Inyubako yakoreragamo IGIHE LTD yafashwe n’inkongi y’umuriro – AMAFOTO
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 12 Nzeri 2021, inyubako y’aho bita kwa Ndamage mu mujyi wa Kigali munsi ya T2000 yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya cyane. Iyi nyubako yibasiwe n’inkongi y’umuriro ni yo IGIHE LTD ikoreramo. . Inyubako…
Ibintu abantu bakora mu gitondo bakibyuka bikaba byabakururira urupfu
Abahanga mu buvuzi bavuze ko hari uburyo bwinshi cyane ikiremwa muntu gishobora kwikururira indwara, zitavuye mu byo cyariye cyangwa mu muhuro hagati kigira. Hari indwara ziterwa no kutita kuri bimwe na bimwe, bikaba byanatuma uhasiga ubuzima. . Ibintu wakora…
Burundi: Imbonderakure n’abasirikare benshi boherejwe mu ntara ya Cibitoke nyuma yo kwikanga igitero cy’inyeshyamba
Kuva kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11 Nzeri 2021, abasirikare n’abapolisi benshi batamenyerewe bitwaje imbunda zikomeye hamwe n’imbonerakure (urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD) bagaragaye ku mupaka w’u Burundi na Congo muri komine ya Buganda na…
Umuhanzi yakoze agashya yitezaho imisatsi ya zahabu umutwe wose – AMAFOTO
Umuhanzi w’umunyamerika witwa Dan Sur, yakoze agashya aba umuntu wa mbere wasimbuje imisatsi yo ku mutwe we amasheni ya zahabu mu rwego rwo kwirimbisha. . Umuhanzi yitejeho imisatsi ya zahabu kugirango ase neza . Umuhanzi yikuyeho imisatsi ye yitezaho…
Ibintu 5 umukobwa akorera umusore akunda by’ukuri gusa. Niba utabibona ku wawe umenye ko akuryarya
Abasore benshi bibaza ibimenyetso bareberaho niba umukobwa bakundana abakunda bya nyabyo. Kandi ni koko kuko ushobora gushidikanya cyangwa kutabasha kumenya umukobwa ugukunda by’ukuri bigatuma umubura kandi nawe wamukundaga. . Ibimenyetso simusiga byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri . Niba umukobwa mukundana…
Ibintu 5 wakora bikagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa akagukunda akakwimariramo wese
Ese ni icyi cyatuma umukobwa akwimariramo wese, akaguha urukundo rukomeye ndetse ukaruta abandi bose yaba yarabonye mubuzima bwe. Igitsinagore ntabwo gikururwa cyane n’ibintu umutu atuze cyangwa akoresha harimo nk’amafaranga, imodoka, inzu ndetse n’ibindi kubera ibyo utunze ntibyatuma yiyumvamo urukundo…
Cristiano Ronaldo yatangaje icyo abantu bakwiye kwitega nyuma yo gutsindira Manchester United ibitego 2 ku mukino wa mbere akinnye
Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Cristiano Ronaldo yakinaga umukino we wa mbere nyuma yo kugaruka muri Manchester United aho uyu mukino warangiye Manchester united itsinze Newcastle ibitego 4-1. Nyuma y’uyu mukino Cristiano Ronaldo yavuze uko yiyumva muri iyi kipe….
Igikakarubamba umuti uvura ukanarinda indwara nyinshi. Byinshi utamenye kuri cyo
Ibyiza by’igikakarubamba ntiwabivuga ngo ubirangize kuko ni byinshi. Ni mu gihe kuko kirimo ibinyabutabire byinshi byemejwe n’ubushakashatsi bunyuranye ko ari imiti. Mu byo kivura twavugamo gufasha igogorwa, kongera ubudahangarwa, kurinda gusaza, kuvura indwara z’uruhu, koroshya imihango, kuvura rubagimpande, kumisha ibisebe,…
Umunyamideri Sonia Mugabo yavuze YEGO ku mukunzi we wamusabye kumubera umugore
Sonia Mugabo ni umwe mubanyamideli babigize umwuga hano mu gihugu cy’u Rwanda ndetse akaba yambitswe impeta n’umukunzi we utarakunze kuvugwa mu itangazamakuru. . Sonia Mugabo yambitswe impeta n’umukunzi we Diego Twahirwa . Urukundo rwa Sonia Mugabo rwashyizwe ahagaragara nyuma…
Lantos nyuma yo gusabira Busingye ibihano, yasabye u Bwongereza kumwma uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri iki GIhugu
Umuryango Lantos wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wigeze gusabira ibihano uwari Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda, Busingye Johnston umushinja uruhare rukomeye mu guta muri yombi Paul Rusesabagina mu buryo wise ‘kumushimuta’, wasabye u Bwongereza kumwanga nka Ambasaderi. ….