Latest post

Umuhungu wa Joe Habineza yahishuye ikintu yakundaga gukora cyatumye bagira impungenge zikomeye ubwo yagirwaga Minisitiri ku ncuro ya mbere bibaza uko bizagenda nabikora ari kumwe na Perezida Kagame

Umwe mu bahungu ba nyakwigendera Amb. Joseph Habineza (Joe) witwa Jean Michel Habineza, avuga ko se yari wishimaga cyane ku buryo yakoraga ku wo bicaranye cyangwa akazamura amaguru mu kirere, ku buryo byabateye kwibaza ikizaba ubwo yari amaze kugirwa Minisitiri…

Posted on

Umugore yatunguranye ahishura ukuntu yabyaranye abana 3 bose n’uwo bahoze bakundana kandi afite umugabo – Reba impamvu itangaje yabimuteye

Umugore wubatse wo muri Ghana yahishuye ko abana batatu bose afitanye n’umugabo we, atari we wababyaye, ko ahubwo babyaranye n’uwo bahoze bakundana kuko umugabo we ari mubi ku isura bikabije. Uyu mugore w’imyaka 34 avuga ku bubi bw’umugabo we babana…

Posted on
Uncategorized

Umuganga avuga ko yicuza kuba yarafashe urukingo rwa Covid-19. Iyumvire ibyamubayeho

Hasanzwe habaho impaka ku bijyanye n’inkingo za Covid-19 aho abazihabwa bemera ko zibongerera amahirwe yo kutazahazwa n’iyi virus igihe bayanduye naho abazirwanya bakemeza ko zizagira ingaruka zikomeye ku bazihawe ndetse ko nta n’ubushobozi bwo kurinda zifiite. Abakoze inkingo ndetse na…

Posted on

Ukuri kose: Umwarimu byakekwaga ko yiyahuye kubera umukobwa bakundana yabonetse ari muzima mu rugo rwa Uwamahoro Sara usanzwe ari incuti ye

Nyuma y’inkuru imaze iminsi y’uko umwarimu witwa kwihangana Eric w’imyaka 29, wigisha muri GS Saint Dominique Savio de Nyanza mu murenge wa Bushekeri, mu karere ka Nyamasheke yaketsweho kwiyahura kubera kubengwa n’umwarimukazi Mukabugingo Naome wigisha muri GS Mukoma mu murenge…

Posted on

RDC: Colonel Kasongo yishwe n’umurinzi we warashe ahubutse

Colonel Polydor Kasongo Nzozi wari mu bayobozi bakuru babiri b’ishami rya Polisi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryitwa LENI, yishwe n’umupolisi wamurindaga warashe ahubutse. Col. Kasongo kuri uyu wa 29 Kanama 2021 yari kumwe n’umugore n’abana n’uyu murinzi mu…

Posted on

Rwamagana: Gitifu w’akagari yise umuryango ibicengezi anawirukana mu kagari ke. Uyu muturage aratabaza

Umuturage witwa Dusabimana Claude utuye mu mudugudu w’Agatare mu kagari ka Karitutu, umurenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana, arashinja Umunyambanga Nshingwabikorwa w’Akagari kwita umuryango we ibicengezi ndetse no kuwirukana mu kagari ayobora yitwaje ko atarishyura ubwisungane mu kwivuza. Yankurije…

Posted on

PSG: Kylan Mbappe yatsinze Lionel Messi aba ari we wiharira page ya mbere mu binyamakuru

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru ni bwo Lionel Messi yakinaga umukino we wa mbere muri PSG ikipe iheruka kumugura ubwo yahuraga na Reims. Lionel Messi, Umunyarigentine w’imyaka 34, yabanje ku ntebe y’abasimbura yamazeho iminota 66 yose mbere y’uko yinjira…

Posted on

Kicukiro: Ubukwe bwapfiriye mu rusengero nyuma y’uko umugore watanye abana 5 aje agafata mu mashati umukwe – AMAFOTO

Mu karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gikondo ubukwe bwasize umugani, ubwo umugore watanywe abana batanu yageraga mu rusengero aho umugabo we ari gushyingiranwa n’undi mugore, maze bakarwanira imbere ya Padiri bikarangira bupfuye.   Hari mu kazuba ko mu museso,…

Posted on

Ibihugu 10 bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2021 rutagaragaraho igihugu na kimwe cyo mu karere – AMAFOTO

Iyo tuvuze imbaraga za gisirikare ku rwego rw’isi, humvikana igihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika, Uburusiya ndetse n’Ubushinwa, uyu munsi twabatoranyirije ibihugu 10 bifite igisirikare gikomeye ku mugabane wa Afurika.   Ikigo mpuzamahanga gishinzwe gushyiraho urutonde rw’uko ibihugu bikurikirana…

Posted on

RDC: Leta iracyeka ko yaba iri kwibwa n’Abashinwa bacukura amabuye y’agaciro ndetse ishobora kubambura ikirombe yari yabahaye

Minisitiri w’imari, Nicolas Kazadi, yatangarije ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo irimo gusubiramo amasezerano y’amadorari miliyari 6 z’amadorari “y’ibikorwaremezo n’amabuye y’agaciro” hagati yayo n’abashoramari b’Abashinwa. Ni amasezerano yemereraga u Bushinwa gucukura amabuye y’agaciro nabwo…

Posted on