Latest post

Itsinda ry’abagore ryiyemeje kurimbura ubuhangange bwa Cristiano Ronaldo ryakoze igikorwa gikomeye ubwo Manchester United yakinaga na Newcastle

Icyapa kiriho inyandiko yo gushyigikira umugore ushinja kizigenza Cristiano Ronaldo ko yamusambanije ku ngufu cyacishijwe hejuru y’ikibuga Old Trafford mu gihe harimo haba umukino wa Manchester United na Newcastle.   . Itsinda ry’abagore Level Up  ryiyemeje gusenya ubwamamare bwa Cristiano…

Cristiano Ronaldo yerekanye ko ari ntavogerwa mu mukino we wa mbere muri Manchester united

Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Cristiano Ronaldo yakinaga umukino we wa mbere nyuma yo kugaruka muri Manchester United aho mbere gato yatangaje ko yiteguye bihagije kandi ikimuzanye ari ugutsinda ibitego akaba yabigaragaje.   . Cristiano Ronaldo yatsindiye Manchester United…

Uncategorized

Cristiano Ronaldo yongeye guhigika bikomeye cyane mukeba we Lionel Messi. Reba ibintu akoreye Manchester United

Mu kibuga Cristiano Ronaldo na Messi bakunze guteranya abantu kubera ukuntu bitwara mu gutsinda ibitego no guhesha intsinzi mu makipe yabo gusa hanze y’ikibuga mu bucuruzi,Umunya Portugal aramurusha cyane ndetse kuri ubu mu gucuruza imyenda mu makipe mashya bagiyemo,uyu munyaportugal…

Abakobwa 2 b’uburanga basezeranye kubana akaramata batuma abantu bacika ururondogoro – Amafoto

Inkumi nziza zo muri Africa y’Epfo zakoze ubukwe ziyemeza kubana akaramata maze bivugisha benshi ku imbuga nkoranyambaga.   Izi nkumi nziza zo muri Africa y’Epfo nyuma yo kumara igihe zikundana ziyemeje gukora ubukwe zikabana akaramata. Iby’izi nkumi byashyizwe hanze n’uwitwa…

Uganda yatumiye u Rwanda mu nama yo kuganira ku mwuka mubi bifitanye, rurayihakanira

Guverinoma ya Uganda iheruka gutumira iy’u Rwanda mu nama yo kuganira no gusuzuma aho ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinwe muri 2019 yo kurangiza umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi rigeze. Uganda yatumiye u Rwanda binyuze mu ibaruwa yoherejwe na Minisitiri…

Amashusho ya Marina ashaka gusoma umusore byimbitse akamukwepa ikomeje guca ibintu – AMAFOTO

Ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho ya Marina ashaka gusoma byimbitse Yvan Muziki maze uyu musore usanzwe ari umuhanzi akwepesha iminwa birasakuza ku mbuga nkoranyambaga.   Ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho ya Marina ari kugirana ibihe byiza na Yvan Muziki ndetse…

Uncategorized

Amafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda yabiciye bigacika kuri Instagram muri iki cyumweru[AMAFOTO]

Muri iki cyumweru turimo gusoza, ibyamamarekazi nyarwanda batandukanye babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha basangije abafana babo ndetse n’ababakurikirana muri rusange amafoto atandukanye.   Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho…

Uncategorized

Inyubako za mbere 10 zihenze kurusha izindi mu Rwanda n’agaciro kazo – Amafoto

10. KIGALI HEIGHTS (KH) Ku mwanya wa cumi hari inzu ya Kigali Heights (KH). Iyi ni imwe mu nzu z’ubucuruzi nshya ziherereye mu karere ka Gasabo. Iyi nzu yarwaye akayabo ka Miliyoni 16.9 z’amadolari ya Amerika mu kuyubaka. 9. MIC…

Bugesera: Abaturage bahishuye icyatumye Meya akubitwa, bamushinja kurengera no kwica umuco nyarwanda

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Ikoni mu Kagari ka Murama mu Murenge wa Ngeruka mu Karere ka Bugesera, ahaherutse gukubitirwa Umuyobozi wa kariya Karere, Richard Mutabazi, bavuze uko byagenze kugira ngo akorerwe ririya hohoterwa icyakora na we bakamugaya…

Byinshi ku kinyabutabire cya Methanol giherutse kwica umuraperi Jay Polly

Methanol yahitanye Jay Polly n’uburozi bubi! Dr Dufatanye Erhard ukorera mu bitaro bya King Faisal arasobanura uko ari uburioi bubi n’uko yica umuntu mu kanya nk’ako guhumbya.   Umuraperi Jay Polly urupfu rwe rwababaje benshi kandi mu ngeri zitandukanye kubera…