buri gihe ugomba kubwira umukunzi wawe kugira ngo muhore mususurutse.   . Icyo wakorera umukunzi akagukunda by’iteka ryose . Amagambo y’urukundo…

Uncategorized

Isi ntisakaye buri wese yanyagirwa! Yabaye icyamamare kitabazwa n’abarimo Jennifer Lopez na P Diddy none ubu yibera mu muhanda – AMAFOTO

Ubuzima buhinduka mu kanya nk’ako guhumbya. Ibi bikwereka ko isi inyerera umuntu agomba kugenda gacye ntagwe. Hari ababona amafaranga bazi ko barenze uruhombero bakayarya nabi nk’uko umukobwa witwa Suzy Perez yabaye icyamamare mu kubyina no mu mideli aho yanitabajwe n’abarimo…