Latest post

Rubavu: Umugabo akurikiranweho kwica umukobwa we amuziza ko yatinze gutaha

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugabo ukekwaho kwica umwana we w’umukobwa w’imyaka 15 amuhoye ko yatinze gutaha.   . Umugabo ushinjwa gukubita umukobwa we agapfa yavuze ko yamukubise urushyi . Abaturanyi be bavuga ko ashobora kuba yaramunize kuko…

Posted on

Me Lurquin yashinje u Rwanda kumuhohotera ndetse ntiyemera yafatiwe cyo kutagaruka mu Rwanda

Umunyamategeko Vincent Lurquin yatangaje ko mbere y’uko yirukanwa ku butaka bw’u Rwanda mu mpera z’icyumweru gishize, yamaze amasaha 12 yatawe muri yombi harimo atandatu yahaswe ibibazo, gusa akavuga ko yazize ubusa kuko ngo nta tegeko na rimwe yishe.   ….

Posted on
Uncategorized

Bibiteye agahinda! Umugore yapfushije abana 5 mu mpanuka y’inkongi y’umuriro ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko [AMAFOTO]

Umubyeyi ufite imyaka 34 y’amavuko ufite abana batanu uzwi ku izina rya Sabrina Dunigan ukomoka mu gihugu cya Ghana yabuze abana be bose uko ari batanu mu mpanuka y’inkongi y’umuriro ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko.   . Umubyeyi yapfushije abana…

Posted on

Mozambique: Rwandan Army Carries modern Military Vehicles – PHOTOS

Rwandan troops in Mozambique to restore security in Cabo Delgado Province carrying a variety of equipment to assist in this work including unarmed war vehicles including those of the Isotrex Phantom II surprised many as it was not known that…

Posted on

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zitwaje ibifaro bikomeye bitari bizwi ko rutunze – AMAFOTO

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado zitwaje ibikoresho bitandukanye bizifasha muri aka kazi harimo imodoka z’intambara z’umutamenwa harimo izo mu bwoko bwa Isotrex Phantom II zatunguye benshi kuko bitari bizwi ko u Rwanda…

Posted on
Uncategorized

What you can drink that helps you cleanse the liver and make it work better

The liver is an important organ in the body. Its main function is to cleanse the blood from the cord to different parts of the body. The liver also helps in the release of chemicals and residues from the drugs…

Posted on
Uncategorized

Ibyo kunywa wafata bikagufasha gusukura umwijima no gutuma ukora neza

Umwijima ni urugingo rw’ingenzi mu mubiri. Akamaro kawo ka mbere ni ugusukura amaraso aba avuye mu rwungano ngogozi yerekeza ahantandukanye mu mubiri. Umwijima ufasha kandi mu gusohora ibinyabutabire n’ibyasigaye ku miti tuba twanyweye, bityo umubiri ntubonekemo uburozi.   . Umutobe…

Posted on

Afghanistan: Special unit of commandos tasked with protecting the capital Kabul – PHOTOS

The new Islamic State-led Islamic State of Iraq and the Levant (ISIL) has taken over the Badri 313, a special force with heavy equipment dominated by looted troops.   . Commandos guard the Afghan capital   The name of the…

Posted on

If a guy you are in love with likes to use these words soon you’re going to break up

Based on the research of relationship scientists, there is a way through which words can be verified to determine if you are indeed in a strong relationship or if you are in a relationship. In this article you will find…

Posted on

Abakobwa gusa: Niba umusore mukundana akunda gukoresha aya magambo vuba mugiye gutandukana

Tugendeye ku bushakashatsi bw’abahanga mu mibanire, hari inzira ishobora kunyuzwamo amagambo ukaba wamenya neza niba koko uri mu mubano ukomeye cyangwa niba warahirimye. Muri iyi nkuru urabonamo ibihamya by’uko umubano wawe udashikamye , ushingiye ku magambo y’uwo musore mukundana.  …

Posted on