Burya igice cy’umubiri wawe woga mbere igihe wiyuhagira gisobanuye byinshi ku mico yawe – SOBANUKIRWA
Niba koko uri ikiremwa muntu, ukunda kugirira isuku umubiri wawe, kandi urawubaha , kuwuhagira no kuwukarabya wabigize umuco, bisobanuye ko buri mu gitondo ukaraba ukitegura umunsi ukuri imbere. Ese ni ikihe gice cy’umubiri wawe uheraho iyo woga? Ese waba uzi…
IS ihanganye na RDF irashinjwa kugira uruhare mu gitero cyagabwe i Dar es Salaam
Umutwe wa Islamic State uhanganye n’Ingabo z’u Rwanda mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, urashyirwa mu majwi ushinjwa kugira aho uhurira n’igitero cyaguyemo abantu bane i Dar es Salaam muri Tanzania. Ni igitero cyagabwe ku gicamunsi cyo kuri uyu…
Arimo gishegesha ntavura: Umugabo yapfuye amaze umunsi umwe gusa akoze ubukwe
Umugabo witwa Dominic Ssemwogerere uzwi cyane muri Uganda kubera akazi ke k’ubuganga,yakoze ubukwe bw’igitangaza kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize n’umukunzi we Josephine Namuju ariko ku munsi wakurikiyeho yakoze impanuka byarangiye imuhitanye. Ikinyamakuru The New Vision cyavuze ko Bwana Ssemwogerere, wari…
Kajugujugu 10 zitinywa ku rugamba kurusha izindi ku isi – AMAFOTO
Attack helicopters) ariko muri bwo hari ubuhiga ubundi mu mikorere no kwiringirwa ku rugamba. Dore kajugujugu 10 za mbere zo kugaba ibitero ziteye imbere kurusha izindi. . Kajugujugu za gisirikare zizerwa ku rugamba kurusha izindi ku isi . Indege…
Hagiye gushyirwa hanze imodoka y’akataraboneka ifite imbere hameze nka hotel y’inyenyeri nyinshi izagura miliyari zisaga 2RWF – AMAFOTO
Uruganda rushya rw’imodoka mu Budage, Dembell, rugiye gushyira hanze imodoka y’akataraboneka kandi ihenze cyane ikazaba iteye nka hotel yo ku rwego rwo hejuru kuko izaba irimo uburiri bungana nk’ubwo umwami, n’igarage rinini cyane. Iyi modoka ikoresha chassis ya Benz Mercedes ndetse…
Perezida Evariste Ndayishimiye yaririye imbere y’abacamanza kubera ibibavugwaho
“Ese nta mpuhwe ndi kurira imbere yanyu?” Ayo n’amwe mu magambo akomeye Perezida w’ u Burundi Evariste Ndayishimiye yavugiye imbere y’abacamanza mu nama yabahurijemo i Bujumbura. . Perezida Ndayishimiye yasutse amarira imbere y’abacamanza . Perezida Ndayishimiye yasabye abacamanza kurangiza…
Impamvu 10 ukwiye kunywa The Vert, uko wayinywa n’ibyo ugomba kwitondera
Thé vert (soma ‘te veri) ni iki? Thé vert/green tea ni ubwoko bw’amajyane akoreshwa mu gukora icyayi, ariko nkuko izina ribigaragaza ni icyayi twakita ko ari ‘icyayi cy’icyatsi’, ushyize mu kinyarwanda. . Akamaro ka The Vert ku mubiri…
Igitera uburyaryate no kwishimagura igihe umuntu amaze koga n’uko yabyivura
Bishobora kuba byarakubayeho cyangwa nubu bikajya bkubaho. Wamara kwiyuhagira ukumva utuntu tukurya umubiri wose ndetse ukanishimagura.cyangwa waba uri kugenda mu mbeho, ukumva ku maguru umeze nk’aho hari utuntu turi kugutondagira. . Igitera umuntu kwishimagura igihe amaze koga . Uko…
Miss Pamella uri mu rukundo na The Ben yahishuye icyatumye avuga ko atazashaka umugabo ahubwo azabyara abana
Miss Uwicyeza Pamella yavuze byinshi byibazwaga ku kiganiro giherutse gusohoka avuga ku kuba ngo ‘atazashaka umugabo ahubwo ko azashaka umugabo uzamubyarira abana gusa ariko ngo batabana mu nzu’. . Miss Pamella Uwicyeza yavuze ko kuvuga ko atazashaka yabitewe n’ubwana…
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zamaze kugota ibirindiro bya nyuma by’inyeshyamba
Amakuru aturuka muri Mozambique aravuga ko Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza kiriya gihugu, zamaze kugota uduce twa Siri I na Siri II inyeshyamba zo mu mutwe wa Islamic State zari zisigaranye. . Ingabo za RDF zagose ibirindiro bya Siri I…