Ese bizagenda gute Rayon Sports nibura miliyoni 40RWF yaciwe na Muhire Kevin? Icyo Kevin abivugaho
Kapiteni wa Rayon Sports,Muhire Kevin, yavuze ko miliyoni 40 Frw yasabye Rayon Sports zitabura kuko ifite abafana benshi ndetse ko hakiri igihe kinini ngo shampiyona itangire bityo azashakwa gake gake. Mu kiganiro na Rwandamagazine, Muhire Kevin yavuze ko nubwo nta…
Abasaga 1000 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i mecca
Amakuru yatanzwe na bamwe mu bayobozi mu Gihugu cya Misiri avuga ko abantu 1300 bapfiriye mu rugendo rutagatifu i Mecca biganjemo abagiyeyo batiyandikishije bityo babura uburyo bwo kwikinga ubushyuhe. Abo bayobozi babiri bavuga ko Abanyamisiri bagera kuri 630 bapfiriye mu…
Wabwirwa n’iki ko urwaye indwara y’umwijima? Sobanukirwa
Imikorere mibi y’umwijima igaragarira mu buryo bunyuranye. Iyo mikorere mibi ikaba ishingiye ku bwumvikane buke buboneka hagati y’umwijima hamwe n’Impindura. Ibi bishobora gutera izi ndwara zikurikira: a) Umwijima unaniwe inshingano zawo. Ibi bigusaba kubanza kumenya umurimo w’umwijima mu mpagarike y’umuntu….
Zari yatunguranye avuga ko azashaka umugabo wa 2 wiyongera kuri Shakib bakabana bose icyarimwe
Zari Hassan yumvikanye abwira Shakib Lutaaya beheruka gusezerana ariko umwe akaba aba muri Uganda undi muri Afurika y’Epfo ku mpamvu z’akazi, ko yemerewe gushaka umugabo wa Kabiri akabagira bombi. Zari yumvikanya abaza umugabo we niba yaba afite abagore bandi akibonana…
Nyagatare: Umusore utajya amara kabiri muri gereza yazengereje umudugudu wose awiba, akanabasambanyiriza abana adasize naba Nyina
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyagatare, mu Murenge wa Musheri, Akagari ka Rugarama ya I, mu Mudugudu wa Murambi, bahangayikishijwe n’umusore witwa Duse ukomeje kubiba no kubasambanyiriza abana. Abaganiriye na BTN TV dukesha iyi nkuru, bavuze ko uyu…
Guverineri akurikiranyweho icyaha cyo kwiha akabyizi ku munyeshuri wiga muri Kaminuza amufashe ku ngufu
Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania aravuga ko Guverineri Dr Yahya Nawanda w’imyaka 46 y’amavuko, wayoboraga Intara ya Samiyu yatawe muri yombi na Polisi akurikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu umunyeshuri wiga muri Kaminuza yo mu Mujyi wa Mwanza. Iyi…
Ruhango: Umunyeshuri yitabye Imana nyuma yo kwimwa uruhushya rwo kujya kwivuza
Mu mpera z’icyumweru gishize mu karere ka Ruhango mu murenge wa Bweramana mu ishuri rya Gitisi TSS humvikanye urupfu rutunguranye rw’umunyeshuri w’umukobwa wapfuye nyuma yo kwimwa uruhushya n’ubuyobozi bw’ishuri. Ibereho Hosiana w’imyaka 18 niwe witabye Imana mu mpera z’icyumweru…
Umutoza mushya wa APR FC yamaze kumenyekana
Umunya Serbia, Darko Novic yemejwe nk’umutoza mushya wa APR FC mu myaka itatu iri imbere. Novic yari umutoza wa US Monastir ubwo yasezereraga APR FC muri CAF Champions League ya 2022. Ibinyujije kuri X,APR FC yagize iti:”APR FC Inejejwe no…
Uretse na Kongo U Rwanda rwiteguye kurwana n’uwo ari we wese uzarushozaho intambara – Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rudatinya ibihano bivugwa ko rushobora guhabwa n’ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi birubeshyera gutera inkunga umutwe wa M23 wayogoje Uburasirazuba bwa Kongo. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na France24, kigasohoka kuri uyu wa Kane….
Putin avuga ko ashobora gukora ikintu kidasanzwe mu gihe Koreya y’epfo yaha intwaro Ukraine
Vladimir Putin yaburiye Korea y’Epfo ko yaba ikoze “ikosa rikomeye” iramutse ihaye intwaro Ukraine mu ntambara irimo n’Uburusiya. Avuze ibi nyuma y’uko Seoul ivuze ko irimo kureba niba ibyo bishoboka, mu gusubiza ku masezerano mashya ya Korea ya Ruguru n’Uburusiya…