Latest post

Cristiano Ronaldo yaciye agahigo katumye yandikwa mu gitabo cy’abanyabigwi – Guiness world record – AMAFOTO

“Ubwo namumenyaga mu 2003, yari umwana muto utanga icyizere mu mupira w’amaguru ndetse nabonaga atangaje cyane ugereranyije n’abo nabonye, bidatinze yabaye umunya-Portugal wa mbere usinyiye Manchester United, none ubu niwe uyoboye abandi ku Isi mu guitsinda ibitego byinshi” Sir Alex…

Dr. Pierre Damien Habumuremyi wahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Rwanda yasabiwe guhanirwa icyaha yari yagizweho umwere

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge guhamya icyaha cy’ubuhemu Dr. Habumuremyi Pierre Damien wabaye Minisitiri w’Intebe, wakigizweho umwere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge.   Saa 10h25 nibwo urubanza rwa Dr Pierre Damien Habumuremyi rwasubukuwe mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.   Ni…

Umukobwa wavuganye na Jay Polly bwa nyuma yamusezeyeho ntiyabimenya. Dore amagambo ya nyuma bavuganye

Umwe mu bakobwa bakunze kugaragara mu ndirimbo za Tuyishime Joshua (Jay Polly) witwa Aline yavuze ko ubwo yari aheruka kuvugana na we kuwa Mbere, yari yamubwiye ko agiye gutaha, ko abona ibintu bigiye gutungana.   . Jay Polly yabwiye Aline…

Uncategorized

Abasore: Dore ibintu 5 byoroshye cyane wakora bigatuma umukobwa akwegurira umutima we mu kanya gato

Urukundo ruragorana rimwe na rimwe ndetse kenshi abasore baba bibaza icyo bakora kugirango urukundo rwabo n’uwo bihebeye rushinge imizi. Niba urimo gusoma iyi nkuru ni uko nawe ukeneye kumenya ibi bintu byoroshye byagufasha kugera ku ntsinzi ari na byo iwacumarket.xyz…

Prezida wa Zambia Hichilema yashyikirijwe “ikigega kirimo ubusa”

Umukuru w’igihugu mushyashya wa Zambia yabwiye BBC ko yashyikirijwe ikigega kiri ”gusa”, mu gihe hari amafaranga ” ateye ubwoba” yibwe.   Prezida Hakainde Hichilema yavuze ati: “Abantu baracyagerageza kwimura amafaranga ku munota wa nyuma, amafaranga badafitiye uruhushya, amafaranga atari ayabo”….

Uncategorized

Lionel Messi yarokotse by’amahirwe ikintu cyari kigiye gutuma ahagarika umupira burundu – VIDEO

Ku mugoroba w’ejo ni bwo Ikipe y’igihugu ya Argentine yakinaga na Venezuela mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizakinirwa muri Quatar mu mwaka wa 2022. Ni umukino Argentine yatsinzemo Venezuela ibitego 3-1. Mu gice cya mbere Lionel Messi yakiniwe…

Abakuru b’ibihugu bya Afurika 10 bagenda mu ndege zihariye(Private jets) zihenze kurusha abandi

IwacuMarket igiye kubagezaho urutonde rw’abakuru b’ibihugu 10 muri Afurika bafite indege zihariye zibatwara nziza cyane kandi zihenze kurusha abandi kuri uyu mugabane ruriho umuperezida umwe wo mu Karere ka Afurika y’iburasirazuba. . Abakuru b’ibihugu bagenda mu ndege zihenze kurusha abandi…

Uncategorized

Uburanga bw’umukobwa w’ikizungerezi ukundana n’umuhanzi Christopher – AMAFOTO

Umunyamakuru wa RBA ukorera kuri Televiziyo ya Kigali Chanel 2(KC2) witwa Abera Martina biravugwa ko ari murukundo n’umuhanzi Muneza Christopher udakunze kuvuga iby’urukundo rwe.   . Amafoto y’umukunzi wa Christopher Muneza . Ikimero cy’umukobwa ukundana na Christopher   Christopher ni…

Amagambo meza y’urukundo aryoheye amatwi wabwira umukunzi wawe akaba yaguha ibyo atunze byose

Amagambo y’agahebuzo wabwira umukobwa mukundana akumvako na wundi wamuruta mu buzima bwawe.   . Imitoma y’urukundo iryohereye cyane .    Mu rukundo habamo intekerezo nyinshi zitandukanye; hakaba n’ubwo umukunzi wawe akubwira ko uri mwiza ariko wowe ntubashe kubyibonaho. Nubona rero…

Umukobwa na Se bafatiwe muri hoteri batera akabariro bakubitwa iz’akabwana. Ibyo umukobwa yavuze kuri Se byatunguye benshi

Hajya humvikana ibisa n’amahano mu bihugu bitandukanye aho bamwe batera akabariro bafitanye isano kandi banabizi nk’uko umugabo wo muri Nigeria yakubwiswe kakahava nyuma yo gufatwa aryamanye n’umukobwa we muri Hotel.   . Umukobwa yafashwe asambana na se muri hotel ….