Latest post

Zambia: Byinshi kuri perezida Hichilema watsinzwe incuro 5 zose akitwa umukozi wa Satani n’umu-freemason, gufungwa…

Share this:

Hakainde Hichilema yavutse ku itariki 04 Kamena 1962, ni umunyemari wo muri Zambia, umunyapolitiki , Umukirisitu wo mu itorero ry’Abadivantisti b’Umunsi wa karindwi n’ubwo hari abamwise umukozi wa Satani,ndetse akaba Perezida mushya watowe wa Zambia, nyuma yo guhatanira uyu mwanya…

Share this:
Posted on

Ingaruka mbi zikomeye cyane ushobora kuba utari uzi ziterwa no kumara igihe kinini Bluetooth ya Telefone yawe ifunguye

Share this:

Akenshi usanga twibanda ku gushyira imfunguzo zikaze (screen lock & app lock) muri telefone zacu ndetse tukanaharanira guhora telefone zigaragara neza umunsi kuwundi.   . Ibyago biterwa na kumara igihe kinini bluetooth ya telefoni ifunguye . Bluetooth igira ingaruka mbi…

Share this:
Posted on

Ibimenyetso 7 bigaragaza ko urukundo urimo rudafatika ndetse rutazaramba

Share this:

Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Urukundo nkuru ntakindi rukumarira usibye kukubabaza no kugutakariza igihe.   . Urukundo rujegajega…

Share this:
Posted on

Uncle Austin yavuze ‘bwa mbere’ uko uwari umukunzi we yamushinje kumwanduza SIDA bajyana kwipimisha agahakana ibisubizo bahawe na muganga

Share this:

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Luwano Tosh [Uncle Austin] umaze imyaka irenga 15 akomatanya iyi mirimo yombi, yavuze ‘bwa mbere’ uko yabayeho iminsi itari mike ahanganye no kumvisha uwari umukunzi we Mwiza Joannah ko ibyo yumvise by’uko yamwanduje SIDA atari ukuri.  …

Share this:
Posted on

PSG: Kugura Lionel Messi bigiye gushyira iherezo kuri Kylian Mbappe

Share this:

PSG iherutse gusaba Mbappe ko yasinya amasezerano y’imyaka 6 ndetse agahabwa umushahara ungana n’uwa Neymar abitera utwatsi akomeza kwicecekera. Gusa kuri ubu bishobora gutizwa umurindi no kuba Messi yaraje muri iyi kipe bakaba banyurana.   . Kylian Mbappe ashobora kwerekeza…

Share this:
Posted on

Zambia: Perezida Lungu yatinzwe amatora yegukanwe na Hichilema

Share this:

Komisiyo y’amatora ya Zambia yemeje ko amatora ya perezida yo mu cyumweru gishize uwayatsinze ari umukandida w’abatavugarumwe n’ubutegetsi Hakainde Hichilema.   . Hichilema yatsinze amatora muri Zambia . Perezida Lungu wa Zambiya yatsinzwe amatora . Zambia yabonye Perezida mushya bwana Hichilema…

Share this:
Posted on

Ibyo wamenya kuri Gen. Kabandana uyoboye ingabo z’u Rwanda muri Mozambique

Share this:

Guhora maso, kutajenjeka, ikinyabupfura no kugira dipolomasi, ngo ni amwe mu magambo meza wakoresha usobanura Maj. Gen. Innocent Kabandana, uyoboye ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu Ntara ya Cabo Delgado, mu majyaruguru ya Mozambique kurwanya ibyihebe byari bimaze imyaka itanu byarigaruriye…

Share this:
Posted on

Umukobwa yibye telefoni ihenze ya nyirabuja kugira ngo ashimishe umukunzi we

Share this:

Umukobwa witwa Rebecca Isiche Elumbe ukomoka mu gihugu cya Kenya,yakoze amahano yiba ibintu by’agaciro birimo na telefoni bya nyirabuja arangije abijyana ku mukunzi we kugira ngo amushimishe.   Uyu mukobwa wakoraga mu rugo muri Kenya,yacunze abakoresha batari mu rugo niko…

Share this:
Posted on

Lionel Messi watunguriwe i Paris yahaye isererano rikomeye abafana ba PSG

Share this:

Abafana ba FC Barcelona bakiranye urugwiro Lionel Messi biramurenga niko kubabwira ko icyumweru kimwe amaze i Paris kidasanzwe ku buzima bwe ndetse atazigera acyibagirwa.   . Liionel Messi yahaye isezerano rikomeye abafana ba PSG  . Messi yatunguwe n’ukuntu yakiriwe i…

Share this:
Posted on

Abataliban bageze i Kabul, Perezida Ghani akizwa n’amaguru

Share this:

Hari amakuru avuga ko Perezida wa Afghanistan, Ashraf Ghani yahunze igihugu, mu gihe aba Taliban bageze i Kabul.   . Perezida wa Afganistan yahunze . Abatalibani bamaze gufata umurwa mukuru Kabul   Ibiro ntaramakuru Reuters bisubiramo amagambo y’umutegetsi wo hejuru…

Share this:
Posted on