Latest post

Hakozwe Drones z’ubwiyahuzi zifatwa nk’intwaro ikomeye kandi iteye ubwoba muri iki gihe. Aho zikorerwa – imikorere yazo…

Indege zitagira abadereva (Drones) zirimo guhindura Isi vuba, ariko indege zitagira abadereva za gisirikare zo zirakataje mu ikoranabuhanga aho kuri ubu hakozwe n’iz’ubwiyahuzi bari kwita Kamikaze Drones, zikaba ari zimwe mu ntwaro zigezweho ziteye ubwoba zije guhindura byinshi mu ntambara….

Facebook yise abirabura inguge biteza impaka zikomeye

Ikigo cya Facebook kirasaba imbabazi ku bwo kwibeshya kikagereranya abirabura n’inguge, binyuze muri porogaramu yayo yikoresha (automatic) yitwa AI (Artificial Intelligence).   Kugereranya umwirabura n’inguge byaturutse kuri videwo imaze umwaka urenga ku rubuga rwa Facebook, igaragaza umuzungu ahanganye n’itsinda ry’abirabura…

Ibintu abagore bakunda cyane ariko ntibabibwire abagabo babo ku buryo ubimukoreye ashobora kumwegukana burundu

Ubusesenguzi bwagaragaje ko hari ibintu abagore bose bakunda ariko batajya basaba abagabo babo. Ibi bintu abagore hafi ya bose babihuriyeho kandi ntibajya babisaba kabone n’iyo yaba ari umugore usanzwe uzwiho kwisanzura ku mukunzi we.   Ibi bintu uko ari 9…

Umunyamakuru Rober Mugabe abona urupfu rwa Jay Polly mu buryo butandukanye n’ubwo RCS yatangaje. Icyo asaba Leta

Umunyamakuru Robert Mugabe yavuze ko igihe yafungwaga yasanze Jay Polly muri Gereza akaba ari we umufasha kubona aho aryama ndetse n’imishinga bari bafitanye bagombaga kuzakorana afunguwe. Robert Mugabe wigeze gufungwa ashinjwa gusambanya umwana ariko akagirwa umwere, yagarutse ku bitekerezo biba…

Gicumbi: Umugabo yatageye kunywa amacupa 12 ya Ngufu apfa amaze 2 yonyine

Umusore witwa Tuyisenge John wo mu murenge wa Nyamiyaga mu karere ka Gicumbi, yitabye Imana nyuma yo gukora na mugenzi we intego yo kunywa amacupa 12 y’inzoga zo mu bwoko bwa Liqueur izwi nka ‘Nguvu’. Byabaye ku wa Kane w’iki…

Bugesera: Abagabo 2 batawe muri yombi bakurikiranweho gukubita Meya

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze abantu babiri barimo umusore w’imyaka 23 y’mavuko n’umukuru w’umudugudu w’Ikoni uri mu yigize akarere ka Bugesera, bakekwaho gukubita Meya wako, Mutabazi Richard. Aba bombi bafashwe mu bihe bitandukanye, ku wa 29 Kanama no ku wa…

Uncategorized

Ngoma: Arababaye – Amaze imyaka 8 agendana amara ye mu gitenge kubera abaganga bamubaze ntibayasubizemo – AMAFOTO

Umugore witwa Mukakibibi Didacienne ukomoka mu karere ka Ngoma amaze imyaka 8 agendana amara ye hanze nyuma yo kubagwa ibibyimba byari mu nda,abaganga ntibayasubizemo.   Mukakibibi yabwiye BTN TV dukesha iyi nkuru ko ubuzima bwe buri mu kaga mu gihe…

Mukuru wa Jay Polly yahishuye uko bashwanye bapfa indirimbo

Umuvandimwe wa Jay Polly, Uwera Jean Maurice uzwi nka “UncleMorris”yatangaje ko uyu muraperi babanje kutumvikana ubwo yari atangiye umuziki bitewe n’imyandikire ye.   Uyu mugabo usanzwe akora kuri RBA, yavuze ko uyu muvandimwe we uherutse gutabaruka bigeze gushwana bapfa indirimbo…

Umupasiteri yategetswe gushyingiranwa n’umurambo w’umugore yatumye apfa

Umupasiteri wo mu gihugu cya Nigeria yategetswe gushyiranwa ku ngufu n’umurambo w’umugore bari inshuti yashatse gukuriramo inda yataye ubwenge.   . Umupasiteri yateye inda umukobwa bakundana arangije asahaka kuyimukuriramo . Pasiteri yasabwe gushyingiranwa n’umurambo w’uwari umukunzi we   Dr. Sucess…

Abanyeshuri 3 baziritswe ku giti bazira gukererwa ku ishuri bakomeje kuvugisha abatari bake

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiriye amafoto y’abanyeshyuri 3 bahawe igihano kidakwiye , babazirika ku giti bahambiranije kubera ko bakererewe mu ishuri, ibyatumye inzego zitandukanye zo muri kenya ahabereye ibi batabivugaho rumwe.   Itsinda ry’ibigo byinshi ryategetse ibiro by’umuyobozi ushinzwe iperereza ku…