Latest post

PSG igiye gusohoza ibyo yasezeranyije Kylian Mbappe usa n’uwari yariteganyirije

Share this:

Isi y’umupira w’amaguru, yiteguye kumva inkuru ya Mpappe ava muri PSG yerekeza muri Real Madrid dore ko Real Madrid yanashyizeho igiciro ishaka kugura uyu Rutahizamu.   . Kylian Mbappe ashobora kwerekeza muri Real Madrid . Amasezerano ya Mbappe muri PSG…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Ba bana Dorcas na Vestina bashyize hanze indirimbo ikomeye ivuga ku byo banyuzemo mu minsi ishize – VIDEO

Share this:

Nyuma y’imvururu nyinshi zagaragaye mu mikoranire ya Vestine na Dorcas na MIE basohoye indirimbo nshya nziza cyane bise ’Ibuye’ isubizamo abantu ukwizera, ikaba ishingiye ku nkuru yo muri Bibiliya ya Dawidi uburyo yishe Goliyati kandi yari umugabo usuzuguritse imbere y’uyu…

Share this:
Posted on

Leta zunze ubumwe za Amerika zirimo gutegura igitero gikomeye kuri Afghanistan nyuma y’iminsi mike cyane zihakuye ingabo zayo – IMPAMVU

Share this:

USA irimo kwitegura kugaba ibitero kuri Afghanistan mu rwego rwo gusenya ibitwaro byayo n’ahahoze ari ibirindiro by’ingabo zayo nyuma y’uko byigaruriwe n’intagontwa z’Abatalibani.   . USA irimo gutegura ibitero by’indege kuri Afganistan . Intwaro za USA zafashwe n’abatalibani   Fox…

Share this:
Posted on

Burya igice cy’umubiri wawe woga mbere igihe wiyuhagira gisobanuye byinshi ku mico yawe – SOBANUKIRWA

Share this:

Niba koko uri ikiremwa muntu, ukunda kugirira isuku umubiri wawe, kandi urawubaha , kuwuhagira no kuwukarabya wabigize umuco, bisobanuye ko buri mu gitondo ukaraba ukitegura umunsi ukuri imbere. Ese ni ikihe gice cy’umubiri wawe uheraho iyo woga? Ese waba uzi…

Share this:
Posted on

IS ihanganye na RDF irashinjwa kugira uruhare mu gitero cyagabwe i Dar es Salaam

Share this:

Umutwe wa Islamic State uhanganye n’Ingabo z’u Rwanda mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, urashyirwa mu majwi ushinjwa kugira aho uhurira n’igitero cyaguyemo abantu bane i Dar es Salaam muri Tanzania. Ni igitero cyagabwe ku gicamunsi cyo kuri uyu…

Share this:
Posted on

Arimo gishegesha ntavura: Umugabo yapfuye amaze umunsi umwe gusa akoze ubukwe

Share this:

Umugabo witwa Dominic Ssemwogerere uzwi cyane muri Uganda kubera akazi ke k’ubuganga,yakoze ubukwe bw’igitangaza kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize n’umukunzi we Josephine Namuju ariko ku munsi wakurikiyeho yakoze impanuka byarangiye imuhitanye.   Ikinyamakuru The New Vision cyavuze ko Bwana Ssemwogerere, wari…

Share this:
Posted on

Kajugujugu 10 zitinywa ku rugamba kurusha izindi ku isi – AMAFOTO

Share this:

Attack helicopters) ariko muri bwo hari ubuhiga ubundi mu mikorere no kwiringirwa ku rugamba. Dore kajugujugu 10 za mbere zo kugaba ibitero ziteye imbere kurusha izindi.   . Kajugujugu za gisirikare zizerwa ku rugamba kurusha izindi ku isi . Indege…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Hagiye gushyirwa hanze imodoka y’akataraboneka ifite imbere hameze nka hotel y’inyenyeri nyinshi izagura miliyari zisaga 2RWF – AMAFOTO

Share this:

Uruganda rushya rw’imodoka mu Budage, Dembell, rugiye gushyira hanze imodoka y’akataraboneka kandi ihenze cyane ikazaba iteye nka hotel yo ku rwego rwo hejuru kuko izaba irimo uburiri bungana nk’ubwo umwami, n’igarage rinini cyane.   Iyi modoka ikoresha chassis ya Benz Mercedes ndetse…

Share this:
Posted on

Perezida Evariste Ndayishimiye yaririye imbere y’abacamanza kubera ibibavugwaho

Share this:

“Ese nta mpuhwe ndi kurira imbere yanyu?” Ayo n’amwe mu magambo akomeye Perezida w’ u Burundi Evariste Ndayishimiye yavugiye imbere y’abacamanza mu nama yabahurijemo i Bujumbura.   . Perezida Ndayishimiye yasutse amarira imbere y’abacamanza . Perezida Ndayishimiye yasabye abacamanza kurangiza…

Share this:
Posted on

Impamvu 10 ukwiye kunywa The Vert, uko wayinywa n’ibyo ugomba kwitondera

Share this:

Thé vert (soma ‘te veri) ni iki?   Thé vert/green tea ni ubwoko bw’amajyane akoreshwa mu gukora icyayi, ariko nkuko izina ribigaragaza ni icyayi twakita ko ari ‘icyayi cy’icyatsi’, ushyize mu kinyarwanda.   . Akamaro ka The Vert ku mubiri…

Share this:
Posted on